{"id":4218,"date":"2016-12-30T09:56:08","date_gmt":"2016-12-30T09:56:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/30\/urupfu-nongeye-kurusimbuka-wenda-nanjye-ndi-ku-rutonde-rw-abazicwa-twagiramungu\/"},"modified":"2025-02-12T17:15:29","modified_gmt":"2025-02-12T15:15:29","slug":"urupfu-nongeye-kurusimbuka-wenda-nanjye-ndi-ku-rutonde-rw-abazicwa-twagiramungu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218","title":{"rendered":"Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Iyi mvugo ni iya Twagiramungu Faustin, wabaye umunyapolitiki mu Rwanda aza guhunga nyuma yo kuva mu mwanya wa Minisitiri w\u2019Intebe mu mwaka w\u20191995, ubu akaba aba ku mugabane w\u2019i Burayi.<\/em> <\/strong><br \/>\nKu itariki ya 16 Gicurasi 2014 i Buruseli mu Bubiligi, Twagiramungu Faustin nibwo yatangarije itangazamakuru avuga ko yasimbutse urupfu, avuga ko hari abamuhamagaye bamubwira ko agiye kwicwa.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/twagira.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-52583\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/twagira-1024x576.jpg\" alt=\"twagira\" width=\"610\" height=\"343\" \/><\/a><br \/>\nUmunyamakuru yaramubajije ati: \u201cNyakubahwa Twagiramungu hari amakuru arimo kutugeraho avuga ko waba warusimbutse, ese urwo wasimbutse ni iki? Ni urupfu cyangwa ni urukiramende?\u201d.<br \/>\nMu kumusubiza yagize ati: \u201ckurusimbuka ngirango umuntu ashaka kuvuga urupfu, kuko navuze urupfu abenshi bagirango ni urukiramende, ntabwo aribwo bwa mbere ahubwo n\u2019uko ntavuga amagambo menshi\u201d.<br \/>\nUmunyamakuru ati: \u201cubu se urukiramende uracyabasha kurusimbuka?.<br \/>\nTwagiramungu ati: \u201cNabuzwa niki se? ntabwo numva mfite imbaraga nke, no gusimbuka urukiramende nabikora, ikindi nagirango nkumenyeshe ko wenda urwo nasimbuka rutaba rureshya n\u2019izindi ariko uruto narusimbuka, nshobora gusimbuka urugufi wenda ururerure nkarwihorera\u201d aka bakanyujijemo nk\u2019urwenya.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAha Twagiramungu yakomeje avuga ko hari umuntu wamuhamagaye avuga igifaransa ndetse anamusobanurira ko akora muri serivisi ya sekurite y\u2019Ububiligi, amubwira ko agiye kumwoherereza abantu baje kumureba boherejwe n\u2019urwego rw\u2019umutekano rw\u2019u Bubiligi, ko baraza bambaye imyenda ya gisivile ariko ari abapolisi.<br \/>\nAti: \u201cbaraje ndabakira bambwira ko hari amakuru bafite ko nshobora kwicwa, kandi ko bikaze, bati ku bw\u2019izo mpamvu rero turaba tugumye ahangaha kugeza igihe tuboneye andi mabwiriza\u201d.<br \/>\nAkomeza avuga ko nyuma haje umuyobozi wo mu rwego rushinzwe umutekano, haza n\u2019abandi bapolisi bafite ikimodoka cya burende, imodoka nto ya voiture ifite ibirahuri byijimye ( <em>fum\u00e9e noire<\/em> ),\u2026 ngo bamubwira ko aribyo yazajya agendamo.<br \/>\nAha yagize ati: \u201cbanyigishije n\u2019uburyo nzajya mbyitwaramo, bambwira ko amakuru yaturutse mu gihugu cya Afurika, ntabwo bambwiye icyo aricyo, nta bantu nangana nabo muri Afurika, baba Abanyekongo, Abagande se, Abatanzaniya(\u2026)\u201d.<br \/>\nIbi Twagiramungu yabivugaga kuri 14 Mata 2014, ariko akanashimangira ko ubwo yohererezwaga uburinzi hari ku wa 4 Mata, ibi bikaba byarabaye nyuma y\u2019amezi make nabwo avuze ko acyeka ko nawe yaba ari ku rutonde rw\u2019abazicwa.<br \/>\nNyuma y\u2019iminsi mike Col Patrick Karegeya yishwe, ubwo nabwo yaganiraga n\u2019itangazamakuru, yagize icyo avuga ku rupfu rw\u2019uwo musirikare wiciwe muri Afurika y\u2019Epfo, arangije anashimangira ko urupfu rwe ari amahano.<br \/>\nAho yagize ati: \u201cwasanga nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa\u201d aha akaba yari abivuze abikuye ku iyicwa rye (Karegeya) arigereranya n\u2019iyicwa ry\u2019intama cyangwa ingurube baniga.<br \/>\nUyu Twagiramungu Faustin uhora yikanga urupfu ni umukambwe w\u2019imyaka 71 y\u2019amavuko, akaba ari umuyobozi w\u2019ishyaka RDI-Rwanda rwiza, ntatangaza icyo abashaka kumwicira bamuziza.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Twagiramungu-Faustin1.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-52584\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/Twagiramungu-Faustin1-1024x554.jpg\" alt=\"twagiramungu-faustin1\" width=\"649\" height=\"351\" \/><\/a><br \/>\nMbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Twagiramungu yari umunyapolitiki ukomeye ndetse unazwi kuri iriya Ngoma ya Habyarimana unazi byinshi byayo, kugera naho yiswe Rukokoma.<br \/>\nNyuma y\u2019aho FPR-Inkotanyi ihagarikiye Jenoside igafata ubutegetsi, Twagiramungu yagizwe Minisitiri w\u2019Intebe amaraho umwaka umwe gusa, kuva tariki ya 19 Nyakanga 1994 kugera tariki ya 31 Kanama 1995.<br \/>\nNyuma yaho Twagiramungu yahise ahungira i Burayi, agaruka mu Rwanda 2003 aje kwiyamamaza ku mwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu ariko birangira abonye amajwi 3.62%, asubira i Burayi akubita agatoki ku kandi ko amajwi ye yibwe.<br \/>\nUyu munyapolitiki, uyu mwaka nibwo yongeye gutangaza ko amatora ateganyijwe muri 2017, azagaruka mu Rwanda kongera kwiyamamariza uyu mwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu ndetse anavuga ko azaca mu nzira zose ariko bikarangira ahageze, ibi bisa nkaho byashiriye mu mvugo dore ko nta kindi yari yongera kubivugaho kandi umwaka ubura umunsi umwe ngo undi utangire.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nTwagiramungu ubu ishyaka abereye umuyobozi rirwanya Leta y\u2019u Rwanda kimwe nandi arimo FDLR, RNC, Ishema,\u2026ariko akorera hanze y\u2019u Rwanda.<br \/>\nYagiye yitanagriza ko akorana na FDLR, dore ko ishyaka rye ryihuje nayo, ndetse akanayitera inkunga, mu gihe iyi FDLR ifatwa nk\u2019umutwe w\u2019iterabwoba kubera ibikorwa by\u2019ubwicanyi n\u2019ibindi byo guhungabanya umutekano ikora, ugizwe na bamwe basize bakoze jenoside mu Rwanda yorotse ubuzima bw\u2019abasaga miliyoni.<br \/>\nUyu Twagiramungu uhora yikanga abashaka kumuhitana, ese ni bande, baba bamuziza iki? Ibi nibyo benshi bagiye bibaza bikabayobera mu gihe we avuga ko azakina politiki kugera ku munota we wanyuma w\u2019ubuzima.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>Nsengiyumva Philipe\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyi mvugo ni iya Twagiramungu Faustin, wabaye umunyapolitiki mu Rwanda aza guhunga nyuma yo kuva mu mwanya wa Minisitiri w\u2019Intebe mu mwaka w\u20191995, ubu akaba aba ku mugabane w\u2019i Burayi. Ku itariki ya 16 Gicurasi 2014 i Buruseli mu Bubiligi, Twagiramungu Faustin nibwo yatangarije itangazamakuru avuga ko yasimbutse urupfu, avuga ko hari abamuhamagaye bamubwira ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4218","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iyi mvugo ni iya Twagiramungu Faustin, wabaye umunyapolitiki mu Rwanda aza guhunga nyuma yo kuva mu mwanya wa Minisitiri w\u2019Intebe mu mwaka w\u20191995, ubu akaba aba ku mugabane w\u2019i Burayi. Ku itariki ya 16 Gicurasi 2014 i Buruseli mu Bubiligi, Twagiramungu Faustin nibwo yatangarije itangazamakuru avuga ko yasimbutse urupfu, avuga ko hari abamuhamagaye bamubwira ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-30T09:56:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:15:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/twagira-1024x576.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu\",\"datePublished\":\"2016-12-30T09:56:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218\"},\"wordCount\":682,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/twagira-1024x576.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218\",\"name\":\"Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/twagira-1024x576.jpg\",\"datePublished\":\"2016-12-30T09:56:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:29+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/twagira-1024x576.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/twagira-1024x576.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4218#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu - BWIZA","og_description":"Iyi mvugo ni iya Twagiramungu Faustin, wabaye umunyapolitiki mu Rwanda aza guhunga nyuma yo kuva mu mwanya wa Minisitiri w\u2019Intebe mu mwaka w\u20191995, ubu akaba aba ku mugabane w\u2019i Burayi. Ku itariki ya 16 Gicurasi 2014 i Buruseli mu Bubiligi, Twagiramungu Faustin nibwo yatangarije itangazamakuru avuga ko yasimbutse urupfu, avuga ko hari abamuhamagaye bamubwira ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-30T09:56:08+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:15:29+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/twagira-1024x576.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu","datePublished":"2016-12-30T09:56:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218"},"wordCount":682,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/twagira-1024x576.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4218#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218","name":"Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/twagira-1024x576.jpg","datePublished":"2016-12-30T09:56:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:29+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4218"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/twagira-1024x576.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/twagira-1024x576.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4218#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw\u2019abazicwa- Twagiramungu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4218","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4218"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4218\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4218"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4218"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4218"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}