{"id":4222,"date":"2016-12-30T11:49:59","date_gmt":"2016-12-30T11:49:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/30\/u-rwanda-n-039-ingamba-nshya-zo-kuzana-abashinjwa-uruhare-muri-jenoside-bari-mu\/"},"modified":"2025-02-12T17:15:27","modified_gmt":"2025-02-12T15:15:27","slug":"u-rwanda-n-039-ingamba-nshya-zo-kuzana-abashinjwa-uruhare-muri-jenoside-bari-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222","title":{"rendered":"U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Leta y\u2019u Rwanda ikomeje umugambi wo kuzana Abanyarwanda baba mu mahanga bakurikiranyweho ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994. Nyamara ntibyoroshye kuko bigaragara ko hakiri ibihugu bikomeje gusa n\u2019ibyimana abo bantu nubwo bahari kandi bazwi.<\/strong> <\/em><br \/>\nNi mu gihe kandi ibarura riheruka ryerekanye ko ibihugu byo ku mugabane w\u2019Afurika biza mu myanya y\u2019imbere mu gucumbikira aba banyarwanda baba bakekwaho ibi byaha ariko ntibyorohere u Rwanda kubageraho ngo ubutabera bubakurikirane.<br \/>\nNi muri urwo rwego Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iza ku mwanya wa mbere mu gucumbikira Abanyarwanda benshi aho icumbikiye abagera kuri 46, Uganda 38, u Burundi 12 ndetse na 11 babarirwa muri Congo Brazza naho mu bindi bihugu bisigaye hakaba kabarurwa abagera ku 10.<br \/>\nInama y\u2019Abaminisitiri iheruka, Guverinoma y\u2019u Rwanda yemeje Umushinga w\u2019Itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano yo kohererezanya abakekwaho ibyaha n\u2019abahamwe nabyo hagati ya Repubulika y\u2019u Rwanda na Repubulika ya Congo (Congo Brazzaville) yashyiriweho umukono muri icyo gihugu mu Ugushyingo 2013.<br \/>\nInkuru dukesha the new times ivuga ko kugeza ubu  ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda butangaza ko hari icyizere ko ibyo kohereza mu Rwanda abakekwaho jenoside yakorewe Abatutsi bari muri Congo Brazzaville bizagerwaho vuba nyuma y\u2019amasezerano yashyizweho umukono n\u2019ibihugu byombi yo guhererekanya abanyabyaha, igisigaye kikaba ari ukugeza uyu mushinga mu ntako ishinga amategeko ikawigaho mu gihe Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga yo yatangiye kugirana ibiganiro n\u2019iki gihugu ku ishyirwa mu bikorwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNkusi Faustin, umuvugizi w\u2019ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda avuga ko kugeza ubu bamaze kohereza ubusabe bw\u2019abantu 11 baba muri icyo gihugu bakekwaho ibyaha bya jenoside.<br \/>\nAgira ati\u201dtwamaze gusaba Congo Brazzaville kohereza mu Rwanda abantu 11. Bagiye batubwira impamvu zitandukanye mu gihe dosiye y\u2019ukekwa yabaga yarangiye, aya masezerano ni intambwe nziza dutegereje icyo bizatanga.\u201d<br \/>\nAkomeza avuga ko bitewe no kuba abanyamahanga bagorana mu gutanga abakekwaho ibyaha bya jenoside, byatumye u Rwanda rushyiraho gahunda ikubiye mu masezerano y\u2019ubuhahirane hagati ya rwo n\u2019ibyo bihugu kugira ngo bizarworohere kubageraho. Ayo masezerano kandi arimo ajyanye n\u2019ihererekanya ry\u2019abanyabyaha hagati y\u2019ibihugu byombi bityo u Rwanda bikazarworohera.<br \/>\nGuhera muri 2007 ubwo hatangizwaga ibikorwa byo gushakisha ababa barasize bahekuye igihugu hirya no hino ku isi, hatahuwe abasaga 600 bo mu bihugu bigera kuri 32 byo ku mugabane w\u2019Afurika, u Burayi, Canada, Amerika ya ruguru, new Zeland n\u2019ahandi hatandukanye.<br \/>\nMu ntangiriro z\u2019uku kwezi k\u2019Ukuboza 2016 nibwo igipolisi cya Malawi cyashinjwe gukingira ikibaba umwe mu bakekwaho uruhare muri jenoside yo muri Mata 1994 mu Rwanda, Vincent Munyeshyaka wabaga muri kiriya gihugu.<br \/>\nBimwe mi bituma umugambi wo gukurikirana abashinjwa ibyaha bya jenoside mu Rwanda bitagerwaho neza, harimo gukingira ikibaba abakurikiranywe, kudatanga amakuru kw\u2019ibyo bihugu biba bibacumbikiye, guhindura imyirondoro kw\u2019abakekwa n\u2019ibindi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nPerezida wa IBUKA, Prof Dusingizemungu Jean Pierre, asaba ko ibihugu bicumbikiye abasize bakoze jenoside mu Rwanda bikwiye kumva ko ari inshingano yabyo kubohereza kuburanira aho bakoreye ibyaha bitewe n\u2019uko ubutabera bw\u2019u Rwanda bwemewe ku rwego mpuzamahanga nk\u2019ubutanga ubutabera buboneye.<br \/>\nNi mu gihe kandi hari bimwe mu bihugu byatangiye kubahiriza aya masezerano yo guhererekanya abakurikiranyweho uruhare muri Jenoside nk\u2019u Buholandi, u Budage, Amerika, Kanada, Norvege n\u2019ibindi.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Leta y\u2019u Rwanda ikomeje umugambi wo kuzana Abanyarwanda baba mu mahanga bakurikiranyweho ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994. Nyamara ntibyoroshye kuko bigaragara ko hakiri ibihugu bikomeje gusa n\u2019ibyimana abo bantu nubwo bahari kandi bazwi. Ni mu gihe kandi ibarura riheruka ryerekanye ko ibihugu byo ku mugabane w\u2019Afurika biza mu myanya y\u2019imbere mu gucumbikira aba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4222","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Leta y\u2019u Rwanda ikomeje umugambi wo kuzana Abanyarwanda baba mu mahanga bakurikiranyweho ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994. Nyamara ntibyoroshye kuko bigaragara ko hakiri ibihugu bikomeje gusa n\u2019ibyimana abo bantu nubwo bahari kandi bazwi. Ni mu gihe kandi ibarura riheruka ryerekanye ko ibihugu byo ku mugabane w\u2019Afurika biza mu myanya y\u2019imbere mu gucumbikira aba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-30T11:49:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:15:27+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4222#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4222\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika\",\"datePublished\":\"2016-12-30T11:49:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:27+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4222\"},\"wordCount\":540,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4222#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4222\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4222\",\"name\":\"U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-12-30T11:49:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:27+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4222#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4222\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4222#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika - BWIZA","og_description":"Leta y\u2019u Rwanda ikomeje umugambi wo kuzana Abanyarwanda baba mu mahanga bakurikiranyweho ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994. Nyamara ntibyoroshye kuko bigaragara ko hakiri ibihugu bikomeje gusa n\u2019ibyimana abo bantu nubwo bahari kandi bazwi. Ni mu gihe kandi ibarura riheruka ryerekanye ko ibihugu byo ku mugabane w\u2019Afurika biza mu myanya y\u2019imbere mu gucumbikira aba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-30T11:49:59+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:15:27+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika","datePublished":"2016-12-30T11:49:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:27+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222"},"wordCount":540,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4222#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222","name":"U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-12-30T11:49:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:27+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4222"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4222#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda n&#039;ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by\u2019Afurika"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4222","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4222"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4222\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4222"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4222"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4222"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}