{"id":4224,"date":"2016-12-30T12:56:54","date_gmt":"2016-12-30T12:56:54","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/12\/30\/urujijo-urupfu-rwa-gen-adolphe-nshimiyimana-ruracyazamo-amazina-y-abayobozi\/"},"modified":"2025-02-12T17:15:25","modified_gmt":"2025-02-12T15:15:25","slug":"urujijo-urupfu-rwa-gen-adolphe-nshimiyimana-ruracyazamo-amazina-y-abayobozi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224","title":{"rendered":"Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye"},"content":{"rendered":"<p> <em>Mu Kanama 2015 nibwo Gen Adolphe Nshimiyimana, wari umuyobozi w\u2019urwego rushinzwe iperereza mu Burundi yishwe, ubu abashinjwa kugiramo uruhare bakaba barimo gukurikirwa mu nkiko ari bakaba banasaba ko abandi bari muri dosiye imwe nabo bazanwa ariko ntibishyirwe mu bikorwa.<\/em><br \/>\nUbwo bagezwaga imbere y\u2019urukiko rukuru rwa Ntahangwa, abantu 7 barimo abasirikare n\u2019abapolisi bashinjwa kwica Adolphe nibwo batoboye basaba ko n\u2019abandi bari muri dosiye nabo bafatwa nabo bakaza bakaburanishwa hamwe nabo.<br \/>\nAbo bakaba ari uwahoze ari uwungirije Minisitiri w\u2019ingabo mu gihe Lt Gen Adolphe Nshimiyimana yicwaga, Guverineri w\u2019intara ya Cankuzo, komiseri wa polisi mu ntara ya Cankuzo ndetse n\u2019undi mupolisi (officier) ukorera mu mujyi wa Bujumbura,\u2026<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nRPA dukesha iyi nkuru itangaza ko ibi ari urujijo ku bagize uruhare mu iyicwa rya Gen Adolphe, abashinjwa kumwica basigaye ari 7 mu gihe bari bafashwe ari 8.<br \/>\nMuri abo bafashwe harimo abapolisi 3 n\u2019abasirikare 5, umwe muri bo witwa R\u00e9novat Nimubona akaba yarishwe mu minsi ishize, ubwo byatangazwaga ko yatorotse nawe amaze kwica umupolisi urinda gereza, nabwo urupfu rwe ruba amayobera.<br \/>\n <strong>Urujijo ku rupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana<\/strong><br \/>\nUbwo Gen Adolphe Nshimiyimana yicwaga, byinshi byaravuzwe ndetse binatangazwa ko Leta y\u2019u Burundi yaba yarabigizemo uruhere.<br \/>\nByagiye bitangazwa ko yiciwe muri perezidansi nyuma amasasu yarasiwe mu Kamenge aho bitangazwa ko yiciwe akaba ari agakino kakinwe, nk\u2019uko ibinyamakuru bitandukanye by\u2019i Burundi byagiye bibitangaza.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIbi bikaba byarateje urujijo dore ko banahasanze umunyamakuru wa RFI wari wahawe amakuru y\u2019ikinamico yose, ahagera mbere kugirango yifatire amakuru neza, ariko ntibyamuhiriye dore ko yahise afatwa arahohoterwa anamburwa ibikoresho bye, ibyo yafashe birasibwa.<br \/>\nKu wa 2 Kanama 2015 ku isaha ya saa mbiri na mirongo 45 (8:45) nibwo uyu musirikare ukomeye mu gisirikare cy\u2019u Burundi yishwe, aya makuru yemejwe nk\u2019impamo na Leta y\u2019u Burundi ndetse binashimangirwa na Perezida Nkurunziza agaragaza akababaro atewe no kubura Adolphe.<br \/>\nMuri icyo gihe kandi nibwo ikinyamakuru RBI (Radio Burundi international) cyatangaje ko umwe mu basirikare bari bateguwe bagomba kwica Gen Nshimiyimana yacitse nyuma yo kubona ko azahembwa urupfu.<br \/>\nUwo musirikare akaba yaratangazaga ko yahunze igihugu akaba yarashakirwaga igihugu yahabwamo ubuhungiro i Burayi, avuga ko yahabwaga amabwiriza yo kwica Gen Adolphe hamwe na bagenzi be bakoranaga mu ngabo kabuhariwe zishinzwe kurinda perezida.<br \/>\nIki kinyamakuru cyakomezaga gitangaza ko abo basore bishe Gen Adolphe ngo baherewe amabwiriza ahantu h\u2019ubwihisho, mu nzu bahishwemo na nyuma yo kumwica y\u2019uwitwa G\u00e9n Ndakugarika, bakaba barazaga guhabwa amabwiriza na Nyamitwe Willy umujyanama muri perezidansi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNyamitwe ngo yabahaga amabwiriza anabizeza ibihembo, \u201cTurindiriye yuko Komiseri Bunyoni ayatora kwa nyakubahwa\u201d iri ni rimwe mu gambo yababwiye.<br \/>\nUyu musore kandi yavugaga ko yahunze nyuma yo kubona ko ibihembo bya Nyamitwe Willy ari urupfu, dore ko anahamya neza ko bagenzi be yasize muri iyo nzu bishoboka ko byarangiye bishwe kugirango batazashyira hanze ukuri.<br \/>\nAmakuru yagiye atangazwa n\u2019abantu batandukanye ni uko Gen Nshimiyimana ngo yaba yirishwe mbere, ababonye imodoka iraswa loketi ngo ntiyari irimo Gen Adolphe ahubwo ko ari umurambo we wazanwe ukarasirwa aho mu Kamenge.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/adolphe_ns.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-52616 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/adolphe_ns.jpg\" alt=\"adolphe_ns\" width=\"600\" height=\"450\" \/><\/a><br \/>\nBitangazwa kandi ko Gen. Adolphe yaba yararasiwe muri perezidansi nyuma yo kwigumura ku myanzuro yo gutanga ubuyobozi, uyu mujenerali adashaka ko ihabwa abo adashaka dore ko avugwaho kuba yaravugaga rikijyana ndetse ntanavugirwemo<br \/>\nLeta y\u2019u Burundi nta kintu yigeze ivuga kuri iya makuru ngo wenda ibe yayanyomoza, ubu hashize umwaka n\u2019amezi 4 yishwe, urupfu rwe rukaba rukiri urujijo abaturage nabo ubwabo batabasha kwisobanurira dore ko havugwa byinshi, by\u2019umwihariko kuba n\u2019abashinjwa kubigiramo uruhare bavuga ko hari abayobozi babifitemo uruhare, ariko ntibafatwe nabyo bikaba urundi rujijo.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <em> <strong>Nsengiyumva Philipe\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Kanama 2015 nibwo Gen Adolphe Nshimiyimana, wari umuyobozi w\u2019urwego rushinzwe iperereza mu Burundi yishwe, ubu abashinjwa kugiramo uruhare bakaba barimo gukurikirwa mu nkiko ari bakaba banasaba ko abandi bari muri dosiye imwe nabo bazanwa ariko ntibishyirwe mu bikorwa. Ubwo bagezwaga imbere y\u2019urukiko rukuru rwa Ntahangwa, abantu 7 barimo abasirikare n\u2019abapolisi bashinjwa kwica Adolphe nibwo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4224","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Kanama 2015 nibwo Gen Adolphe Nshimiyimana, wari umuyobozi w\u2019urwego rushinzwe iperereza mu Burundi yishwe, ubu abashinjwa kugiramo uruhare bakaba barimo gukurikirwa mu nkiko ari bakaba banasaba ko abandi bari muri dosiye imwe nabo bazanwa ariko ntibishyirwe mu bikorwa. Ubwo bagezwaga imbere y\u2019urukiko rukuru rwa Ntahangwa, abantu 7 barimo abasirikare n\u2019abapolisi bashinjwa kwica Adolphe nibwo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-30T12:56:54+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:15:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/adolphe_ns.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye\",\"datePublished\":\"2016-12-30T12:56:54+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224\"},\"wordCount\":607,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/adolphe_ns.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224\",\"name\":\"Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/adolphe_ns.jpg\",\"datePublished\":\"2016-12-30T12:56:54+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:25+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/adolphe_ns.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/12\\\/adolphe_ns.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4224#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye - BWIZA","og_description":"Mu Kanama 2015 nibwo Gen Adolphe Nshimiyimana, wari umuyobozi w\u2019urwego rushinzwe iperereza mu Burundi yishwe, ubu abashinjwa kugiramo uruhare bakaba barimo gukurikirwa mu nkiko ari bakaba banasaba ko abandi bari muri dosiye imwe nabo bazanwa ariko ntibishyirwe mu bikorwa. Ubwo bagezwaga imbere y\u2019urukiko rukuru rwa Ntahangwa, abantu 7 barimo abasirikare n\u2019abapolisi bashinjwa kwica Adolphe nibwo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-12-30T12:56:54+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:15:25+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/adolphe_ns.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye","datePublished":"2016-12-30T12:56:54+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224"},"wordCount":607,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/adolphe_ns.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4224#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224","name":"Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/adolphe_ns.jpg","datePublished":"2016-12-30T12:56:54+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:25+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4224"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/adolphe_ns.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/12\/adolphe_ns.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4224#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y\u2019abayobozi bamugambaniye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4224","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4224"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4224\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4224"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4224"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4224"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}