{"id":42550,"date":"2021-12-02T08:43:14","date_gmt":"2021-12-02T08:43:14","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/12\/02\/umutangabuhamya-mu-rubanza-rwa-muhayimana-yavuze-ko-yabeshye-kuko-atari\/"},"modified":"2021-12-02T08:43:14","modified_gmt":"2021-12-02T08:43:14","slug":"umutangabuhamya-mu-rubanza-rwa-muhayimana-yavuze-ko-yabeshye-kuko-atari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550","title":{"rendered":"Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga"},"content":{"rendered":"<p><strong>Urukiko rw&#8217;i Paris mu Bufaransa ruburanisha ibyaha mpanabyaha rwumvise abatangabuhamya bagizwe ahanini n&#8217;abagize uruhare mu bitero byagabwe mu bice binyuranye byo muri komini Gitesi ku Kibuye.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Mu iburanisha ryo kuwa Gatatu, abatangabuhamya bumviswe harimo babiri bafunzwe, batanze ubuhamya hifashishijwe ikoranabuhanga. Abo ni Alexis Kabagema ufungiye i Muhanga wakatiwe imyaka 30 na Ga\u00ebtan Rutazihana ufungiye i Nyanza. <\/p>\n<p>Uwitwa Ga\u00ebtan Rutazihana ufungiye muri gereza ya Nyanza we ibyo yavuze urukiko rwamugaragarije ko binyuranye n&#8217;ibyo yabwiye abajandarume b&#8217;Abafaransa bakoze iperereza kuri iyi dosiye. <\/p>\n<p>Avuga ko ibyo yavuze byinshi yabyumviye mu ikusanyamakuru muri gereza ya Gisovu, abivuga nk&#8217;aho yabibonye kandi yarabyumvise mu ikusanyamakuru. <\/p>\n<p>Aha yagize Ati &#8220;Hariya navuze ko nabonye Claude Muhayimana atwaye Daihatsu y&#8217;ubururu ndabasaba imbabazi nsaba n&#8217;Imana imbabazi kuko nabeshye.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu mugabo wasobanuye ko yafunguwe amaze kwemera ibyaha hakagaragara ko hari abantu bajugunywe mu cyobo rusange ku bitaro bya Kibuye, ashinjwa kugira uruhare mu iyicwa ryabo akatirwa gufungwa burundu. <\/p>\n<p>Bamubajije impamvu yari yavuze ko Muhayimana yagize uruhare muri jenoside yibwira ko kuba yaratwaye Interahamwe mu modoka gusa nta ngaruka byamugiraho avuga ko yabiteye n&#8217;uko atari yagatangiye gusenga.<\/p>\n<p>Undi mutangabuhamya ni Kabagema Alexis yagarutse ku bitero yagiyemo byarimo Claude Muhayimana mu gihe   Musabyimana Louis uzwi nka Mido we warangije igihano cy&#8217;igifungo cy&#8217;imyaka 14 yari yarakatiwe, yavuze ko  Yagaragaje kandi ko Muhayimana yagiye atwara abantu mu bitero byagabwe mu bice binyuranye bya Kibuye harimo na Bisesero (RBA).<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urukiko rw&#8217;i Paris mu Bufaransa ruburanisha ibyaha mpanabyaha rwumvise abatangabuhamya bagizwe ahanini n&#8217;abagize uruhare mu bitero byagabwe mu bice binyuranye byo muri komini Gitesi ku Kibuye. Mu iburanisha ryo kuwa Gatatu, abatangabuhamya bumviswe harimo babiri bafunzwe, batanze ubuhamya hifashishijwe ikoranabuhanga. Abo ni Alexis Kabagema ufungiye i Muhanga wakatiwe imyaka 30 na Ga\u00ebtan Rutazihana ufungiye i [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-42550","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urukiko rw&#8217;i Paris mu Bufaransa ruburanisha ibyaha mpanabyaha rwumvise abatangabuhamya bagizwe ahanini n&#8217;abagize uruhare mu bitero byagabwe mu bice binyuranye byo muri komini Gitesi ku Kibuye. Mu iburanisha ryo kuwa Gatatu, abatangabuhamya bumviswe harimo babiri bafunzwe, batanze ubuhamya hifashishijwe ikoranabuhanga. Abo ni Alexis Kabagema ufungiye i Muhanga wakatiwe imyaka 30 na Ga\u00ebtan Rutazihana ufungiye i [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-12-02T08:43:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42550#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42550\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga\",\"datePublished\":\"2021-12-02T08:43:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42550\"},\"wordCount\":245,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42550#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42550\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42550\",\"name\":\"Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-12-02T08:43:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42550#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42550\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42550#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga - BWIZA","og_description":"Urukiko rw&#8217;i Paris mu Bufaransa ruburanisha ibyaha mpanabyaha rwumvise abatangabuhamya bagizwe ahanini n&#8217;abagize uruhare mu bitero byagabwe mu bice binyuranye byo muri komini Gitesi ku Kibuye. Mu iburanisha ryo kuwa Gatatu, abatangabuhamya bumviswe harimo babiri bafunzwe, batanze ubuhamya hifashishijwe ikoranabuhanga. Abo ni Alexis Kabagema ufungiye i Muhanga wakatiwe imyaka 30 na Ga\u00ebtan Rutazihana ufungiye i [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-12-02T08:43:14+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga","datePublished":"2021-12-02T08:43:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550"},"wordCount":245,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=42550#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550","name":"Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-12-02T08:43:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=42550"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42550#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umutangabuhamya mu rubanza rwa Muhayimana yavuze ko yabeshye kuko atari yagatangiye gusenga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/42550","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=42550"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/42550\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=42550"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=42550"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=42550"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}