{"id":4256,"date":"2017-01-02T09:52:42","date_gmt":"2017-01-02T09:52:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/02\/ikibazo-cyakunze-kugaruka-mu-byo-perezida-kagame-yasabye-ko-byakosoka-guhera-mu\/"},"modified":"2025-02-12T17:15:05","modified_gmt":"2025-02-12T15:15:05","slug":"ikibazo-cyakunze-kugaruka-mu-byo-perezida-kagame-yasabye-ko-byakosoka-guhera-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256","title":{"rendered":"Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umukuru w\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda yashoje umwaka wa 2016 akigaragaza ko hari ibintu bimwe na bimwe bitarajya mu buryo, mu butumwa perezida Kagame amaze iminsi ageza ku bantu bo mu nzego zitandukanye yagiye agaruka ku kibazo cy\u2019imikorere idahwitse ya bamwe mu bayobozi ndetse agaruka cyane ku kibazo cy\u2019imitangire ya serivisi avuga ko ikeneye kuvugururwa.<\/em> <\/strong><br \/>\nMu bihe byashize hagiye humvikana bamwe mu bayobozi baregwa n\u2019abaturage kubadingiza muri serivisi babasaba, hari aho byagiye bisaba ko perezida ubwe aba yibereye hamwe n\u2019abaturage kugirango babashe guhabwa serivisi baba barasabye igihe kirekire.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIjambo rikubiyemo ubutumwa busoza 2016 bukanatangira 2017, perezida Kagame yagejeje ku banyarwanda urisesenguye usanga rigaruka ku gukomeza guharanira iterambere ndetse no kwita ku mitangire ya serivisi zinoze<br \/>\nIbi ubihuje n\u2019ibyo umukuru w\u2019igihugu yavuze mu gusoza inama y\u2019igihugu y\u2019umushyikirano ya 14 ndetse n\u2019ibyo Perezida Kagame yavugiye mu kiganiro yagiranye n\u2019urwego rw\u2019abikorera muri 2016, bigaragaza ko umukuru w\u2019igihugu yamaze kubona ko hari ikibazo gikomeye mu mitangire ya serivisi mu nzego z\u2019ubuyobozi.<br \/>\nMu kiganiro n\u2019abikorera mu Rwanda, agaruka ku kibazo cyo kuba inzego za leta zitinda kubishyura, perezida Kagame yagize ati \u201c Ikibazo cyo kutishyura Abaprivate sector (Abikorera) muzi igihe tukiganiriye, iki kibazo duhora tukiganira kandi akenshi iyo tugiye mu mizi yacyo ntabwo dusanga ari uko habuze icyo kubishyura, ni ibintu bijya aho biga\u2026 bigahera mu mpapuro bakakubwira ko uwari ubifite.., uwari ubifite ngo yagiyeee\u2026 aho yagiye simpazi. Bambwira ko aho tugeze impapuro zaciwe ntawukizikoresha ubu ari ugukanda ibyuma gusa ariko byagera kwishyura bikajya mu mpapuro, bakavuga ngo yagiye (ubishinzwe) uwagiye bambwira ko haje ibintu bya telefone na internet n\u2019iki\u2026 office ntabwo ijyana n\u2019umuntu ariko bakakubwira ngo yagiye!!\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu nama y\u2019igihugu y\u2019umushyikirano nabwo perezida Kagame yagarutse ku kibazo cya serivisi n\u2019imitangirwe yayo muri iyi minsi, aha perezida Kagame yahisemo kugaruka kuri iki kibazo yabonaga kitaravuzweho mu nama y\u2019iminsi ibiri yari iri gusozwa ndetse anasaba ko hari kubaho ikiganiro cyihariye kuri iki kintu.<br \/>\nAha yagize ati \u201cIbintu byo gutanga za serivise, uko zitangwa ndumva bitaraganiriwe, iyo tuza kugira abantu babiduhaho ikiganiro ngo tugire icyo tubivugaho. customer care mwabyibagiwe nkana cyangwa ni uko mutabihaye uburemere buhagije\u201d<br \/>\nAkomeza agira ati \u201c Ariko ndagirango mbigarukeho kuri ubu buryo, aho waba ushaka serivise hose, wagiye muri banki, wagiye muri Hoteli, mu ndege, ku kibuga cy\u2019indege, aho wajya hose uri umuntu ushishoza wagenda ubona icyo ushobora guhindura.\u201d<br \/>\nPerezida Kagame yavuze kandi ko abahabwa serivisi mbi nabo bafite ikibazo gikomeye, ati \u201c Njye ndanabishyira no kubahabwa serivisi, cyane cyane ndetse. Iyo ukorerwa ikintu akenshi kandi uri bunishyure, umuntu akagukorera uko ashaka ukakira ukishyura ukagenda uba ufite ikibazo nawe. Niba tudasaba serivise nziza natwe dufite ikibazo\u201d<br \/>\nAsoza umwaka wa 2016, umukuru w\u2019igihugu noneho yahisemo kwibutsa abaturage kugira umutima wo gusaba serivise zibagomba nk\u2019inkingi y\u2019iterambere, ati \u201cMu Rwanda dusenyera umugozi umwe, abaturage iyo basaba ko babaha serivise zinoze kandi zigera kuri bose icyo gihe baba bafashije abayobozi, ni uburenganzira bwa buri wese gusaba ibisobanuro aho umuntu atanyuzwe ndetse no gutanga inama z\u2019uko ubona ibintu bikwiye gukorwa ngo bibe byiza kurushaho tuzarushaho kugera kure twifuza nidushyira imbere ubufatanye, ubwubahane n\u2019urukundo dufitiye igihugu cyacu\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMuri uyu mwaka ushize bwo n\u2019ubwo umukuru w\u2019igihugu atatembereye mu baturage cyane ngo yakire ibibazo by&#8217;abaturage, hagaragaye kwegura kwinshi kw\u2019abayobozi mu nzego z\u2019ibanze cyane cyane mu mirenge n\u2019utugali, n\u2019ubwo byagendaga bitangazwa ko aba beguye ku mpamvu zabo bwite, mu buryo butandukanye no mu bihe bitandukanye ubu bwegure minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu yagiye ibuhuza no kuba baba baneguzwa n\u2019imikorere idahwitse.<br \/>\nKu wa 10 Ugushingo mukiganiro n\u2019abanyamakuru, umunyamabanga wa leta ushinzwe iterambere ry\u2019abaturage muri minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu, Vincent Munyeshyaka yagize ati \u201cImpamvu zituma umuntu ava mu kazi zisa n\u2019izatumye akajyamo. Zishobora kuba impamvu ze yumva atagishaka gukora umurimo runaka, cyangwa bitewe n\u2019uko ashaka guhindura akajya mu bindi ariko biranashoboka no kuva mu mpamvu z\u2019imikorere, kuko ukora nabi ngira ngo ntabwo twamwihanganira.\u201d<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<a href=\"https:\/\/web.facebook.com\/\">Schadrack@bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukuru w\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda yashoje umwaka wa 2016 akigaragaza ko hari ibintu bimwe na bimwe bitarajya mu buryo, mu butumwa perezida Kagame amaze iminsi ageza ku bantu bo mu nzego zitandukanye yagiye agaruka ku kibazo cy\u2019imikorere idahwitse ya bamwe mu bayobozi ndetse agaruka cyane ku kibazo cy\u2019imitangire ya serivisi avuga ko ikeneye kuvugururwa. Mu bihe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4256","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukuru w\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda yashoje umwaka wa 2016 akigaragaza ko hari ibintu bimwe na bimwe bitarajya mu buryo, mu butumwa perezida Kagame amaze iminsi ageza ku bantu bo mu nzego zitandukanye yagiye agaruka ku kibazo cy\u2019imikorere idahwitse ya bamwe mu bayobozi ndetse agaruka cyane ku kibazo cy\u2019imitangire ya serivisi avuga ko ikeneye kuvugururwa. Mu bihe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-02T09:52:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:15:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4256#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4256\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016\",\"datePublished\":\"2017-01-02T09:52:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4256\"},\"wordCount\":689,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4256#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4256\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4256\",\"name\":\"Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-02T09:52:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:15:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4256#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4256\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4256#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016 - BWIZA","og_description":"Umukuru w\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda yashoje umwaka wa 2016 akigaragaza ko hari ibintu bimwe na bimwe bitarajya mu buryo, mu butumwa perezida Kagame amaze iminsi ageza ku bantu bo mu nzego zitandukanye yagiye agaruka ku kibazo cy\u2019imikorere idahwitse ya bamwe mu bayobozi ndetse agaruka cyane ku kibazo cy\u2019imitangire ya serivisi avuga ko ikeneye kuvugururwa. Mu bihe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-02T09:52:42+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:15:05+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016","datePublished":"2017-01-02T09:52:42+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256"},"wordCount":689,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4256#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256","name":"Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-02T09:52:42+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:15:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4256"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4256#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4256","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4256"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4256\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4256"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4256"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4256"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}