{"id":4258,"date":"2017-01-02T10:39:22","date_gmt":"2017-01-02T10:39:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/02\/hari-abagitinya-umuvumu-nyabingi-yabagamo-abandi-bagakeka-ko-uva-amaraso\/"},"modified":"2017-01-02T10:39:22","modified_gmt":"2017-01-02T10:39:22","slug":"hari-abagitinya-umuvumu-nyabingi-yabagamo-abandi-bagakeka-ko-uva-amaraso","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258","title":{"rendered":"Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso"},"content":{"rendered":"<p>Bashingiye ku myemerere n\u2019imyizerere yo hambere, bituma hari abaturage bagifata mu buryo budasanzwe igiti cy\u2019umuvumu giherereye mu karere ka Burera mu murenge wa Butaro; by\u2019umwihariko mu ivuriro rwagati rya Butaro ahahoze hitwa mu Ndorwa kubera gutinya ko bagirirwa nabi na Nyabingi bivugwa ko ari bwo bwari ubuturo bwe.<br \/>\nNyabingi yamamaye cyane mukarere k\u2019amajyaruguru y\u2019u Rwanda, ahahoze ari mu Ndorwa; bikavugwa ko akomoka mu Bugande. Nyabingi akaba yari umugore bivugwa ko atigeze agira umugabo mu buryo buzwi. Ariko nyuma yaje gukunda indwanyi yarikomeye yitwaga Rulinda wa Ruhinda, uyu Rulinda ni nawe waje kumwiyicira.<br \/>\nAbandi banditsi batandukanye bagerageje gusobanura Nyabingi nk\u2019umukobwa w\u2019inkumi witwaga \u201cKanzanire\u201d akaba umukobwa w\u2019umuhererezi wo mumuryango wa Gahaya. akaba yarakaswe umutwe kw\u2019itegeko rya se kubera ko yibye amabanga ye yaraturutse kubakurambere ba se. Nyuma rero umuzimu waje gutera se umusaba ko umuha igihugu cye cya wenyine wakwigengamo, bawuha Ndorwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmuntu wabaga afite ibibazo binyuranye yaba hanze cyangwa mumurwango we yitabazaga umwuka utagaragara akaba ariwo ubasha kubona ibyo bibazo. Uwo mwuka wamwoherezaga kumuhuza na NYABINGI bita (Umugirwa) akaba ariwo ubasha guphobya no kwirukana iyo myuka mibi. Uwabaga aje gukora iyo mihango yagombaga kuba yitwaje ibitambo.<br \/>\nMuganga HABIMANA Jean Francois Regis umaze imyaka 5 akorera mu ivuriro rya Butaro riherereyemo uyu muvumu avuga ko iki giti cyubashywe bidasanzwe ku buryo mu myaka yo hambere hari abari bakizana ibitambo nk\u2019ihene baje gutura Nyabingi ngo abafashe gusohoka mu bibazo barimo.<br \/>\n<figure id=\"attachment_52821\" aria-describedby=\"caption-attachment-52821\" style=\"width: 480px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/IMG_2071.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-52821 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/IMG_2071.jpg\" alt=\"img_2071\" width=\"480\" height=\"617\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-52821\" class=\"wp-caption-text\">Uyu muvumu ufite amateka adasanzwe ari nayo atuma bawubaha<\/figcaption><\/figure><br \/>\n <strong>Icyubahiro abaturage baha iki giti cyatumye abubaka batinya kugitema<\/strong><br \/>\nMu gihe habagaho kuvugurura inyubako muri ibi bitaro, hatekerejwe gutema iki giti ariko abaturage bagitsimbaraye kuri iyo myemerere bababera ibamba birangira igiti kigumyeho cyane ko uretse imyemerere hari n\u2019abari bafite ubwoba bw\u2019ibibazo bashoboraga guterwa n\u2019umujinya w\u2019umuranduranzuzi wa Nyabingi igihe cyose bamusenyeye indaro.<br \/>\nHabimana akomeza avuga ko hari abatekereza ko kiva amaraso. \u201cIki giti ureba gifite amateka adasanzwe cyane ukurikije  nuko abaturage bagifata. Abashatse kugikuraho babonye uko abaturage bagifata n\u2019agaciro bagiha batinya kugitema. Bamwe mu baturage bakekaga ko n\u2019uwagitema cyava amaraso.\u201d<br \/>\nYakomeje avuga ko n\u2019ubwo nta muntu uherutse kubonwa aje gutanga igitambo kuri icyo giti kivugwaho kuba indaro ya Nyabingi, bishoboka ko hari n\u2019uwaza ari nijoro yitwaje ko arwaje cyangwa arwariye kwa muganga kugira ngo abashe kwikemurira ikibazo no kwisabira umugisha kwa Nyabingi nk\u2019uko hari bamwe bakigaragaza kumufata nk\u2019umuntu w\u2019ingenzi mu buzima bwabo.<br \/>\nIribagiza Clementine twaganiriye aje gusura umubyeyi wari wibarutse avuye ku kigo nderabuzima cya Ndongozi avuga ko nawe ibyo kuba hari abagiha agaciro imyemerere ishingiye kuri uwo muvumu n\u2019umugisha wavaga kuri Nyabingi abyumva ariko akaba nta makuru ahagije abifiteho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nYagize ati, \u201cIbyo ndabyumva ndetse ngo hari n\u2019abahazanaga ibitambo ari ko mu by\u2019ukuri ntacyo mbiziho cyane kuko n\u2019ibivugwa, ariko iki giti gifite amateka atari make ku buryo nta n\u2019uwatinyuka kugitema kuko abaturage bamureba nabi.\u201d<br \/>\nBiragoye kubona ibyo umuntu yafata nk\u2019ihame ku bigendanye na \u2018Nyabingi\u2019 bajyaga bita \u2018Nyabyinshi\u2019 kuko ibyinshi byabanditsweho ari ibitekerezo by\u2019abanyamateka n\u2019abashakashatsi. Impaka ku bivugwa kuri Nyabingi zikomeje kuba nyinshi kimwe na Ryangombe wafatwaga nk\u2019imandwa nkuru ndetse bagahamya ko umwuka we utura mu kirunga cya Nyamuragira.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>Theogene U @Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bashingiye ku myemerere n\u2019imyizerere yo hambere, bituma hari abaturage bagifata mu buryo budasanzwe igiti cy\u2019umuvumu giherereye mu karere ka Burera mu murenge wa Butaro; by\u2019umwihariko mu ivuriro rwagati rya Butaro ahahoze hitwa mu Ndorwa kubera gutinya ko bagirirwa nabi na Nyabingi bivugwa ko ari bwo bwari ubuturo bwe. Nyabingi yamamaye cyane mukarere k\u2019amajyaruguru y\u2019u Rwanda, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-4258","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amateka-numuco"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bashingiye ku myemerere n\u2019imyizerere yo hambere, bituma hari abaturage bagifata mu buryo budasanzwe igiti cy\u2019umuvumu giherereye mu karere ka Burera mu murenge wa Butaro; by\u2019umwihariko mu ivuriro rwagati rya Butaro ahahoze hitwa mu Ndorwa kubera gutinya ko bagirirwa nabi na Nyabingi bivugwa ko ari bwo bwari ubuturo bwe. Nyabingi yamamaye cyane mukarere k\u2019amajyaruguru y\u2019u Rwanda, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-02T10:39:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/IMG_2071.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso\",\"datePublished\":\"2017-01-02T10:39:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258\"},\"wordCount\":563,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/IMG_2071.jpg\",\"articleSection\":[\"amateka-numuco\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258\",\"name\":\"Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/IMG_2071.jpg\",\"datePublished\":\"2017-01-02T10:39:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/IMG_2071.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/IMG_2071.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4258#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso - BWIZA","og_description":"Bashingiye ku myemerere n\u2019imyizerere yo hambere, bituma hari abaturage bagifata mu buryo budasanzwe igiti cy\u2019umuvumu giherereye mu karere ka Burera mu murenge wa Butaro; by\u2019umwihariko mu ivuriro rwagati rya Butaro ahahoze hitwa mu Ndorwa kubera gutinya ko bagirirwa nabi na Nyabingi bivugwa ko ari bwo bwari ubuturo bwe. Nyabingi yamamaye cyane mukarere k\u2019amajyaruguru y\u2019u Rwanda, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-02T10:39:22+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/IMG_2071.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso","datePublished":"2017-01-02T10:39:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258"},"wordCount":563,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/IMG_2071.jpg","articleSection":["amateka-numuco"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4258#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258","name":"Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/IMG_2071.jpg","datePublished":"2017-01-02T10:39:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4258"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/IMG_2071.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/IMG_2071.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4258#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4258","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4258"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4258\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4258"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4258"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4258"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}