{"id":4275,"date":"2017-01-03T07:41:23","date_gmt":"2017-01-03T07:41:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/03\/ubwongereza-mu-rwanda-ihene-yambaye-uruhu-rw-intama\/"},"modified":"2017-01-03T07:41:23","modified_gmt":"2017-01-03T07:41:23","slug":"ubwongereza-mu-rwanda-ihene-yambaye-uruhu-rw-intama","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275","title":{"rendered":"Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama"},"content":{"rendered":"<p>Inyandiko igaragara mu gitabo cyitwa \u201cBritain\u2019s Real Role in the World\u201d bishatse kuvuga \u201cUmumaro nyawo w\u2019Ubwongereza ku isi\u201d cyanditswe na Mark Curtis hagaragaramo uruhare rugaragara iki gihugu cyagize muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibihugu nk\u2019Ubwongereza n\u2019Amerika kuri ubu bifitanye umubano n\u2019u Rwanda nibyo bigarukwaho cyane muri iyi nyandiko.<br \/>\nUruhare rw\u2019Ubwongereza n\u2019Amerika muri jenoside yakorewe Abatutsi ntirwakunze kugarukwaho mu itangazamakuru, ariko nk\u2019uko bigaragara muri iki gitabo, Ubwongereza n\u2019Amerika nabo bagize uruhare rukomeye muri jenoside yakorewe Abatutsi.<br \/>\nGusa uruhare rw\u2019ibi bihugu rushingiye cyane ku gutambamira inyungu zabyo kugirango bidatakaza ingabo zavyo cyangwa ubutunzi, bitandukanye n\u2019Ubufaransa kuko bwo bwari bufite ingabo mu Rwanda zafashije interahamwe koroherwa no kwica Abatutsi.<br \/>\nIyi nkuru iribanda ku bintu by\u2019ingenzi bigaragaza uruhare rwa bamwe mu bari abayobozi muri ibi bihugu mu gutambamira imigambi yagombaga gutabara abatutsi basaga miliyoni bishwe mu gihe cy\u2019amezi atatu gusa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>Jenoside itangiye Ubwongereza bwagabanyije ingabo zabwo zo mu butumwa bw\u2019amahoro aho kuzongera.<\/strong><br \/>\nMu gihe ibintu byari bigeze aho bikomeye, abakeneye ubutabazi bamaze kuba benshi, Ubwongereza bwo bwahisemo kugabanya ingabo zabwo zabaga mu butumwa bw\u2019amahoro ziva ku 2500 hasigara ingabo 270 gusa.<br \/>\nMuri cya gitabo twavuze hejuru, Mark Curtis avuga kuri iki gikorwa cy\u2019Ubwongereza yagize ati \u201cIki cyemezo cyahaye agahenge abari barateguye jenoside kuko  bahise bamenya ko LONI itazatabara.\u201d<br \/>\nUmunyacanada, Romeo Dallaire, wayoboraga ingabo za Loni zari mu butumwa mu Rwanda yagereranyije iki gikorwa cy\u2019Ubwongereza nko kwerekana ko amahanga yose atashakaga kumva uburemere bw\u2019ibyaberaga mu Rwanda.<br \/>\nDavid Hannay, wari Ambasaderi w\u2019Ubwongereza muri LONI niwe watanze igitekerezo ko ingabo z\u2019uyu muryango zari mu bikorwa by\u2019amahoro zagabanywa, Amerika yabaye iya mbere kwakirana yombi iki gitekerezo. Ibrhaim Gambari wari uhagarariye Nigeria muri LONI we yagaragaje ko ahubwo izi ngabo zakongerwa ariko abagabo n\u2019abagore bari bahagarariye ibihugu by\u2019ibikomerezwa baramuzibiranya maze ubwongereza buba ubwa mbere bugabanya ingabo zabwo.<br \/>\nRomeo Dallaire, mu gahinda kenshi ababajwe n\u2019iki cyemezo yagize ati <em>\u201cAbasirikare banjye bahagaze hagati y\u2019imirambo, bararebera amaso y\u2019utwana turi gupfa tuvirirana amaraso,ibikomere biri kubababaza byamaze kugermo inyo, nanjye ubwanjye ndi gutembera mu giturage ahari kuboneka intumbi z\u2019amatungo n\u2019abantu bari kuribwa n\u2019imbwa n\u2019imbwebwe\u201d<\/em><br \/>\n<figure id=\"attachment_52921\" aria-describedby=\"caption-attachment-52921\" style=\"width: 647px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DallaireInset2.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-52921\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DallaireInset2.jpg\" alt=\"dallaire@bwiza.com\" width=\"647\" height=\"450\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-52921\" class=\"wp-caption-text\">Dallaire yasuye urwibutso rwa jenoside<\/figcaption><\/figure><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nGusa uwari perezida w\u2019Amerika, Bill Clinton we ubwo yasuraga u Rwanda mu 1998, (hashize imyaka ine jenoside ihagaritswe) yakoze ibisa no gusaba imbabazi muri aya magambo ati \u201cNtitwagize icyo dukora vuba jenoside igitangira, ntitwagombaga kwemera ko inkambi z\u2019impunzi zihisha abicanyi, ntanubwo twahise twemera ko ibi byaha byitwa izina rya nyaryo \u2018Jenoside\u201d<br \/>\n <strong>Ubwongereza nibwo bwarwanyije cyane ko ibyabaye mu Rwanda byahabwa inyito ya Jenoside,<\/strong>  iki gihugu cyarwanyije bikomeye ko mu muryango w\u2019Abibumbumbye hakoreshwa ijambo Jenoside havugwa ibyabaye mu Rwanda, ibi ahanini babiterwaga n\u2019uko bamenye ko nibemera ko habaye jenoside baraba bishyizeho ikosa ryo kudatabara kandi amabwiriza ya UN avuga koahabaye bene iki cyaha isi yose igomba guhagurukira kukirwanya.<br \/>\nNyuma mu kwezi kwa Karindwi akanama k\u2019umutekano ka LONI kaje kwemera ko ibyabaye mu Rwanda byakwitwa Jenoside ariko hadaciye kabiri nyuma y\u2019umwaka umwe Ubwongereza bwongeye kuzamura ikibazo buvuga ko butaremera ko ibyabaye mu Rwanda yaba ari Jenoside mu ibaruwa bwandikiye UN.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>Mu mpera z\u2019ukwezi kwa Gicurasi LONI yungutse ikindi gitekerezo nabwo Ubwongereza bukibuza kugera ku ntego<\/strong><br \/>\nMuri uku kwezi LONI yatangaje umugambi mushya wo kohereza mu Rwanda ingabo ibihumbi 5500 kugirango zihagarike ubwicanyi, iki gitekerezo cyemejwe nk\u2019ikigiye gushyirwa mu bikorwa ariko kidindizwa n\u2019intumwa y\u2019Amerika yari ishyigikiwe nabwo na leta y\u2019Ubwongereza.<br \/>\nUbwo akanama gashinzwe umutekano kari kamaze kwemera kohereza ingabo mu Rwanda, n\u2019ubundi Ubwongereza bwanze gutanga indege za gisirikale zo gufasha izo ngabo mu gihe byinshi mu bihugu byari byemeye gutanga ingabo ari ibyo muri Afurika bidafite ubushobozi bwo kugira indege zabyo.<br \/>\nBigoranye nyuma y\u2019igihe kitari gito kandi Interahamwe zikica Abatutsi nibwo Ubwongereza bwemeye gutanga imodoka za gisirikare 50, izi nazo zageze mu kwezi kwa karindwi zitarakandagira mu Rwanda, Lynda Chalker wari minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019Ubwongereza ahubwo we yasuye u Rwanda abonana na Romeo Dallaire mu kwezi kwa karindwi 1994, Dallaire yamubwiye ko hari abantu bakicwa kandi ko imodoka zitari zaza maze uyu mugore akigera mu Bwongereza avugira kuri BBC2 ko Dallaire yakoze amakosa akwiye kumujyana mu nkiko kuko atabashije kwemeza UN kugirango itabare.<br \/>\nMu gihe cya Jenoside UN yayoborwaga na Boutros Boutros-Ghali, uyu yasabye Linda Melvern (Intumwa y\u2019Ubwongereza muri UN icyo gihe) hamwe na Madeleine Albright (Intumwa y\u2019Amerika) kugira icyo bakora ngo jenoside mu Rwanda ihagarare maze bamusubiza muri aya magambo<br \/>\nBati \u201cAriko ufite kibazo ki Boutros? tuza! Wishaka kudushora mu bihe bikomeye, ibiri kuba ntibikeneye ubutabazi, ntacyo uzabona, ntaho tuzajya\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIyi nkuru yakuwe mu gitabo cy\u2019uwitwa, Mark Curtis yanditse ashaka kugaragaza uburyo igihugu cy\u2019Ubwongereza kishushanya kikigaragariza amahanga nk\u2019igitagatifu kandi gifite uruhare mu bibi bibera hafi y\u2019ahantu hose ku isi guhera mu mwaka wa 1945 nyuma y\u2019intambara ya kabiri y\u2019isi.<br \/>\nUmubano w\u2019u Rwanda n\u2019ubwongereza kuri ubu umeze neza, iyi myitwarire y\u2019Ubwongereza muri Jenoside yakorewe Abatutsi ntikunze kugarukwaho cyo kimwe n\u2019Amerika. Ubwongereza mu kanama ka LONI gashinzwe umutekano bufitemo umwanya uhoraho.<br \/>\n<figure id=\"attachment_52922\" aria-describedby=\"caption-attachment-52922\" style=\"width: 669px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/book.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-52922 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/book-669x1024.jpg\" alt=\"book\" width=\"669\" height=\"1024\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-52922\" class=\"wp-caption-text\">Igitabo gikubiyemo uruhare rw&#8217;Ubwongereza mu byaha bibera ku isi<\/figcaption><\/figure><br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<a href=\"https:\/\/web.facebook.com\/\">Schadrack@bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inyandiko igaragara mu gitabo cyitwa \u201cBritain\u2019s Real Role in the World\u201d bishatse kuvuga \u201cUmumaro nyawo w\u2019Ubwongereza ku isi\u201d cyanditswe na Mark Curtis hagaragaramo uruhare rugaragara iki gihugu cyagize muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibihugu nk\u2019Ubwongereza n\u2019Amerika kuri ubu bifitanye umubano n\u2019u Rwanda nibyo bigarukwaho cyane muri iyi nyandiko. Uruhare rw\u2019Ubwongereza n\u2019Amerika muri jenoside yakorewe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18],"tags":[],"class_list":["post-4275","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-zicukumbuye"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inyandiko igaragara mu gitabo cyitwa \u201cBritain\u2019s Real Role in the World\u201d bishatse kuvuga \u201cUmumaro nyawo w\u2019Ubwongereza ku isi\u201d cyanditswe na Mark Curtis hagaragaramo uruhare rugaragara iki gihugu cyagize muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibihugu nk\u2019Ubwongereza n\u2019Amerika kuri ubu bifitanye umubano n\u2019u Rwanda nibyo bigarukwaho cyane muri iyi nyandiko. Uruhare rw\u2019Ubwongereza n\u2019Amerika muri jenoside yakorewe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-03T07:41:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DallaireInset2.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama\",\"datePublished\":\"2017-01-03T07:41:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275\"},\"wordCount\":895,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/DallaireInset2.jpg\",\"articleSection\":[\"Zicukumbuye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275\",\"name\":\"Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/DallaireInset2.jpg\",\"datePublished\":\"2017-01-03T07:41:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/DallaireInset2.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/DallaireInset2.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4275#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama - BWIZA","og_description":"Inyandiko igaragara mu gitabo cyitwa \u201cBritain\u2019s Real Role in the World\u201d bishatse kuvuga \u201cUmumaro nyawo w\u2019Ubwongereza ku isi\u201d cyanditswe na Mark Curtis hagaragaramo uruhare rugaragara iki gihugu cyagize muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibihugu nk\u2019Ubwongereza n\u2019Amerika kuri ubu bifitanye umubano n\u2019u Rwanda nibyo bigarukwaho cyane muri iyi nyandiko. Uruhare rw\u2019Ubwongereza n\u2019Amerika muri jenoside yakorewe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-03T07:41:23+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DallaireInset2.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama","datePublished":"2017-01-03T07:41:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275"},"wordCount":895,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DallaireInset2.jpg","articleSection":["Zicukumbuye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4275#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275","name":"Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DallaireInset2.jpg","datePublished":"2017-01-03T07:41:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4275"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DallaireInset2.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/DallaireInset2.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4275#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw\u2019Intama"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4275","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4275"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4275\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4275"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4275"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4275"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}