{"id":42863,"date":"2021-12-11T09:00:00","date_gmt":"2021-12-11T09:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/12\/11\/u-rwanda-rwagize-icyo-ruvuga-ku-bikorwa-bya-gisirikare-ingabo-za-uganda-zirimo\/"},"modified":"2021-12-11T09:00:00","modified_gmt":"2021-12-11T09:00:00","slug":"u-rwanda-rwagize-icyo-ruvuga-ku-bikorwa-bya-gisirikare-ingabo-za-uganda-zirimo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863","title":{"rendered":"U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC"},"content":{"rendered":"<p><strong>Guverinoma y&#8217;u Rwanda yatangaje ko iri gukurikiranira hafi ibikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda ni iza RDC zirimo byo guhashya umutwe wa ADF, gusa ivuga ko ikibazo cy&#8217;uriya mutwe kireba biriya bihugu byombi gusa.<\/strong><\/p>\n<p>Kuva tariki ya 30 Ugushyingo ni bwo Ingabo za Uganda zatangije ibikorwa bya gisirikare byo gushyira iherezo ku mutwe w&#8217;iterabwoba wa ADF, nyuma y&#8217;igihe ugaba ibitero ku baturage b&#8217;inzorakarengane bo mu ntara za Kivu y&#8217;Amajyaruguru na Ituri.<\/p>\n<p>Uyu mutwe kandi uvugwaho kugaba ibitero by&#8217;iterabwoba byagiye bihitana ubuzima bw&#8217;abantu ku butaka bwa Uganda.<\/p>\n<p>Leta ya Uganda biciye mu munyamabanga muri Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga, Henry Oryem Okello, iherutse gutangaza ko ishyigikiwe n\u2019u Rwanda mu bikorwa ingabo zayo zirimo byo guhiga abarwanyi bo mu mutwe wa ADF.<\/p>\n<p>Minisitiri Oryem aganira na Televiziyo ya NTV yagize ati: &#8220;Twabonye ubufasha bwa Kenya n\u2019ibindi bihugu. Ntabwo twahise tubona igisubizo cy\u2019ako kanya k\u2019u Rwanda, ariko turabizi ko bari ku ruhande rwacu.&#8221;<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Guverinoma y&#8217;u Rwanda, Yolande Makolo aganira na RFI, yavuze ko ibikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda n&#8217;iza Congo Kinshasa zirimo byo guhashya ADF ari ikibazo kireba Kampala na Kinshasa gusa.<\/p>\n<p>Cyakora cyo yavuze ko u Rwanda ruri gukurikiranira hafi imigendekere ya biriya bikorwa bya gisirikare, ndetse n&#8217;ingaruka bishobora kugira ku mutekano w&#8217;u Rwanda, mbere yo gushimangira ko guharanira umutekano w&#8217;akarere biri mu nyungu za buri wese.<\/p>\n<p>Kuri ubu ibikorwa byo guhiga ADF ingabo za Uganda na RDC zirimo biri kubera i Beni muri Kivu y&#8217;Amajyaruguru, agace kari kure cyane y&#8217;umupaka w&#8217;u Rwanda. Cyakora cyo u Rwanda rusanga Uganda ishobora gukina undi mukino.<\/p>\n<p>Umwe mu bantu begereye ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda wavuganye na RFI yagaragaje ko &#8220;Niba ibi bigarukira gusa ku kurwanya ADF, nta kibazo gihari. Ariko niba Uganda ishishikajwe no gutera inkunga indi mitwe yitwaje intwaro iri muri RDC igamije guhungabanya u Rwanda, byo byaba ikibazo.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Guverinoma y&#8217;u Rwanda yatangaje ko iri gukurikiranira hafi ibikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda ni iza RDC zirimo byo guhashya umutwe wa ADF, gusa ivuga ko ikibazo cy&#8217;uriya mutwe kireba biriya bihugu byombi gusa. Kuva tariki ya 30 Ugushyingo ni bwo Ingabo za Uganda zatangije ibikorwa bya gisirikare byo gushyira iherezo ku mutwe w&#8217;iterabwoba wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-42863","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Guverinoma y&#8217;u Rwanda yatangaje ko iri gukurikiranira hafi ibikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda ni iza RDC zirimo byo guhashya umutwe wa ADF, gusa ivuga ko ikibazo cy&#8217;uriya mutwe kireba biriya bihugu byombi gusa. Kuva tariki ya 30 Ugushyingo ni bwo Ingabo za Uganda zatangije ibikorwa bya gisirikare byo gushyira iherezo ku mutwe w&#8217;iterabwoba wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-12-11T09:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42863#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42863\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC\",\"datePublished\":\"2021-12-11T09:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42863\"},\"wordCount\":332,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42863#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42863\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42863\",\"name\":\"U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-12-11T09:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42863#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42863\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=42863#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC - BWIZA","og_description":"Guverinoma y&#8217;u Rwanda yatangaje ko iri gukurikiranira hafi ibikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda ni iza RDC zirimo byo guhashya umutwe wa ADF, gusa ivuga ko ikibazo cy&#8217;uriya mutwe kireba biriya bihugu byombi gusa. Kuva tariki ya 30 Ugushyingo ni bwo Ingabo za Uganda zatangije ibikorwa bya gisirikare byo gushyira iherezo ku mutwe w&#8217;iterabwoba wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-12-11T09:00:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC","datePublished":"2021-12-11T09:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863"},"wordCount":332,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=42863#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863","name":"U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-12-11T09:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=42863"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=42863#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku bikorwa bya gisirikare ingabo za Uganda zirimo muri RDC"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/42863","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=42863"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/42863\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=42863"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=42863"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=42863"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}