{"id":4312,"date":"2017-01-05T14:12:43","date_gmt":"2017-01-05T14:12:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/05\/reg-yasobanuye-impamvu-ibiciro-by-039-amashanyarazi-byagabanutse-serivisi\/"},"modified":"2025-02-12T17:14:34","modified_gmt":"2025-02-12T15:14:34","slug":"reg-yasobanuye-impamvu-ibiciro-by-039-amashanyarazi-byagabanutse-serivisi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312","title":{"rendered":"REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z\u2019amashanyarazi REG kiratangaza ko kuba harabaye ibibazo byo kugura umuriro guhera mu ntangiriro z&#8217;umwaka wa 2017 nta kibazo kidasanzwe kirimo kuko serivisi zatangwaga zakomeje gutangwa nubwo zagenze nabi ndetse zikanyuzamo zikanahagarara.<\/em> <\/strong><br \/>\nMu kiganiro iki kigo cyagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa 5 Mutarama 2017, hagarutswe ku kibazo cy\u2019ibura ry\u2019umuriro mu bice byinshi by\u2019igihugu aho wasangaga abantu benshi batoye imirongo ku bakora akazi ko gutanga umuriro ndetse rimwe na rimwe kuwugura bikanga mu gihe kingana n\u2019iminsi igera kuri 3.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAbajijwe ku cyakorwa haramutse hagaragaye ibintu byangiritse kubera iki kibazo, umuyobozi w\u2019iki kigo Mugiraneza Jean Bosco yagize ati\u201dnta kibazo twigeze tugezwaho cy\u2019ibyaba byarangiritse kubera ibura ry\u2019umuriro, ariko habaye hari icyabaye, umukiriya yabimenyesha RURA nayo ikaduhuza.\u201d<br \/>\nUyu muyobozi yakomeje avuga ko kuba harabayeho ibibazo bidasanzwe mu kugura no kwinjiza umuriro muri mubazi (Cash power) nta kibazo kirimo kidasanzwe kuko serivisi zakomeje gutangwa gusa ko icyabaye ari ukuba zaragendaga gahoro byageraho zikanahagarara ariko ngo bikaba biri mu nzira zo gukemuka burundu.<br \/>\nIbibazo byo kugura umuriro mu gihugu hose byatangiye ku itariki ya mbere Mutarama 2017, aho wasangaga imirongo y\u2019abatari bacye ku bashinzwe kugurisha umuriro w\u2019amashanyarazi kuko ubundi buryo bwo kuwugura hakoreshejwe imiyoboro ya za sosiyeti z&#8217;itumanaho bwari bwanze.<br \/>\nIbi bibazo ngo bikaba byaratewe ahanini no kuba hari uburyo bushya bwo kugabanya ibiciro ku bafatabuguzi b\u2019umuriro w\u2019amashanyarazi bikaba ari na byo byatumye habaho impinduka zidasanzwe.<br \/>\nUyu muyobozi yasobanuye ko impamvu zatumye serivisi zo kugura umuriro no kuwinjiza muri mubazi zigenda nabi byatewe n&#8217;uburyo bushya bwo kugabanya ibiciro bwari bwatangijwe uwo munsi no kuba abaganaga izo serivisi bari benshi kurushaho.<br \/>\n <strong>Ibiciro byagabanutse kuri bamwe abandi biracyari bya bindi<\/strong><br \/>\nNubwo iki kigo cyagaragaje ko habayeho impinduka ku biciro by\u2019amashanyarazi mu gihugu, haracyari ibibazo ku bafatabuguzi bamwe na bamwe batigeze babona izo mpinduka.<br \/>\nUrugero rwagiye rugarukwaho muri iyi nama, ni aho usanga hari abagura umuriro wa 500frw bagahabwa inite (Units) 4.8 mu gihe hari ababona 2 gusa. Kuri iki kibazo, umuyobozi w\u2019agashami gashinzwe amashanyarazi Maj. Jean claude Kalisa yavuze ko biterwa n\u2019ikiciro umuntu arimo bitewe n\u2019icyo akoresha umuriro.<br \/>\nMuri rusange ibiciro byahindutse ku buryo bukurikira.<br \/>\n <strong>Inzu zo guturamo<\/strong><br \/>\nHari abakoresha umuriro mu ngo zabo gusa bakeneye gucana, gucuranga n\u2019ibindi bidatwara umuriro mwinshi. Abo bagabanyirijwe ibiciro hakurikijwe unite bakoresha ku kwezi, aho abakoresha inite 1-15 ku kwezi bishyura amafaranga 89 kuri inite imwe.<br \/>\nAbakoresha guhera kuri inite 15-50, bishyura amafaranga 182 kuri inite imwe.<br \/>\nAbakoresha inite guhera kuri 50 kuzamura ariko mu ngo zabo, bishyura amafaranga 189 kuri inite imwe.<br \/>\n <strong>Amazu y\u2019ubucuruzi<\/strong><br \/>\nUkoresha guhera kuri inite 1-100 ku kwezi bishyura amafaranga 189 kuri inite imwe.<br \/>\nUnite 100 kuzamura ku kwezi, hishyurwa amafaranga 192 kuri inite umwe.<br \/>\n <strong>Inganda ziciriritse<\/strong><br \/>\nHishyurwa amafaranga 90 kuri inite imwe hatitawe ku zikoreshwa mu kwezi<br \/>\n <strong>Inganda nini n\u2019iminara<\/strong><br \/>\nHishyurwa amafaranga 126 kuri Kwh.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUyu muyobozi yavuze ko ikibazo cy\u2019abakigura umuriro bagahabwa nk\u2019uwa mbere bishobora kuba biterwa n\u2019uko bari muri biriya byiciro kuko uburyo bushya buri gukoreshwa mu kubara bwo bwibanda kuri ibi byiciro bugahita bubigaragaza.<br \/>\nkugeza ubu iki kigo kivuga ko kimaze kugeza amashanyarazi ku bantu babarirwa hagati ya 5-7% by&#8217;abanyarwanda muri rusange, ariko kikaba gifite intego yo gukomeza kongera umubare binyuze mu mishinga itandukanye iteza imbere ingufu z&#8217;amashanyarazi mu Rwanda.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z\u2019amashanyarazi REG kiratangaza ko kuba harabaye ibibazo byo kugura umuriro guhera mu ntangiriro z&#8217;umwaka wa 2017 nta kibazo kidasanzwe kirimo kuko serivisi zatangwaga zakomeje gutangwa nubwo zagenze nabi ndetse zikanyuzamo zikanahagarara. Mu kiganiro iki kigo cyagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa 5 Mutarama 2017, hagarutswe ku kibazo cy\u2019ibura ry\u2019umuriro mu bice [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4312","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z\u2019amashanyarazi REG kiratangaza ko kuba harabaye ibibazo byo kugura umuriro guhera mu ntangiriro z&#8217;umwaka wa 2017 nta kibazo kidasanzwe kirimo kuko serivisi zatangwaga zakomeje gutangwa nubwo zagenze nabi ndetse zikanyuzamo zikanahagarara. Mu kiganiro iki kigo cyagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa 5 Mutarama 2017, hagarutswe ku kibazo cy\u2019ibura ry\u2019umuriro mu bice [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-05T14:12:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:14:34+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4312#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4312\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho\",\"datePublished\":\"2017-01-05T14:12:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:14:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4312\"},\"wordCount\":568,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4312#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4312\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4312\",\"name\":\"REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-05T14:12:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:14:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4312#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4312\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4312#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho - BWIZA","og_description":"Ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z\u2019amashanyarazi REG kiratangaza ko kuba harabaye ibibazo byo kugura umuriro guhera mu ntangiriro z&#8217;umwaka wa 2017 nta kibazo kidasanzwe kirimo kuko serivisi zatangwaga zakomeje gutangwa nubwo zagenze nabi ndetse zikanyuzamo zikanahagarara. Mu kiganiro iki kigo cyagiranye n\u2019abanyamakuru kuri uyu wa 5 Mutarama 2017, hagarutswe ku kibazo cy\u2019ibura ry\u2019umuriro mu bice [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-05T14:12:43+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:14:34+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho","datePublished":"2017-01-05T14:12:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:14:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312"},"wordCount":568,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4312#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312","name":"REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-05T14:12:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:14:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4312"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4312#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"REG yasobanuye impamvu ibiciro by&#039;amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4312","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4312"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4312\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4312"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4312"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4312"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}