{"id":4324,"date":"2017-01-06T08:46:02","date_gmt":"2017-01-06T08:46:02","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/06\/ese-umugore-umaze-kubyara-yategereza-igihe-kingana-iki-ngo-akore-imibonano\/"},"modified":"2025-07-01T19:54:19","modified_gmt":"2025-07-01T17:54:19","slug":"ese-umugore-umaze-kubyara-yategereza-igihe-kingana-iki-ngo-akore-imibonano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324","title":{"rendered":"Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abantu benshi bakunze kwibaza iki kibazo. Nyamara uko barushaho kukibaza ni nako batumva kimwe igisubizo kuko buri wese ashobora kugisubiza bitewe n\u2019amarangamurima ye cyangwa uko abyumva.<\/em> <\/strong><br \/>\nGusa birumvikana ko uko byagend kose umugore atagomba guhita akora imibonano mpuzabitsina akibyara kuko hari impinduka ziba zikiri mu myanya myibarukiro ye, impinduka mu mitekerereze n\u2019ibindi bigomba kubanza guhinduka nanone.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNubwo imibonano mpuzabitsina ari igikorwa kibanza kuganirwaho hagati y\u2019abashakanye, abahanga mu by\u2019imyororokere bavuga ko umugore n\u2019umugabo bagomba gutegereza byibuze ibyumweru 6 kugirango bongere gukora imibonano mpuzabitsina kuva umugore abyaye.<br \/>\nAbaganga batandukanye bavuga ko inda nyababyeyi y\u2019umugore iba yaragize impinduka zikomeye kuva ikitegura kwakira akagi kazavamo umwana, uko amezi agenda aba menshi nayo niko igenda ihinduka bitewe n\u2019impinduka ziri kubera mu mubiri imbere ku buryo umwana ashobora gukuriramo amezi agera ku 9 yose.<br \/>\nInzobere mu bijyanye n\u2019imyororokere mu bwongereza Maureen Whelihan, avuga ko nyuma yo kubyara haba hakenewe umwanya uhagije wo kubanza kwwita ku mubyeyi hagamijwe no kugirango yongere asubirane na za mpinduka zabaye mu bice bimwe by\u2019umubiri bisubire uko byahoze. Muri iki gihe ngo ni nabwo umubyeyi abasha kwita ku mwana neza.<br \/>\n <strong>Hari abagore basamira ku kiriri.<\/strong><br \/>\nAkenshi usanga hari imiryango itubahiriza aya mabwiriza atangwa n\u2019abaganga. Abagabo benshi ntibabasha kwihanganira iki gihe kingana n\u2019ukwezi n\u2019igice nubwo n\u2019abagore babo babigiramo uruhare.<br \/>\nIbi bigira zimwe mu ngauka zo gukurikiza abana badakuze kuko umugore ashobora guhita yongera gusama akiri ku kiriri muri cya gihe yakabaye yitabwaho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAbagore benshi bize cyangwa bahawe amahugurwa ku kijyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina no kwita ku muryango, nibo babasha guhakanira abagabo baboo ku kijyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara mu gihe kibarirwa hagati y\u2019ibyumweru 5 na 7 mu gihe abandi batageza no kuri bya byumweru 6 bigenwa n\u2019impuguke.<br \/>\nIbi byumweru 6 bikurikizwa gusa mu gihe umugore yabyaye neza nta ngorane, bivuze ngo bishobora no kurenga mu gihe habaye ingorane mu gutwara inda no kubyara.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu benshi bakunze kwibaza iki kibazo. Nyamara uko barushaho kukibaza ni nako batumva kimwe igisubizo kuko buri wese ashobora kugisubiza bitewe n\u2019amarangamurima ye cyangwa uko abyumva. Gusa birumvikana ko uko byagend kose umugore atagomba guhita akora imibonano mpuzabitsina akibyara kuko hari impinduka ziba zikiri mu myanya myibarukiro ye, impinduka mu mitekerereze n\u2019ibindi bigomba kubanza guhinduka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-4324","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu benshi bakunze kwibaza iki kibazo. Nyamara uko barushaho kukibaza ni nako batumva kimwe igisubizo kuko buri wese ashobora kugisubiza bitewe n\u2019amarangamurima ye cyangwa uko abyumva. Gusa birumvikana ko uko byagend kose umugore atagomba guhita akora imibonano mpuzabitsina akibyara kuko hari impinduka ziba zikiri mu myanya myibarukiro ye, impinduka mu mitekerereze n\u2019ibindi bigomba kubanza guhinduka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-06T08:46:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:54:19+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4324#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4324\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina\",\"datePublished\":\"2017-01-06T08:46:02+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:54:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4324\"},\"wordCount\":346,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4324#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4324\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4324\",\"name\":\"Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-06T08:46:02+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:54:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4324#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4324\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4324#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina - BWIZA","og_description":"Abantu benshi bakunze kwibaza iki kibazo. Nyamara uko barushaho kukibaza ni nako batumva kimwe igisubizo kuko buri wese ashobora kugisubiza bitewe n\u2019amarangamurima ye cyangwa uko abyumva. Gusa birumvikana ko uko byagend kose umugore atagomba guhita akora imibonano mpuzabitsina akibyara kuko hari impinduka ziba zikiri mu myanya myibarukiro ye, impinduka mu mitekerereze n\u2019ibindi bigomba kubanza guhinduka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-06T08:46:02+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:54:19+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina","datePublished":"2017-01-06T08:46:02+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:54:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324"},"wordCount":346,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4324#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324","name":"Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-06T08:46:02+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:54:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4324"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4324#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4324","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4324"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4324\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4324"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4324"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4324"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}