{"id":4346,"date":"2017-01-07T09:15:38","date_gmt":"2017-01-07T09:15:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/07\/lt-seyoboka-yanze-umwunganizi-ugomba-kumufasha-mu-rubanza-aregwamo-uruhare-muri\/"},"modified":"2025-02-12T17:14:20","modified_gmt":"2025-02-12T15:14:20","slug":"lt-seyoboka-yanze-umwunganizi-ugomba-kumufasha-mu-rubanza-aregwamo-uruhare-muri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346","title":{"rendered":"Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside"},"content":{"rendered":"<p>Jean Claude Seyoboka ushinjwa uruhare muri jenoside woherejwe mu Rwanda aturutse muri Canada, yongeye gusaba urukiko rwa gisirikare kugumana umwunganizi yari afite kuva yazanwa.<\/p>\n<p>Ubwo yageraga mu rukiko rufite icyicaro I Nyamirambo kuri uyu wa Gatanu, aho ubushinjacyaha bwari bwasabaga ko yongererwa igihe cyo kuba afunze hagakomeza iperereza nyuma y\u2019uko iminsi 30 yarangiye butarasoza iperereza.<\/p>\n<p>Mberea  y\u2019uko ubushinjacyaha bugaragaza ikibazo cyabwo, ushinjwa yabanje kwaka ijambo avuga ko byaba byiza kuri we agumanye umunyamategeko bari kumwe kuva yagarurwa mu Rwanda.<\/p>\n<p>Ni nyuma y\u2019aho Seyoboka ahinduriwe umwunganizi n\u2019Urugaga rw\u2019abavoka agahabwa Channy Uwimana ngo asimbure Albert Ngirabatware, wamwunganiraga.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNdasaba ko uku kumva kwasubikwa nkabona uko nkemura ibibazo by\u2019umunyamategeko nagenewe Shanny Uwimana, nahawe n\u2019Urugaga rw\u2019Abavoka.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko yumva urubanza rwagenda neza agumanye na Albert Ngirabatwareavuga ko yumva urubanza rwe cyane kuko batangiranye. Naho ngo Uwimana yaje atinze kandi ngo azatanga serivisi yo kumwunganira ku buntu.<\/p>\n<p>Seyoboka yongeyeho ko nk\u2019umuntu ukekwaho ibyaha woherejwe mu gihugu avanwe mu kindi bimuha uburenganzira bwo kunganirwa n\u2019umunyamategeko wishyurwa na guverinoma hakaba nta mpamvu yo kugenerwa undi mwunganizi udahembwa nk&#8217;uko The New Times ivuga.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Lt Seyoboka ashinjwa ibyaha bitanu birimo kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kugira uruhare mu itegurwa ryayo, kuyishyira mu bikorwa, no gufata ku ngufu n\u2019ibyaha by\u2019ihohotera rishingiye ku gitsina.<\/p>\n<p>Uruhande rw\u2019ubushinjacyaha rwo ariko rwavuze ko Seyoboka yirukanwe muri Canada Atari mu rwego rw\u2019umunyabyaha wohererejwe ubundi butabera, ruvuga ko yari yahawe umunyamategeko kuko yavugaga ko adafite ubushobozi bwo kumwiyishyurira.<\/p>\n<p>Ubusanzwe itegeko rivuga ko ukekwaho icyaha woherejwe n\u2019ubutabera bw\u2019amahanga, harimo n\u2019aboherejwe bava mu rukiko Mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, ahabwa umwunganizi wishyurwa na guverinoma.<\/p>\n<p>Capt Kayiranga Kayihura, wo mu bushinjacyaha bwa gisirikare, avuga ko Seyoboka arimo kugerageza gutinza urubanza ku bwende kuko ingingo zose zarebwe neza harimo no kohereza ikirego kiva muri Canada kijya mu Rwanda, urugaga rw\u2019abavoka rukaba rwaramugeneye umwunganizi, ngo keretse igihe yagaragaza ko wenda uwo mwunganizi adashoboye naho ubundi ngo nta mpamvu yo kumusimbuza.<\/p>\n<p>Nyuma yo kumva impande zombi, umucamanza mukuru, Maj. Gerard Muhigirwa yimuriye urubanza kuwa 27 Mutarama. Urukiko kandi rwategetse ushinjwa kugaragaza inyandiko zemeza ko afite uburenganzira mu mategeko bwo guhagararirwa n\u2019umwunganizi uhembwa na leta avuga ko yari asanzwe afite.<\/p>\n<p>Seyoboka, wahoze mu gisirikare cy\u2019u Rwanda (EX-FAR) yirukanwe muri Canada yoherezwa mu Rwanda mu Ugushyingo umwaka ushize, agezwa imbere y\u2019urukiko akurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/p>\n<p>Seyoboka ashinjwa no kuba yarakoze inama zateguraga zikanashishikariza abantu gukora Jenoside, izwi cyane ni iyabaye kuwa 21 Mata 1994 yateguye igitero cyagiye kwica Abatutsi bari bahungiye ahitwa kuri CELA \u2018Centre d\u2019etudes des Langues Africaine\u2019, aho bukeye bwaho abarenga 72 bishwe.<\/p>\n<p> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Jean Claude Seyoboka ushinjwa uruhare muri jenoside woherejwe mu Rwanda aturutse muri Canada, yongeye gusaba urukiko rwa gisirikare kugumana umwunganizi yari afite kuva yazanwa. Ubwo yageraga mu rukiko rufite icyicaro I Nyamirambo kuri uyu wa Gatanu, aho ubushinjacyaha bwari bwasabaga ko yongererwa igihe cyo kuba afunze hagakomeza iperereza nyuma y\u2019uko iminsi 30 yarangiye butarasoza iperereza. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4346","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Jean Claude Seyoboka ushinjwa uruhare muri jenoside woherejwe mu Rwanda aturutse muri Canada, yongeye gusaba urukiko rwa gisirikare kugumana umwunganizi yari afite kuva yazanwa. Ubwo yageraga mu rukiko rufite icyicaro I Nyamirambo kuri uyu wa Gatanu, aho ubushinjacyaha bwari bwasabaga ko yongererwa igihe cyo kuba afunze hagakomeza iperereza nyuma y\u2019uko iminsi 30 yarangiye butarasoza iperereza. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-07T09:15:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:14:20+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4346#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4346\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside\",\"datePublished\":\"2017-01-07T09:15:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:14:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4346\"},\"wordCount\":470,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4346#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4346\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4346\",\"name\":\"Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-07T09:15:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:14:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4346#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4346\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4346#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside - BWIZA","og_description":"Jean Claude Seyoboka ushinjwa uruhare muri jenoside woherejwe mu Rwanda aturutse muri Canada, yongeye gusaba urukiko rwa gisirikare kugumana umwunganizi yari afite kuva yazanwa. Ubwo yageraga mu rukiko rufite icyicaro I Nyamirambo kuri uyu wa Gatanu, aho ubushinjacyaha bwari bwasabaga ko yongererwa igihe cyo kuba afunze hagakomeza iperereza nyuma y\u2019uko iminsi 30 yarangiye butarasoza iperereza. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-07T09:15:38+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:14:20+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside","datePublished":"2017-01-07T09:15:38+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:14:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346"},"wordCount":470,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4346#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346","name":"Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-07T09:15:38+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:14:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4346"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4346#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4346","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4346"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4346\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4346"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4346"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4346"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}