{"id":43538,"date":"2022-01-07T13:00:00","date_gmt":"2022-01-07T13:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/01\/07\/u-rwanda-ruvuga-ko-abaturage-barwo-umunani-bari-muri-niger-batashye-nta-kibazo\/"},"modified":"2022-01-07T13:00:00","modified_gmt":"2022-01-07T13:00:00","slug":"u-rwanda-ruvuga-ko-abaturage-barwo-umunani-bari-muri-niger-batashye-nta-kibazo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538","title":{"rendered":"U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y\u2019u Rwanda, Mukuralinda Alain, avuga ko Abanyarwanda umunani bari muri Niger, badakwiriye kugira impungenge zo gutaha mu rwababyaye kuko nta kibazo bzahura nacyo bari mu gihugu.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Abanyarwanda umunani bari bangiwe guhabwa ubuhungiro na Niger nyuma yo kurangiza ibihano bari barakatiwe no kugirwa abere n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha muri Tanzania, ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Aba ni Zigiranyirazo Protais, Nzuwonemeye Fran\u00e7ois Xavier, Nteziryayo Alphonse, Muvunyi Tharcisse, Ntagerura Andr\u00e9, Nsengiyumva Anatole, Mugiraneza Prosper na Sagahutu Innocent.<\/p>\n<p>Ku baba aba Banyarwanda bagira impungenge ko nibagera mu Rwanda bazigirizwaho nkana, bakongera kugezwa mu nkiko, Mukulalinda yavuze ko ibi bitabaho ku gihugu nk&#8217; u Rwanda kigendera ku mategeko.<\/p>\n<p>Yabwiye IGIHE ati &#8221; Ntihazagire uwitwaza ko nagera mu Rwanda azongera kuburana, tugendera ku mahame mpuzamahanga avuga ko iyo umuntu yaburanye icyaha akagirwa umwere cyangwa se akaburana, ntabwo icyaha akiburana kabiri, dutanga n\u2019ingero z\u2019ababuraniye mu Bubiligi, barirukanwa bagera hano ariko ubu arahari (&#8230;).&#8221;<\/p>\n<p>Mukuralinda yavuze ko nk\u2019uko kugeza ubu hari Abanyarwanda bagitahuka na bariya bashatse kugaruka mu gihugu cyabo bashobora kuza kandi nta kibazo bashobora kugirira mu gihugu cyabo.<\/p>\n<p>Gusa ngo ariko &#8221; Umunyarwanda widegembya afite uburenganzira bwo kujya aho ashaka.&#8221;<\/p>\n<p>Umwe muri aba Banyarwanda, Capt Innocent Sagahutu, we yatangarije BBC ko we na bagenzi be badashaka kujya mu Rwanda. Benshi bafite imiryango iba mu bihugu byo mu Bulayi na Amerika.<\/p>\n<p>Niger ku wa 3 Mutarama 2022 yatangaje  ko yongereye iminsi 30 yo kuba bavuye ku butaka bwayo aba Banyarwanda mu gihe hagishakishwa umwanzuro kuri iki kibazo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y\u2019u Rwanda, Mukuralinda Alain, avuga ko Abanyarwanda umunani bari muri Niger, badakwiriye kugira impungenge zo gutaha mu rwababyaye kuko nta kibazo bzahura nacyo bari mu gihugu. Abanyarwanda umunani bari bangiwe guhabwa ubuhungiro na Niger nyuma yo kurangiza ibihano bari barakatiwe no kugirwa abere n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-43538","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y\u2019u Rwanda, Mukuralinda Alain, avuga ko Abanyarwanda umunani bari muri Niger, badakwiriye kugira impungenge zo gutaha mu rwababyaye kuko nta kibazo bzahura nacyo bari mu gihugu. Abanyarwanda umunani bari bangiwe guhabwa ubuhungiro na Niger nyuma yo kurangiza ibihano bari barakatiwe no kugirwa abere n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-01-07T13:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=43538#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=43538\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira\",\"datePublished\":\"2022-01-07T13:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=43538\"},\"wordCount\":263,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=43538#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=43538\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=43538\",\"name\":\"U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-01-07T13:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=43538#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=43538\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=43538#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira - BWIZA","og_description":"Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y\u2019u Rwanda, Mukuralinda Alain, avuga ko Abanyarwanda umunani bari muri Niger, badakwiriye kugira impungenge zo gutaha mu rwababyaye kuko nta kibazo bzahura nacyo bari mu gihugu. Abanyarwanda umunani bari bangiwe guhabwa ubuhungiro na Niger nyuma yo kurangiza ibihano bari barakatiwe no kugirwa abere n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-01-07T13:00:00+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira","datePublished":"2022-01-07T13:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538"},"wordCount":263,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=43538#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538","name":"U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-01-07T13:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=43538"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=43538#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda ruvuga ko abaturage barwo umunani bari muri Niger batashye nta kibazo bagira"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/43538","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=43538"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/43538\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=43538"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=43538"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=43538"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}