{"id":4380,"date":"2017-01-09T10:17:41","date_gmt":"2017-01-09T10:17:41","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/09\/ubuhutu-n-ubututsi-bwahawe-intebe-mu-gisirikare-cy-u-burundi-buzabyara-iki\/"},"modified":"2025-02-12T17:12:09","modified_gmt":"2025-02-12T15:12:09","slug":"ubuhutu-n-ubututsi-bwahawe-intebe-mu-gisirikare-cy-u-burundi-buzabyara-iki","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380","title":{"rendered":"Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki?"},"content":{"rendered":"<p> <em>Uko imyaka yagiye yicuma mu mateka y\u2019u Burundi amoko yagiye ahabwa intebe ndetse akanashingirwaho mu mirimo, by\u2019umwihariko ubu mu gisirikare n\u2019igipolisi bukagaragara nk\u2019ashobora kuzabyara amahari.<\/em><br \/>\nMuri iki gisirikare cy\u2019u Burundi hamaze iminsi humvikana isezererwa rya bamwe mu basirikare, ifungwa, iyicwa, kwinjiza abasirikare bashya,\u2026ibi birakorwa ariko cya kintu cy\u2019amoko kikagarukwaho cyane.<br \/>\n <strong>Amoko mu gusezerera abasirikare no kubinjiza<\/strong><br \/>\nMu gusezerera abasirikare byagarutsweho kenshi, aho ibinyamakuru by\u2019i Burundi bitangaza ko ubu abarimo gukubitwa umweyo ari abahoze mu gisirikare cya kera EX FAB,mbere y\u2019amasezerano yo muri 2005 yo kuvanga ingabo, igisirikare cyari kigizwe cyane n\u2019umubare munini w\u2019Abatutsi.<br \/>\nNk\u2019uko bitangazwa na RPA ( <em>Radio Publique Africaine<\/em> ), ngo ubwo bavangaga ingabo abari abasirikare ba Leta aribo FAB (Forces Arm\u00e9es Burundaises) bari bagizwe n\u2019umubare munini w\u2019Abatutsi bavanzwe na PMPA (partis et mouvements politiques arm\u00e9s) bari bagizwe cyane n\u2019umubare munini w\u2019aba FDD b\u2019Abahutu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIzo ngabo zimaze kuvangwa nk\u2019igisirikare kimwe cya Leta (FDN) byemejwe ko mu kwinjiza mu gisirikare imihini mishya bazajya bakora ku mpande zose, 50% Hutu na 50%Tutsi.<br \/>\nKugeza magingo aya ni uko abasirikare bashaje mu gisirikare ndetse banafite uburambe, ari aba EX FAB ndetse ubu ari nabo barimo gusezererwa cyane, rimwe na rimwe kubera imyaka bagezemo, ubu imihini mishya ikinjira yiganjemo abo mu bwoko bw\u2019Abahutu.<br \/>\nIki kinyamakuru kandi gitangaza ko byibura buri mwaka abasirikare (EX FABA) bari hagati ya 300 na 400 basezererwa, ibyo ngo bikaba byarakurikiwe n\u2019ihohoterwa, gufungwa, kwicwa, guhunga kw\u2019aba basirikare nyuma yaho havukiye imvururu zishingiye kuri manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza.<br \/>\nMuri 2016, Perezida wa Sena , R\u00e9v\u00e9rien Ndikuriyo na Lt G\u00e9n Prime Niyongabo, umugaba mukuru w\u2019ingabo batangiye itegeko mu ruhame basaba gukora ibarura rusange mu gisirikare rishingiye ku moka, bavuga ko bashaka kuringaniza imibare y\u2019abasirikare bagendeye ku moko, bemeza ko Abatutsi bakiri benshi mu gisirikare kurusha ubundi bwoko.<br \/>\nNyuma y\u2019iryo barura nibwo habayeho gutanga amatangazo yo kwinjiza abasirikare bashya, iki kinyamakuru gitangaza ko 60%  binjijwe nk\u2019imihini mishya ari Abahutu naho 40% baba Abatutsi.<br \/>\nUbwo abshakaga kwinjira mu gisirikare bari bakomeje kwiyandikisha, Col Baratuza Gaspard, umuvugizi w\u2019igisirikare cy\u2019u Burundi yatangaje ko Abatutsi bakomeje kuba bake, ko imibare y\u2019abakenewe iri hasi cyane ndetse anavuga ko Abahutu aribo benshi, Abatwa bakaza ari bake cyane nk\u2019uko bisanzwe.<br \/>\n <strong>Ese kwimakaza amoko mu Burundi byaba bibwubaka cyangwa birabusenya?<\/strong><br \/>\nAho u Burundi bugeze ubu, usanga ikintu cy\u2019amoko kigifite ijambo cyane mu nzego zose, kugera naho utubari twitwa utw\u2019ubwoko ubu cyangwa buriya, no mu bitutsi ugansanga bakibitukana.<br \/>\nAriko nyamara nk\u2019u Burundi n\u2019u Rwanda, nk\u2019ibihugu bisa nk\u2019ibihuje umuco, kimwe cyakabaye kigira ku kindi, isomo ryiza rikava hakurya rikagera no hakuno.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAbakurikiranira hahi ibya politiki, kenshi usanga bagaya uku kwimakaza amoko mu Burundi, bakabivuga bashingiye ku cyo yabyariye Abanyarwanda, kugera kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<br \/>\nIbi kandi byagiye bigaragarira muri izi nkundura zimaze iminsi, aho inkuru yasakaraga ko hishwe umusirikare wo muri ubu bwoko, abaturage bagashyuha imitwe, intego ari iyo kwihorera, kera kabaye ukumva hishwe uwo mu bundi bwoko.<br \/>\nIkindi benshi bagarukaho, u Burundi bukeneye abayobozi bakarishye, byanashoboka bakagira ibyo bahindura mu Itegeko Nshinga, kuvuga ko mu gisirikare n\u2019igipolisi hazajyamo imibare ingana uko y\u2019Abatutsi, Abahutu n\u2019Abatwa bikavaho, mu nteko naho bikavano ndetse no mu zindi nzego za Leta n\u2019izabikorera.<br \/>\nUnagarutse inyuma mu buzima busanzwe, akazi gakorwa n\u2019umuntu uko agashoboye, yarakigiye cyangwa se yarahuguwe, ntabwo akazi gakorwa kubera icyo uricyo, ko uri mu bwoko ubu cyangwa buriya.<br \/>\nUretse no kuba aya moko ashobora kuryanisha abenegihugu, anadindiza iterambere ry\u2019igihugu, kuko buri wese aba akurura yishyira anashyira abo bahuje ubwoko, kurusha uko yakora akorera igihugu cye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uko imyaka yagiye yicuma mu mateka y\u2019u Burundi amoko yagiye ahabwa intebe ndetse akanashingirwaho mu mirimo, by\u2019umwihariko ubu mu gisirikare n\u2019igipolisi bukagaragara nk\u2019ashobora kuzabyara amahari. Muri iki gisirikare cy\u2019u Burundi hamaze iminsi humvikana isezererwa rya bamwe mu basirikare, ifungwa, iyicwa, kwinjiza abasirikare bashya,\u2026ibi birakorwa ariko cya kintu cy\u2019amoko kikagarukwaho cyane. Amoko mu gusezerera abasirikare no [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4380","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uko imyaka yagiye yicuma mu mateka y\u2019u Burundi amoko yagiye ahabwa intebe ndetse akanashingirwaho mu mirimo, by\u2019umwihariko ubu mu gisirikare n\u2019igipolisi bukagaragara nk\u2019ashobora kuzabyara amahari. Muri iki gisirikare cy\u2019u Burundi hamaze iminsi humvikana isezererwa rya bamwe mu basirikare, ifungwa, iyicwa, kwinjiza abasirikare bashya,\u2026ibi birakorwa ariko cya kintu cy\u2019amoko kikagarukwaho cyane. Amoko mu gusezerera abasirikare no [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-09T10:17:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:12:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4380#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4380\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki?\",\"datePublished\":\"2017-01-09T10:17:41+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:12:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4380\"},\"wordCount\":639,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4380#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4380\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4380\",\"name\":\"Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-09T10:17:41+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:12:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4380#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4380\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4380#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki? - BWIZA","og_description":"Uko imyaka yagiye yicuma mu mateka y\u2019u Burundi amoko yagiye ahabwa intebe ndetse akanashingirwaho mu mirimo, by\u2019umwihariko ubu mu gisirikare n\u2019igipolisi bukagaragara nk\u2019ashobora kuzabyara amahari. Muri iki gisirikare cy\u2019u Burundi hamaze iminsi humvikana isezererwa rya bamwe mu basirikare, ifungwa, iyicwa, kwinjiza abasirikare bashya,\u2026ibi birakorwa ariko cya kintu cy\u2019amoko kikagarukwaho cyane. Amoko mu gusezerera abasirikare no [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-09T10:17:41+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:12:09+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki?","datePublished":"2017-01-09T10:17:41+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:12:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380"},"wordCount":639,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4380#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380","name":"Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-09T10:17:41+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:12:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4380"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4380#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhutu n\u2019Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy\u2019u Burundi, buzabyara iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4380","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4380"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4380\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4380"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4380"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4380"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}