{"id":4432,"date":"2017-01-12T07:46:38","date_gmt":"2017-01-12T07:46:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/12\/musanze-inzitiramibu-zidahagije-impungenge-z-039-uko-malaria-yashinga-umuzi\/"},"modified":"2025-02-12T17:11:47","modified_gmt":"2025-02-12T15:11:47","slug":"musanze-inzitiramibu-zidahagije-impungenge-z-039-uko-malaria-yashinga-umuzi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432","title":{"rendered":"Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi"},"content":{"rendered":"<p>Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze baravuga ko kuba barimo guhabwa inzitiramibu zidakwiye uburyamo bafite mu ngo zabo ari kimwe mu bishobora gukomeza gutiza umurindi indwara ya malariya ikomeje kwibasira benshi muri iki gihe.<br \/>\nMuri ibi bihe abaturage barimo guhabwa inzitiramibu na Minisiteri y\u2019ubuzima hirya no hino mu gihugu kubera indwara ya Maraliya imaze kongera kubura umutwe nyuma y\u2019aho leta yari yarihaye ingamba zo kuyirwanya ariko bikaza kugaragara ko bitakunze kubera impamvu nyinshi zitandukanye zirimo n\u2019inzitiramibu zitujuje ubuziranenge zahawe abaturage mu myaka yashize.<br \/>\nKuri ubu abaturage barimo guhabwa inzitiramibu nshyashya mu karere ka Musanze baravuga ko barimo guhabwa inzitiramibu nkeya ugereranyije n\u2019izo basabye ndetse n\u2019uburyamo bafite mu ngo iwabo, bakavuga ko kuba n&#8217;ubundi ntacyo byabamarira kuko inzitiramibu imwe utayiraranamo n\u2019umuryango wose ndetse n\u2019umushyitsi wagusuye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNyirakamana utuye mu kagari ka Mpenge mu murenge wa Muhoza aragira ati: &#8220;Ikibazo dufite njyewe mfite amariri atatu mu nzu  none mbonye inzitiramibu imwe kandi Maraliya ni nyinshi nonese ubu basaza banjye tuzajya turarana? Njyewe rwose iyi nzitiramibu abayobozi bampaye ngiye kuyibasubiza nzigurire iyanjye&#8221;.<br \/>\nMugenzi we Kampire nawe yagize ati: &#8220;Natse supanet ebyiri none kugeza ubungubu bampaye imwe yonyine, niba bampaye Supanet imwe ndayishyira ku buriri bwanjye abana bo basigarire aho; Ubwo se ndaba nkemuye iki? tuzajya turarana se? Ubwose umushyitsi naza imibu ikamurya azagaruka ko twe tunaturiye n\u2019 igishanga?<br \/>\nSi aba baturage bonyine basangiye iki kibazo kuko bigaragara ko gihuriweho n\u2019abaturage batari bake baganiriye na bwiza.com, Niyibizi Hemedi umwe mu bajyanama b\u2019ubuzima bakorana n\u2019ikigonderabuzima cya Muhoza mu mudugudu wa Giramahoro mu kagari ka Mpenge, akaba ari nabo bagira uruhare mu kubarura abaturage bakeneye inzitiramibu we avuga ko banditse umubare w\u2019inzitiramibu umuturage akeneye hakurikijwe amakuru yatanze.<br \/>\nYagize ati: &#8220;Mu by&#8217;ukuri uko byagenze, umuntu ariguhabwa inzitiramibu hakurikijwe amakuru yatanze. Kuko tubarura twabazaga buri muntu inzitiramibu afite, izigikoreshwa, izacitse, ndetse n\u2019izangiritse icyo gihe tukabara izo akoresha tugakuramo izigikoreshwa tukandika izisimbura zazindi zitakiri nzima.<br \/>\nIkindi kandi hari n\u2019izindi zatanzwe muri 2015 kuko zimara imyaka 5 ntabwo twamuha izindi kandi izo ziba zikiri nzima hari kandi n\u2019ababyeyi batwita bakabaha inzitiramibu bagiye kwipimisha cyangwa babyaye izo nazo tuzikura muri wa mubare kuko iba ikiri nzima kandi iba ikoreshwa n\u2019umuryango. Ibyo rero nibyo birimo gutuma bivovota ngo babahaye inzitiramibu nkeya kandi byaratewe n\u2019amakuru bagiye baduha cyane ko tunagera mu ngo tukareba ko koko ibyo batubwiye ari ukuri&#8221;.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNiyigena Th\u00e9oneste, umuyobozi wungirije w\u2019ikigonderabuzima cya Muhoza ari nawe ukuriye iki gikorwa cyo gutanga inzitiramibu mu mirenge ikorana n\u2019iki kigonderabuzima, avuga ko inzitiramibu bahabwa ari izisimbura izashaje nyuma yuko bazihawe mu maka wa 2015 cyakora ngo Minisiteri yatanze inzitiramibu zihagije ku buryo hazongera gukorwa irindi barura abacikanwe n&#8217;abahawe nke bagahabwa izindi.<br \/>\nKuri ubu Leta ikaba ikomeje ingamba zo guhashya indwara ya Malariya aho nyuma yo gutera imiti mu nzu kuri ubu Minisiteri y\u2019ubuzima irimo gutanga inzitiramibu mu baturage ku buntu ku buryo nta muturage uzasigara atabonye inzitiramibu, nyuma y\u2019uko bigaragaye ko uburyo bwo gutera imiti mu nzu yari yatangije (Spray) buhenda kandi bukaba busaba nyiri gutererwa kuba ahari ndetse akabanza no kwimura ibintu mu nzu ibintu abaturage bavuga ko bibagora cyane.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>RAFIKI Felicien\/Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze baravuga ko kuba barimo guhabwa inzitiramibu zidakwiye uburyamo bafite mu ngo zabo ari kimwe mu bishobora gukomeza gutiza umurindi indwara ya malariya ikomeje kwibasira benshi muri iki gihe. Muri ibi bihe abaturage barimo guhabwa inzitiramibu na Minisiteri y\u2019ubuzima hirya no hino mu gihugu kubera indwara ya Maraliya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4432","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze baravuga ko kuba barimo guhabwa inzitiramibu zidakwiye uburyamo bafite mu ngo zabo ari kimwe mu bishobora gukomeza gutiza umurindi indwara ya malariya ikomeje kwibasira benshi muri iki gihe. Muri ibi bihe abaturage barimo guhabwa inzitiramibu na Minisiteri y\u2019ubuzima hirya no hino mu gihugu kubera indwara ya Maraliya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-12T07:46:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:11:47+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4432#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4432\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi\",\"datePublished\":\"2017-01-12T07:46:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:11:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4432\"},\"wordCount\":553,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4432#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4432\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4432\",\"name\":\"Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-12T07:46:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:11:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4432#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4432\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4432#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi - BWIZA","og_description":"Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze baravuga ko kuba barimo guhabwa inzitiramibu zidakwiye uburyamo bafite mu ngo zabo ari kimwe mu bishobora gukomeza gutiza umurindi indwara ya malariya ikomeje kwibasira benshi muri iki gihe. Muri ibi bihe abaturage barimo guhabwa inzitiramibu na Minisiteri y\u2019ubuzima hirya no hino mu gihugu kubera indwara ya Maraliya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-12T07:46:38+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:11:47+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi","datePublished":"2017-01-12T07:46:38+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:11:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432"},"wordCount":553,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4432#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432","name":"Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-12T07:46:38+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:11:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4432"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4432#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z&#039;uko malaria yashinga umuzi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4432","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4432"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4432\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4432"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4432"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4432"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}