{"id":44428,"date":"2022-02-05T15:20:00","date_gmt":"2022-02-05T15:20:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/02\/05\/rib-yihanangirije-ba-nyiri-shene-za-youtube-bakoresha-abafite-ubumuga-bwo-mu\/"},"modified":"2022-02-05T15:20:00","modified_gmt":"2022-02-05T15:20:00","slug":"rib-yihanangirije-ba-nyiri-shene-za-youtube-bakoresha-abafite-ubumuga-bwo-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428","title":{"rendered":"RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka &#8216;views&#8217;"},"content":{"rendered":"<p><strong>Urwego rw&#8217;Igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha (RIB) rwihanangirije abafite za shene za ku rubuga nkoranyambaga rwa YouTube bitwikira umwambaro w\u2019ubuvugizi bagakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu nyungu zabo bwite, ruvuga ko biri mu bigize icyaha.<\/strong><\/p>\n<p>Byatangajwe n&#8217;Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry, mu kiganiro aheruka kugirana na Isimbi TV.<\/p>\n<p>Ni nyuma y&#8217;uko hari abafite shene za YouTube basigaye baharaye gukoresha ibiganiro n&#8217;abafite ubumuga bitwaje ko biri mu rwego rwo gusetsa abantu, gusa intego ari ugushaka views kugira ngo bibonere amafaranga yishyurwa na YouTube.<\/p>\n<p>Busyete Yozefu wo mu karere ka Ruhango wamamaye mu mvugo &#8216;Kabaye&#8217; ni umwe mu bamaze iminsi baharawe.<\/p>\n<p>Dr Murangira ya yavuze ko akenshi usanga ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe bakabashukisha ibintu birimo inzoga ndetse no kubagurira imyambaro, ariko bagamije kubakuramo inyungu no kwamamara.<\/p>\n<p>Yabasabye guhita bakuraho amashusho yashyizweho kuko adahesha agaciro ikiremwamuntu.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Aba bose turabazi bazikureho kuko ibi bikorwa ntabwo bibereye Umunyarwanda,ntabwo bikwiriye gukorerwa umunyarwanda, ntibimuhesha ishema,icyubahiro , biramusuzuguza, aba bose bashakira inyungu muntege z\u2019abantu turabasaba ko ibyo bintu babikuraho, bakanacukiraho.&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ko aya mashusho nadasibwa hazakurikizwa amategeko kuko ari bimwe mu bigize icyaha.<\/p>\n<p>Dr Murangira yavuze ko gukoresha bene bariya bantu ari &#8220;ibikorwa by\u2019iteshagaciro cy\u2019ikiremwamuntu&#8221;.<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: &#8220;Usanga bariya bantu bitwikiriye umutaka w\u2019ubuvugizi, bakabyigamba ngo yambaraga ishati none ngo asigaye yambara ibingibi, ibyo bivuze iki\u2026 harimo ubujura , babahereza turiya tuntu barangiza bagafotora.\u201d<\/p>\n<p>Ihuriro ry\u2019imiryango y\u2019abafite ubumuga mu Rwanda (NUDOR) ryaherukaga kwamagana abantu bakoresha ku mbuga nkoranyambaga abafite ubumuga bwo mu mutwe bagamije indonke.<\/p>\n<p>Uhagarariye umuryango w\u2019abafite ubumuga bwo mu mutwe mu Rwanda (NOUSPR-UBUMUNTU), Mutesi Rose, yavuze ko babonye ihohoterwa rikorerwa abafite ubumuga bwo mu mutwe, uburyo babanza guhabwa ibisindisha kugira ngo bakore ibiganiro, avuga ko ari ibintu byo kwamagana kandi ko uzabirengaho azakurikiranywa mu mategeko.<\/p>\n<p>Televiziyo zikorera kuri YouTube zihanangirijwe zirimo Urugendo TV, Legacy TV, Torch TV, Ihondo TV, Yawe TV, Afrimax TV ,Bigtown TV, Trending TV, Urugendo Online TV, Transit Line TV, Olenga TV, Rwanda PapaLazi TV, Icyerekezo TV n\u2019abandi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urwego rw&#8217;Igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha (RIB) rwihanangirije abafite za shene za ku rubuga nkoranyambaga rwa YouTube bitwikira umwambaro w\u2019ubuvugizi bagakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu nyungu zabo bwite, ruvuga ko biri mu bigize icyaha. Byatangajwe n&#8217;Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry, mu kiganiro aheruka kugirana na Isimbi TV. Ni nyuma y&#8217;uko hari abafite shene za [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-44428","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka &#039;views&#039; - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka &#039;views&#039; - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urwego rw&#8217;Igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha (RIB) rwihanangirije abafite za shene za ku rubuga nkoranyambaga rwa YouTube bitwikira umwambaro w\u2019ubuvugizi bagakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu nyungu zabo bwite, ruvuga ko biri mu bigize icyaha. Byatangajwe n&#8217;Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry, mu kiganiro aheruka kugirana na Isimbi TV. Ni nyuma y&#8217;uko hari abafite shene za [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-05T15:20:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44428#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44428\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka &#8216;views&#8217;\",\"datePublished\":\"2022-02-05T15:20:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44428\"},\"wordCount\":353,\"commentCount\":6,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44428#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44428\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44428\",\"name\":\"RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka 'views' - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-02-05T15:20:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44428#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44428\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44428#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka &#8216;views&#8217;\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka 'views' - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka 'views' - BWIZA","og_description":"Urwego rw&#8217;Igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha (RIB) rwihanangirije abafite za shene za ku rubuga nkoranyambaga rwa YouTube bitwikira umwambaro w\u2019ubuvugizi bagakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu nyungu zabo bwite, ruvuga ko biri mu bigize icyaha. Byatangajwe n&#8217;Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry, mu kiganiro aheruka kugirana na Isimbi TV. Ni nyuma y&#8217;uko hari abafite shene za [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-02-05T15:20:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka &#8216;views&#8217;","datePublished":"2022-02-05T15:20:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428"},"wordCount":353,"commentCount":6,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44428#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428","name":"RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka 'views' - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-02-05T15:20:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44428"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44428#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RIB yihanangirije ba nyiri shene za YouTube bakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu gushaka &#8216;views&#8217;"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44428","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=44428"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44428\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=44428"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=44428"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=44428"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}