{"id":4451,"date":"2017-01-12T15:24:31","date_gmt":"2017-01-12T15:24:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/12\/dore-impamvu-abagabo-benshi-babyukana-igitsina-cyafashe-umurego-buri-gitondo\/"},"modified":"2025-05-08T21:30:30","modified_gmt":"2025-05-08T19:30:30","slug":"dore-impamvu-abagabo-benshi-babyukana-igitsina-cyafashe-umurego-buri-gitondo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451","title":{"rendered":"Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abantu benshi biganjemo abagabo n\u2019abasore bakunze kubyuka mu gitondo cya kare igitsina cyabo cyafashe umurego udasanzwe. Gusa ibi bigaragara kenshi ku bantu b\u2019igitsinagabo nubwo abenshi badasobanukirwa ikiba cyabaye ku mubiri wabo kuko usanga hafi ya buri gitondo bafite impinduka ku bice by\u2019umubiri wabo bimwe na bimwe.<\/em> <\/strong><br \/>\nIbi si uburwayi nk\u2019uko bamwe bakunze gutekereza ko haba hari ikibazo kidasanzwe umubiri wabo uba wahuye nacyo.<br \/>\nUbushakashatsi bwerekanye impamvu nyamukuru yaba yarateye igituma ibi bintu bibaho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUbushakashatsibwakorewe muri kaminuza ya Sergio Diez Alvarez iherereye mu mujyi wa Newcastle uri mu majyaruguru y\u2019Uburengerazuba bw\u2019u Bwongereza, bugaragaza ko igitsina cy\u2019umuntu w\u2019igitsinagabo  gishobora gufata umurego inshuri zisaga 5 mu ijoro rimwe, buri nshuro imara byibuze imibota 30 ku muntu usanzwe ameze neza ibi bigakorwa no mu gihe asinziriye.<br \/>\nIbi bikaba bifitanye isano nay a masaha ya mugitondo uzindutse aho abagabo benshi baba bafashe umurego kuri ibyo bice.<br \/>\n <strong>Dore impamvu ibitera<\/strong><br \/>\nUbu bushakashatsi buvuga ko hari uturemangingo tumwe na tumwe duto tuba muri biriya bice by\u2019ibanga by\u2019abagabo, utwo turemangingo tugakanguka mu gihe umubiri wose usinziriye. (Ni ukuvuga ngo mu gihe usinziriye two nibwo dukanguka.) Utu turemangingo rero dukorana n\u2019ubwonko nabwo butuma imitsi yo mu gitsina cy\u2019umugabo irega bigatuma habaho kubyimba. Uku kubyimba nibyo bituma habaho gufata umurego kw\u2019igitsina cy\u2019umugabo.<br \/>\nIndi mpamvu ni ukuba mu ijoro umuntu aryamye, nibwo uruhago rw\u2019inkari narwo rukora cyane. Uru ruhago rero rurabyimba kubera inkari zirara zikora, rukabyiga abagufa yo mu rukenyerero, ya bagufa yo mu rukenyerero atuma habaho kubyigana kw\u2019imiyoboro y\u2019inkari n\u2019imiyoboro y\u2019intanga iba isa n\u2019iyaryamiwe, bigatuma habaho kubyimba kubera kubura ubwinyagamburiro. Ibi nabyo bikaba ari bimwe mu bituma habaho kubyuka umuntu afite igitsina gifite umurego.<br \/>\nNtabwo kubyukana igitsina gifite umurego ari uburyari cyangwa ubumuga nk\u2019uko bamwe babitekereza rero, ari nayo mpamvu mu gitondo umuntu ajya kunyara yavayo igitsina cye kigahita kigwa nk\u2019uko bisanzwe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIndi mpamvu ya 3 ituma umugabo ashobora kubyukana igitsina gifite umurego ni ukubera inzozi aba yarose mu masaha ashyira igitondo aho akenshi abantu b\u2019igitsinagabo bakunze kurota baryamanye n\u2019abagore cyangwa abakobwa. Ibi nabyo bitewe n\u2019uruhare ubwonko bwabigizemo bituma igitsina gifata umurego umuntu akaba yanabibyukana.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu benshi biganjemo abagabo n\u2019abasore bakunze kubyuka mu gitondo cya kare igitsina cyabo cyafashe umurego udasanzwe. Gusa ibi bigaragara kenshi ku bantu b\u2019igitsinagabo nubwo abenshi badasobanukirwa ikiba cyabaye ku mubiri wabo kuko usanga hafi ya buri gitondo bafite impinduka ku bice by\u2019umubiri wabo bimwe na bimwe. Ibi si uburwayi nk\u2019uko bamwe bakunze gutekereza ko haba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-4451","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu benshi biganjemo abagabo n\u2019abasore bakunze kubyuka mu gitondo cya kare igitsina cyabo cyafashe umurego udasanzwe. Gusa ibi bigaragara kenshi ku bantu b\u2019igitsinagabo nubwo abenshi badasobanukirwa ikiba cyabaye ku mubiri wabo kuko usanga hafi ya buri gitondo bafite impinduka ku bice by\u2019umubiri wabo bimwe na bimwe. Ibi si uburwayi nk\u2019uko bamwe bakunze gutekereza ko haba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-12T15:24:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-05-08T19:30:30+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4451#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4451\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo\",\"datePublished\":\"2017-01-12T15:24:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-05-08T19:30:30+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4451\"},\"wordCount\":375,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4451#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4451\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4451\",\"name\":\"Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-12T15:24:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-05-08T19:30:30+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4451#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4451\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4451#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo - BWIZA","og_description":"Abantu benshi biganjemo abagabo n\u2019abasore bakunze kubyuka mu gitondo cya kare igitsina cyabo cyafashe umurego udasanzwe. Gusa ibi bigaragara kenshi ku bantu b\u2019igitsinagabo nubwo abenshi badasobanukirwa ikiba cyabaye ku mubiri wabo kuko usanga hafi ya buri gitondo bafite impinduka ku bice by\u2019umubiri wabo bimwe na bimwe. Ibi si uburwayi nk\u2019uko bamwe bakunze gutekereza ko haba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-12T15:24:31+00:00","article_modified_time":"2025-05-08T19:30:30+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo","datePublished":"2017-01-12T15:24:31+00:00","dateModified":"2025-05-08T19:30:30+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451"},"wordCount":375,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4451#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451","name":"Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-12T15:24:31+00:00","dateModified":"2025-05-08T19:30:30+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4451"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4451#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4451","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4451"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4451\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4451"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4451"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4451"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}