{"id":4456,"date":"2017-01-13T08:08:00","date_gmt":"2017-01-13T08:08:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/13\/u-rwanda-rwashyize-imbaraga-nyinshi-mu-isuku-tugomba-kubiha-agaciro-acp\/"},"modified":"2025-02-12T17:11:33","modified_gmt":"2025-02-12T15:11:33","slug":"u-rwanda-rwashyize-imbaraga-nyinshi-mu-isuku-tugomba-kubiha-agaciro-acp","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456","title":{"rendered":"U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa"},"content":{"rendered":"<div>\nPolisi y\u2019u Rwanda irahamagarira abantu bose kureka kujugunya no guta aho babonye , ku mihanda cyangwa hanze y\u2019imodoka kandi ikabagira inama yo gukoresha buri gihe ahagenewe kujugunywa imyanda hagiye haboneka henshi mu mijyi.\n<\/div>\n<div>\nUbu butumwa buri mu murongo w\u2019ubukangurambaga bw\u2019isuku n\u2019umutekano  kandi nk\u2019uko umuyobozi w\u2019ishami rya Polisi rishinzwe kuyihuza  n\u2019abaturage, ACP Celestin Twahirwa abitangaza, ni ukwibutsa abaturage ko kujugunya imyanda ahabonetse hose bihanirwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nACP Twahirwa agira ati: &#8220;U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro, niyo mpamvu dusaba abaturage  gukoresha buri gihe ahagenewe kujugunya imyanda  kandi guhora dushakira isuku imijyi yacu bakabigira ibyabo.\u201d<br \/>\nYifashishije itegeko ngenga rigena uburyo bwo kurengera , kubungabunga no guteza imbere  ibidukikije mu Rwanda risobanura umwanda nk\u2019ikintu cyose , gikomeye, gisukika cyangwa cy\u2019umwuka gikomoka ku mirimo yo mu ngo, ku bihingwa byatawe n\u2019ibindi,\u2026byose bishobora gutera indwara.\n<\/div>\n<div>\nACP Twahirwa yagize ati:\u201d Ingingo ya 32 y\u2019itegeko ngenga ivuga ko, nta muntu wemerewe gushyira imyanda ahantu hatabigenewe, uretse  aho bayiyongesha, cyangwa se mu ruganda itunganyirizwamo kandi byemejwe  n\u2019ubuyobozi bubifitiye ububasha.\u201d<br \/>\nYavuze ko imyanda ikurura udusimba twinshi cyane isazi nazo zishobora gukwirakwiza umwanda n\u2019indwara ahakikije iyi myanda.\n<\/div>\n<div>\nAha yagize ati:\u201d Umwanda ufite ingaruka nyinshi, iyo ishyizwe aho itabungabunzwe neza igira ingaruka ku buzima bw\u2019abantu bayegereye ndetse no ku bidukikije muri rusange; niyo mpamvu habaho ibikorwa rusange by\u2019isuku nko mu miganda ikorwa, ni nayo mpamvu hariho itegeko rihana abateza umwanda.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nYakomeje avuga ku ngingo ya 107 yo muri iryo tegeko ivuga ko; bahanishwa ihazabu kuva ku bihumbi cumi (10.000) by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kugeza ku bihumbi ijana (100.000) by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda abantu bose bashyira, basiga, bajugunya umwanda, ibikoresho, cyangwa bamena amazi yakoreshejwe mu ngo ahantu rusange cyangwa hiherereye keretse iyo aho ahantu hateganijwe n\u2019ubuyobozi bubifitiye ububasha.\n<\/div>\n<div>\nIrongera ikavuga ko, bahanishwa ihazabu y\u2019ibihumbi cumi by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda (10.000 Frw) cyangwa bagategekwa gusukura ahantu abantu banduje umutungo rusange cyangwa uw\u2019abantu ku giti cyabo, bakoresheje umwanda ukomoka ku bantu no mu ngo, keretse iyo aho hantu hateganijwe n\u2019ubuyobozi bubifitiye ububasha.<br \/>\nACP Twahirwa akaba avuga ko biriya bihano byakwirindwa abantu bareka kujugunya umwanda aho babonye.\n<\/div>\n<div>\nYasoje agira ati: &#8220;Turamenyesha abantu ko, ku bufatanye n\u2019inzego zibishinzwe, turasaba abantu bose kuba maso bakareba kandi bagatanga amakuru ku wo babona wese ujugunya umwanda ku muhanda, nk&#8217; ibice by\u2019itabi bashigaje,n\u2019ibindi ,\u2026ko bitazihanganirwa.\u201d<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>@Bwiza.com<\/em> <\/strong>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda irahamagarira abantu bose kureka kujugunya no guta aho babonye , ku mihanda cyangwa hanze y\u2019imodoka kandi ikabagira inama yo gukoresha buri gihe ahagenewe kujugunywa imyanda hagiye haboneka henshi mu mijyi. Ubu butumwa buri mu murongo w\u2019ubukangurambaga bw\u2019isuku n\u2019umutekano kandi nk\u2019uko umuyobozi w\u2019ishami rya Polisi rishinzwe kuyihuza n\u2019abaturage, ACP Celestin Twahirwa abitangaza, ni [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4456","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda irahamagarira abantu bose kureka kujugunya no guta aho babonye , ku mihanda cyangwa hanze y\u2019imodoka kandi ikabagira inama yo gukoresha buri gihe ahagenewe kujugunywa imyanda hagiye haboneka henshi mu mijyi. Ubu butumwa buri mu murongo w\u2019ubukangurambaga bw\u2019isuku n\u2019umutekano kandi nk\u2019uko umuyobozi w\u2019ishami rya Polisi rishinzwe kuyihuza n\u2019abaturage, ACP Celestin Twahirwa abitangaza, ni [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-13T08:08:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:11:33+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4456#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4456\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa\",\"datePublished\":\"2017-01-13T08:08:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:11:33+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4456\"},\"wordCount\":421,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4456#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4456\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4456\",\"name\":\"U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-13T08:08:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:11:33+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4456#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4456\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4456#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda irahamagarira abantu bose kureka kujugunya no guta aho babonye , ku mihanda cyangwa hanze y\u2019imodoka kandi ikabagira inama yo gukoresha buri gihe ahagenewe kujugunywa imyanda hagiye haboneka henshi mu mijyi. Ubu butumwa buri mu murongo w\u2019ubukangurambaga bw\u2019isuku n\u2019umutekano kandi nk\u2019uko umuyobozi w\u2019ishami rya Polisi rishinzwe kuyihuza n\u2019abaturage, ACP Celestin Twahirwa abitangaza, ni [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-13T08:08:00+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:11:33+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa","datePublished":"2017-01-13T08:08:00+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:11:33+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456"},"wordCount":421,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4456#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456","name":"U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-13T08:08:00+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:11:33+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4456"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4456#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4456","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4456"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4456\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4456"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4456"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4456"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}