{"id":44561,"date":"2022-02-10T11:51:46","date_gmt":"2022-02-10T11:51:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/02\/10\/kigali-yatabye-agahanga-k-ihene-kamutegeka-kugasubiza-aho-yagakuye\/"},"modified":"2022-02-10T11:51:46","modified_gmt":"2022-02-10T11:51:46","slug":"kigali-yatabye-agahanga-k-ihene-kamutegeka-kugasubiza-aho-yagakuye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561","title":{"rendered":"Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umukarani witwa Suwiri wo mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge, yatunguwe n\u2019uko agahanga k\u2019ihene yari yatabye kamutegetse kugasubiza aho yagakuye, kanamuhungabanya ku buryo yabuze imbaraga zo kwikura aho yari ari.<\/strong><\/p>\n<p>Nk\u2019uko BTN TV yabitangaje, uyu mugabo yavuze ko yahamagawe na Pasiteri kuri Eglise du Peuple de Dieu amubwira ngo ajye kujugunya ipusi, ahageze asanga ni umutwe w\u2019ihene.<\/p>\n<p>Ngo yafashe imifuka, agashyiramo, maze ajya kukajugunya kugira ngo \u2018abone amafaranga yo gutunga abana be\u2019.<\/p>\n<p>Ariko ngo nyuma y\u2019iminota 30 amaze kujugunya aka gahanga, umubiri we warahindutse, yumva acitse intege, asobanurira bagenzi be impamvu ishobora kuba yaramuteye ibi bibazo; ari yo aka gahanga k\u2019ihene.<\/p>\n<p>Uyu mukarani yavuze ko byageze aho akumva amajwi amutegeka kugasubiza aho yagakuye. Ati: \u201cNyuma nkumva ikintu kiri kumvugiramo ngo \u2018uriya mutwe wakuye hariya, wawusubije aho wawukuye\u2019. Nakweguka gutya, nkabura umuntu.\u201d<\/p>\n<p>Ku munsi ukurikiyeho, yarangiye bagenzi be aho yari yatabye aka gahanga, barakamutaburira, maze bakamuzanira aho yari ari, ariko avuga ko nyuma yongeye kwitura hasi ubwo bari bamaze kukageza aho yagakuye.<\/p>\n<p>Amaze kwitura hasi, Imbangukiragutabara yaraje, imujyana ku bitaro nk\u2019uko amashusho akomeza abyerekana.<\/p>\n<p>Pasiteri Ivan uyoboye ishuri ry\u2019incuke rya Rocher unafite inshingano muri Eglise du Peuple de Dieu, yemereye umunyamakuru ko koko yatumye uyu mukarani gukura aka gahanga katumaga amasazi kuri iri shuri, kugira ngo kadakomeza guteza umwanda.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Suwiri ndamuzi, ni umukarani ukorera hano ku isoko. Dusanzwe dukorana, asanzwe adufasha mu mirimo imwe n\u2019imwe ijyanye n\u2019isuku hano mu kigo. Ukuntu byagenze, Parcel yacu igera hejuru ya ruhurura, ejo twahasanze ikintu cyari kimeze nk\u2019umutwe, cyarimo giteza umwanda, cyari gifite isazi nyinshi cyane. Hanyuma ndareba, ndavuga nti \u2018kino kintu gishobora kuduteza umwanda\u2019 kubera ko cyari gifite isazi nyinshi cyane. <\/p>\n<p>Hanyuma ni bwo nahamagaye wa musore dusanzwe dukorana, ndavuga nti : \u2018kino kintu kinjugunyire, kitaza kunteza umwanda kuko kiri kuzana isazi nyinshi ku bana. Hari mu masaa yine, aragenda arakijugunya, ahubwo uyu munsi ntunguwe n\u2019ukuntu cyagarutse ndetse na we ngasanga yaryamye mu kigo.&#8221;<\/p>\n<p>Pasiteri Ivan avuga ko nta cyagaragaza niba ari umwuka mubi waba wahungabanyije uyu mukarani, ko ahubwo ashobora kuba afite indi ndwara yakwemezwa n\u2019abaganga mu gihe baraba bamaze kumusuzuma.<\/p>\n<p>Haracyari urujijo ku waba yashyize aka gahanga kuri iri shuri n\u2019icyo yari agambiriye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukarani witwa Suwiri wo mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge, yatunguwe n\u2019uko agahanga k\u2019ihene yari yatabye kamutegetse kugasubiza aho yagakuye, kanamuhungabanya ku buryo yabuze imbaraga zo kwikura aho yari ari. Nk\u2019uko BTN TV yabitangaje, uyu mugabo yavuze ko yahamagawe na Pasiteri kuri Eglise du Peuple de Dieu amubwira ngo ajye kujugunya ipusi, ahageze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-44561","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukarani witwa Suwiri wo mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge, yatunguwe n\u2019uko agahanga k\u2019ihene yari yatabye kamutegetse kugasubiza aho yagakuye, kanamuhungabanya ku buryo yabuze imbaraga zo kwikura aho yari ari. Nk\u2019uko BTN TV yabitangaje, uyu mugabo yavuze ko yahamagawe na Pasiteri kuri Eglise du Peuple de Dieu amubwira ngo ajye kujugunya ipusi, ahageze [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-10T11:51:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44561#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44561\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye\",\"datePublished\":\"2022-02-10T11:51:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44561\"},\"wordCount\":376,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44561#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44561\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44561\",\"name\":\"Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-02-10T11:51:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44561#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44561\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44561#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye - BWIZA","og_description":"Umukarani witwa Suwiri wo mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge, yatunguwe n\u2019uko agahanga k\u2019ihene yari yatabye kamutegetse kugasubiza aho yagakuye, kanamuhungabanya ku buryo yabuze imbaraga zo kwikura aho yari ari. Nk\u2019uko BTN TV yabitangaje, uyu mugabo yavuze ko yahamagawe na Pasiteri kuri Eglise du Peuple de Dieu amubwira ngo ajye kujugunya ipusi, ahageze [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-02-10T11:51:46+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye","datePublished":"2022-02-10T11:51:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561"},"wordCount":376,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44561#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561","name":"Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-02-10T11:51:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44561"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44561#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Yatabye agahanga k\u2019ihene, kamutegeka kugasubiza aho yagakuye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44561","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=44561"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44561\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=44561"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=44561"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=44561"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}