{"id":44624,"date":"2022-02-13T15:10:19","date_gmt":"2022-02-13T15:10:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/02\/13\/kakwenza-byavugwaga-ko-yahungiye-mu-rwanda-yahishuye-igihugu-yanyuzemo-mbere-yo\/"},"modified":"2022-02-13T15:10:19","modified_gmt":"2022-02-13T15:10:19","slug":"kakwenza-byavugwaga-ko-yahungiye-mu-rwanda-yahishuye-igihugu-yanyuzemo-mbere-yo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624","title":{"rendered":"Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo  mbere yo kujya i Burayi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umwanditsi w\u2019ibitabo w\u2019Umugande uherutse guhunga igihugu, Kakwenza Rukirabashaija, yahishuye igihugu yabanje kunyuramo mbere yo kujya ku mugabane w\u2019Uburayi.<\/strong><\/p>\n<p>Umunyamategeko Eron Kiiza wunganira uyu mwanditsi ukunze kwibasira Perezida Yoweri Museveni n\u2019umuhungu we, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yifashishije imbuga nkoranyambaga, tariki ya 9 Gashyantare 2022 ni bwo yatangaje ko umukiriya we yamaze guhunga igihugu.<\/p>\n<p>Me Kiiza wagaragarije itangazamakuru ko na we yatunguwe no kumva ko Kakwenza yashoboye guhunga, yavuze ko yabitewe n\u2019impungenge ku buzima bwe, zatewe n\u2019ibikomere byakomotse ku nkoni yakubitiwe n\u2019abakomando bo mu mutwe wa SFC.<\/p>\n<p>Mu butumwa yanyujije kuri Facebook nyuma y\u2019amasaha make bimenyekanye ko yatorotse, yasobanuye ko yanze icyemezo cy\u2019umucamanza mu rukiko rwa Buganda cyo kwivuriza imbere mu gihugu, kuko ngo ibitaro byaho ni nk\u2019imitego y\u2019urupfu yashaje, ajya kwivuriza i Burayi, anemeza ko azagaruka mu gihe azaba amaze guhabwa ubuvuzi.<\/p>\n<p><strong>Byavuzwe ko yahungiye mu Rwanda<\/strong><\/p>\n<p>Umunyamakuru Canary Mugume wubashywe muri Uganda kubera inkuru z\u2019ubucukumbuzi akora, tariki ya 9 yatangarije kuri Twitter ko Me Kiiza yemeje ko Kakwenza mbere yo kwerekeza mu buhungiro, yanyuze mu Rwanda.<\/p>\n<p>Mugume yagize ati: \u201cUmwanditsi Kakwenza Rukirabashaije yagiye mu buhungiro, anyuze mu Rwanda, umunyamategeko we Eron Kiiza yabyemeje.\u201d<\/p>\n<p>Byatumye uwo munsi, Gen. Kainerugaba uherutse mu Rwanda tariki ya 22 Mutarama, ahamagara Perezida Paul Kagame, amubaza niba uyu mwanditsi ari mu gihugu ariko Umukuru w\u2019Igihugu aramuhakanira.<\/p>\n<p>Gen. Kainerugaba yarabitangaje ati: \u201cNahoze mvugana na Paul Kagame kandi yambwiye ko [Kakwenza] atari mu Rwanda!!\u201d<\/p>\n<p><strong>Yahishuye igihugu yabanje kunyuramo<\/strong><\/p>\n<p>Mu kiganiro yagiranye na Al Jazeera yamuhamagaye ku murongo wa telefone, yasobanuriye iki kinyamakuru uburyo yakubitiwe n\u2019abakomando ku cyicaro gikuru cya SFC.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cBanyishe urubozo. Bakoreshaga amapensi bakurura inyama ku matako yanjye. Buri gihe iyo ndebye umubiri wanjye mu ndorerwamo, nsuka amarira.\u201d<\/p>\n<p>Ku cyicaro cya SFC kandi, ngo aba bakomando bamutegekaga kubyina, bakamukubita kugeza ataye ubwenge.<\/p>\n<p>Kakwenza yabwiye Al Jazeera ko yabanje kuba muri Repubulika ya Malawi, kandi yizeye ko azagera mu Budage, agahabwa ubuvuzi yifuza. Muri iyi nkuru yasohotse ku wa 11 Gashyantare, iki kinyamakuru cyagize kiti: \u201cYavuze ko yari muri Malawi kandi yizeye kugera mu Budage kugira ngo ahabwe ubuvuzi.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwanditsi w\u2019ibitabo w\u2019Umugande uherutse guhunga igihugu, Kakwenza Rukirabashaija, yahishuye igihugu yabanje kunyuramo mbere yo kujya ku mugabane w\u2019Uburayi. Umunyamategeko Eron Kiiza wunganira uyu mwanditsi ukunze kwibasira Perezida Yoweri Museveni n\u2019umuhungu we, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yifashishije imbuga nkoranyambaga, tariki ya 9 Gashyantare 2022 ni bwo yatangaje ko umukiriya we yamaze guhunga igihugu. Me Kiiza wagaragarije [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-44624","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo mbere yo kujya i Burayi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo mbere yo kujya i Burayi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwanditsi w\u2019ibitabo w\u2019Umugande uherutse guhunga igihugu, Kakwenza Rukirabashaija, yahishuye igihugu yabanje kunyuramo mbere yo kujya ku mugabane w\u2019Uburayi. Umunyamategeko Eron Kiiza wunganira uyu mwanditsi ukunze kwibasira Perezida Yoweri Museveni n\u2019umuhungu we, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yifashishije imbuga nkoranyambaga, tariki ya 9 Gashyantare 2022 ni bwo yatangaje ko umukiriya we yamaze guhunga igihugu. Me Kiiza wagaragarije [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-13T15:10:19+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44624#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44624\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo mbere yo kujya i Burayi\",\"datePublished\":\"2022-02-13T15:10:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44624\"},\"wordCount\":356,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44624#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44624\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44624\",\"name\":\"Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo mbere yo kujya i Burayi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-02-13T15:10:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44624#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44624\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44624#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo mbere yo kujya i Burayi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo mbere yo kujya i Burayi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo mbere yo kujya i Burayi - BWIZA","og_description":"Umwanditsi w\u2019ibitabo w\u2019Umugande uherutse guhunga igihugu, Kakwenza Rukirabashaija, yahishuye igihugu yabanje kunyuramo mbere yo kujya ku mugabane w\u2019Uburayi. Umunyamategeko Eron Kiiza wunganira uyu mwanditsi ukunze kwibasira Perezida Yoweri Museveni n\u2019umuhungu we, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yifashishije imbuga nkoranyambaga, tariki ya 9 Gashyantare 2022 ni bwo yatangaje ko umukiriya we yamaze guhunga igihugu. Me Kiiza wagaragarije [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-02-13T15:10:19+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo mbere yo kujya i Burayi","datePublished":"2022-02-13T15:10:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624"},"wordCount":356,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44624#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624","name":"Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo mbere yo kujya i Burayi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-02-13T15:10:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44624"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44624#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kakwenza byavugwaga ko yahungiye mu Rwanda, yahishuye igihugu yanyuzemo mbere yo kujya i Burayi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44624","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=44624"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44624\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=44624"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=44624"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=44624"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}