{"id":44753,"date":"2022-02-18T09:24:05","date_gmt":"2022-02-18T09:24:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/02\/18\/assoumani-arasabira-ababeshyeye-nkundabanyanga-gufungwa-imyaka-30-bamusabiraga\/"},"modified":"2022-02-18T09:24:05","modified_gmt":"2022-02-18T09:24:05","slug":"assoumani-arasabira-ababeshyeye-nkundabanyanga-gufungwa-imyaka-30-bamusabiraga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753","title":{"rendered":"Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umunyamakuru Niyonambaza Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga Eugenie ko yagize uruhare muri jenoside akanakatirwa n\u2019Urukiko Gacaca, gufungwa imyaka 30 bamusabiraga.<\/strong><\/p>\n<p>Urukiko rw\u2019ubujurire ruherutse gutegeka ko Nkundabanyanga  w\u2019imyaka 81 y\u2019amavuko arekurwa na gereza ya Nyarugenge yari amaze hafi amezi 10 afungiwemo, ubwo yasabirwaga kurangiza iki gifungo.<\/p>\n<p>Urukiko rwasanze ikirego cyatanzwe n\u2019uwitwa Karangwa Charles kuri Nkundabanyanga nta shingiro gifite, kuko uwo Gacaca yakatiye igifungo cy\u2019imyaka 30 yitwa Nyirankundabanyanga, kandi ntaho bahuriye.<\/p>\n<p>Uyu mukecuru mu iburanisha, yagiye asobanura ko atari we Nyirankundabanyanga, ko iki kirego yacyegetsweho kubera ko yakurikiranaga isambu ye avuga ko ifite agaciro k\u2019amafaranga miliyoni 100 yari yarambuwe na Karangwa.<\/p>\n<p>Iyi sambu yarayiburanye, arayitsindira, ndetse yanamaze kwamburwa Karangwa, Nkundabanyanga arayisubizwa.<\/p>\n<p><strong>Assoumani arasabira igihano ababeshyeye Nkundabanyanga<\/strong><\/p>\n<p>Uyu munyamakuru wakurikiranye inkuru ya Nkundabanyanga kuva yatabwa muri yombi, akanagaragaza uburyo arenganamo, asaba ko hashingiwe ku itegeko, ababeshyeye uyu mukecuru bakatirwa igifungo bamwifurizaga.<\/p>\n<p>Mu kiganiro yagiranye na Ukwezi TV, Asoumani yagize ati: \u201cUmuntu witwa Karangwa Charles ni we wamugejeje hariya. Ibyabaye kuri uriya mukecuru byose byubakiye ku muntu witwa Karangwa Charles. Nza rero gusaba ko amategeko agomba gukurikizwa, hanyuma na we, ubutabera bukazagira icyo bumukurikiranaho.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje asobanura itegeko rigonga uwakoze icyaha nk\u2019icya Karangwa. Ati: \u201cNdatekereza ko mu mategeko birimo, ahavuga ko igihe wabeshyeye umuntu, warenganyije umuntu, bikagera mu mategeko, bikagera imbere y\u2019inkiko, ndetse uwo muntu akaba yanafungwa, ubundi igihe bigaragaye ko wamubeshyeye, igihano yakabaye abona, ni we uba ukwiye kukibona. Ibyo tuzabiharanira rwose.\u201d<\/p>\n<p><strong>Isambu yasurwaga n\u2019abakomeye<\/strong><\/p>\n<p>Assoumani yavuze ko mu gihe Nkundabanyanga yakurikiranwaga, hari abantu bakomeye barimo n\u2019abo mu nzego zishinzwe umutekano basuraga isambu ye yari yarambuwe na Karangwa Charles.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cMu gihe uriya mukecuru bamwirukagaho, baca hirya no hino, nyirabayazana w\u2019akarengane ke, bwa butaka bwe buri hariya i Murambi, hahoraga abantu babusura, mu mamodoka akomeye, , harimo n\u2019abo mu nzego z\u2019umutekano rwose reka tubivuge. Harimo ab\u2019amanyenyeri ariko batatumwe n\u2019inzego bakorera cyangwa batatumwe na Leta. Ah ah! Ku nyungu zabo, wenda bari no mu kigare cya Karangwa Charles. Bariyizi bazabona iki kiganiro, kandi ntibatekereze ko tutabazi.\u201d<\/p>\n<p>Assoumani yavuze ko abifuza isambu ya Nkundabanyanga bakwiye gusubiza amerwe mu isaho, kuko uyu mukecuru ntazongera kurengana. Ati: \u201cBarahombye, ibyo batekerezaga ntibikunze.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyamakuru Niyonambaza Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga Eugenie ko yagize uruhare muri jenoside akanakatirwa n\u2019Urukiko Gacaca, gufungwa imyaka 30 bamusabiraga. Urukiko rw\u2019ubujurire ruherutse gutegeka ko Nkundabanyanga w\u2019imyaka 81 y\u2019amavuko arekurwa na gereza ya Nyarugenge yari amaze hafi amezi 10 afungiwemo, ubwo yasabirwaga kurangiza iki gifungo. Urukiko rwasanze ikirego cyatanzwe n\u2019uwitwa Karangwa Charles kuri Nkundabanyanga nta shingiro [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-44753","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyamakuru Niyonambaza Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga Eugenie ko yagize uruhare muri jenoside akanakatirwa n\u2019Urukiko Gacaca, gufungwa imyaka 30 bamusabiraga. Urukiko rw\u2019ubujurire ruherutse gutegeka ko Nkundabanyanga w\u2019imyaka 81 y\u2019amavuko arekurwa na gereza ya Nyarugenge yari amaze hafi amezi 10 afungiwemo, ubwo yasabirwaga kurangiza iki gifungo. Urukiko rwasanze ikirego cyatanzwe n\u2019uwitwa Karangwa Charles kuri Nkundabanyanga nta shingiro [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-18T09:24:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44753#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44753\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga\",\"datePublished\":\"2022-02-18T09:24:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44753\"},\"wordCount\":360,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44753#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44753\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44753\",\"name\":\"Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-02-18T09:24:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44753#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44753\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44753#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga - BWIZA","og_description":"Umunyamakuru Niyonambaza Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga Eugenie ko yagize uruhare muri jenoside akanakatirwa n\u2019Urukiko Gacaca, gufungwa imyaka 30 bamusabiraga. Urukiko rw\u2019ubujurire ruherutse gutegeka ko Nkundabanyanga w\u2019imyaka 81 y\u2019amavuko arekurwa na gereza ya Nyarugenge yari amaze hafi amezi 10 afungiwemo, ubwo yasabirwaga kurangiza iki gifungo. Urukiko rwasanze ikirego cyatanzwe n\u2019uwitwa Karangwa Charles kuri Nkundabanyanga nta shingiro [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-02-18T09:24:05+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga","datePublished":"2022-02-18T09:24:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753"},"wordCount":360,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44753#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753","name":"Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-02-18T09:24:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44753"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44753#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Assoumani arasabira ababeshyeye Nkundabanyanga gufungwa imyaka 30 bamusabiraga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44753","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=44753"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44753\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=44753"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=44753"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=44753"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}