{"id":44827,"date":"2022-02-21T14:00:00","date_gmt":"2022-02-21T14:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/02\/21\/arsenal-yateye-utwatsi-icyifuzo-yahawe-cyo-gutabariza-rusesabagina\/"},"modified":"2022-02-21T14:00:00","modified_gmt":"2022-02-21T14:00:00","slug":"arsenal-yateye-utwatsi-icyifuzo-yahawe-cyo-gutabariza-rusesabagina","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827","title":{"rendered":"Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yateye utwatsi icyifuzo cy&#8217;umuryango wa Paul Rusesabagina cyo kumutabariza ngo arekurwe na Leta y&#8217;u Rwanda.<\/strong><\/p>\n<p>Rusesabagina wamenyekanye muri filime &#8216;Hotel Rwanda&#8217; kuri ubu afungiye mu Rwanda, nyuma yo gukatirwa imyaka 25 y&#8217;igifungo kubera ibyaha by&#8217;iterabwoba yahamijwe n&#8217;Urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha by&#8217;iterabwoba n&#8217;ibyambukiranya imbibi.<\/p>\n<p>Ni ibyaha byakozwe mu izina ry&#8217;umutwe wa FLN wegamiye ku mpuzamashyaka MRCD yari akuriye.<\/p>\n<p>Arsenal yiyambajwe ngo imuvuganire cyo kimwe na PSG yo mu Bufaransa, zombi zisanzwe zifitanye ubufatanye na Leta y&#8217;u Rwanda binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda igamije kumenyekanisha ubukerarugendo bwarwo.<\/p>\n<p>Mu kiganiro umukobwa wa Rusesabagina, Carine Kanimba yagiranye n&#8217;ikinyamakuru The Mirror cyo mu Bwongereza, yasabye aya makipe yombi gukoresha imiyoboro yayo mu gutuma abantu bamagana ibikorwa bya Leta y&#8217;u Rwanda, ibyo avuga ko abenshi mu Banyarwanda batatinyuka gukora ku bwo gutinya gufungwa.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Kwakira amafaranga ya Guverinoma y&#8217;u Rwanda ni kimwe, ariko guceceka ibyo uzi ko bibaho bibabaza abantu. Arsenal ikwiye guhaguruka ikamagana ihonyora ry&#8217;uburenganzira bwa muntu, aho kwishimira gusa kuba u Rwanda ari igihugu cyiza.&#8221;<\/p>\n<p>Carine Kanimba yavuze ko gahunda ya Visit Rwanda nta kindi igamije kitari uguhisha ihonyora ry&#8217;uburenganzira bwa muntu rikorerwa mu Rwanda, no kujijisha ko igihugu kibayeho neza kandi abaturage bababaye.<\/p>\n<p>Yavuze ko Guverinoma y&#8217;u Rwanda imaze igihe inengwa ndetse inakorwaho iperereza n&#8217;amahanga kubera igihe kirekire imaze ihonyora uburenganzira bwa muntu kandi bikaba bizwi n&#8217;Isi yose.<\/p>\n<p>Ku bwe ngo &#8220;Inzira yo kuyobya uburari kuri ayo makuru mabi ni ukuvuga kuri Siporo, kuko bazi ko abantu bayikunda kandi bakabana na yo.&#8221;<\/p>\n<p>Kanimba yunzemo ati: &#8220;Arsenal na PSG ziri gushyira mu bibazo amateka yazo ateye ishema n&#8217;isura yazo zigira ubufatanye kandi zigafata amafaranga y&#8217;ubutegetsi bw&#8217;igitugu butubahiriza ubwisanzure bwo kuvuga cyangwa inzira ikwiye y&#8217;amategeko, ndetse bukanahonyora uburenganzira bwa muntu.&#8221;<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Arsenal avuga ku cyifuzo cya Carine Kanimba, yabwiye The Mirror ko mu byo nk&#8217;Arsenal bagiranyemo n&#8217;u  Rwanda amasezerano y&#8217;ubufatanye hatarimo Politiki.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Kuva ubufatanye bwacu bwatangira muri 2018, twakoranye mu kubara inkuru y&#8217;umuco Nyarwanda n&#8217;umurage warwo, ndetse no kurumenyekanisha nk&#8217;ahantu ho kujya kuruhukira. Nyuma y&#8217;umwaka umwe ubufatanye butangiye, ibyo u Rwanda rwinjiza mu bukerarugendo byiyongereyeho 17%, hanyuma abakerarugendo barusura baturutse i Burayi biyongeraho 22%.&#8221;<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Arsenal yavuze ko ubu bwiyongere bwatumye ubukungu bw&#8217;u Rwanda buzamuka, burema ubundi buryo bwinshi igihugu cyinjirizamo amafaranga binyuze mu kubona ibindi bisata byo gushoramo imari, bukura ibihumbi by&#8217;abaturage mu bukene kandi bubongerera ubushobozi.<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Ibi ni byo tuzakomeza kwibandaho mu gihe u Rwanda rukomeje kwigobotora ingaruka zasizwe n&#8217;icyorezo cya Covid.&#8221;<\/p>\n<p>PSG yo ntacyo iratangaza ku byavuzwe n&#8217;umukobwa wa Rusesabagina.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yateye utwatsi icyifuzo cy&#8217;umuryango wa Paul Rusesabagina cyo kumutabariza ngo arekurwe na Leta y&#8217;u Rwanda. Rusesabagina wamenyekanye muri filime &#8216;Hotel Rwanda&#8217; kuri ubu afungiye mu Rwanda, nyuma yo gukatirwa imyaka 25 y&#8217;igifungo kubera ibyaha by&#8217;iterabwoba yahamijwe n&#8217;Urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha by&#8217;iterabwoba n&#8217;ibyambukiranya imbibi. Ni ibyaha byakozwe mu izina ry&#8217;umutwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[132],"class_list":["post-44827","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-featured-post"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yateye utwatsi icyifuzo cy&#8217;umuryango wa Paul Rusesabagina cyo kumutabariza ngo arekurwe na Leta y&#8217;u Rwanda. Rusesabagina wamenyekanye muri filime &#8216;Hotel Rwanda&#8217; kuri ubu afungiye mu Rwanda, nyuma yo gukatirwa imyaka 25 y&#8217;igifungo kubera ibyaha by&#8217;iterabwoba yahamijwe n&#8217;Urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha by&#8217;iterabwoba n&#8217;ibyambukiranya imbibi. Ni ibyaha byakozwe mu izina ry&#8217;umutwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-21T14:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44827#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44827\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina\",\"datePublished\":\"2022-02-21T14:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44827\"},\"wordCount\":446,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Featured Post\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44827#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44827\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44827\",\"name\":\"Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-02-21T14:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44827#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44827\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44827#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina - BWIZA","og_description":"Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yateye utwatsi icyifuzo cy&#8217;umuryango wa Paul Rusesabagina cyo kumutabariza ngo arekurwe na Leta y&#8217;u Rwanda. Rusesabagina wamenyekanye muri filime &#8216;Hotel Rwanda&#8217; kuri ubu afungiye mu Rwanda, nyuma yo gukatirwa imyaka 25 y&#8217;igifungo kubera ibyaha by&#8217;iterabwoba yahamijwe n&#8217;Urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha by&#8217;iterabwoba n&#8217;ibyambukiranya imbibi. Ni ibyaha byakozwe mu izina ry&#8217;umutwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-02-21T14:00:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina","datePublished":"2022-02-21T14:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827"},"wordCount":446,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Featured Post"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44827#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827","name":"Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-02-21T14:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44827"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44827#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Arsenal yateye utwatsi icyifuzo yahawe cyo gutabariza Rusesabagina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44827","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=44827"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44827\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=44827"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=44827"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=44827"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}