{"id":44842,"date":"2022-02-21T21:50:00","date_gmt":"2022-02-21T21:50:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/02\/21\/perezida-paul-kagame-yashenguwe-cyane-n-urupfu-rwa-dr-paul-famer\/"},"modified":"2022-02-21T21:50:00","modified_gmt":"2022-02-21T21:50:00","slug":"perezida-paul-kagame-yashenguwe-cyane-n-urupfu-rwa-dr-paul-famer","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842","title":{"rendered":"Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n&#8217;urupfu rwa Dr Paul Famer"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Paul Kagame yatangaje ko yababajwe cyane n&#8217;inkuru y&#8217;urupfu rwa Dr Paul Famer, ashimangira ko kumutakaza ari igihombo kiremereye haba ku Rwanda nk&#8217;igihugu yakundaga cyane, ku muryango we ndetse no kuri we ubwe<\/strong><\/p>\n<p>Inkuru y&#8217;urupfu rw&#8217;uyu munya-Amerika washinze Kaminuza ya Butaro rwamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, akaba yitabye Imana azize uburwayi.<\/p>\n<p>Iyi Kaminuza mu itangazo yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yavuze ko yababajwe n\u2019urupfu rwa Dr Famer, ivuga ko ruteye agahinda kuri yo no ku bakora mu rwego rw\u2019ubuzima muri rusange.<\/p>\n<p>Dr Paul Farmer witabye Imana, muri 2019 yahawe na Perezida Kagame umudali w\u2019igihango uzwi &#8216;Order of Outstanding Friendship &#8211; Igihango&#8217; kubera uruhare rwe mu iterambere ry\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, yavuze ko bigoye kwakira inkuru y&#8217;umubabaro y&#8217;urupfu rwa Dr Paul Famer.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Biragoye kubona amagambo yasobanura inkuru ibabaje y&#8217;urupfu rwa Paul Famer &#8211; umuntu, umuganga, umugiraneza. Yari akomatanyije ibintu byinshi bigoye kubona mu muntu umwe.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko urupfu rw&#8217;uriya muganga witabye Imana ku myaka 62 y&#8217;amavuko ari igihombo kuri benshi, kugeza no kuri we ubwe.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Uburemere bw&#8217;igihombo cyo kumutakaza buri mu ngeri nyinshi, haba ku gihugu cy&#8217;u Rwanda (yakundaga cyane kandi yatanzemo umusanzu mu rugendo rwo kucyubaka bundi bushya), ku muryango wanjye no kuri njye ubwanjye. Nzi neza ko hari benshi bacyumvise muri Afurika n&#8217;ahandi.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Kagame yaboneyeho kwihanganisha umuryango wa Dr Famer, yumugore we, abana be ndetse n&#8217;inshuti ze.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko Dr Famer yitabye Imana nyuma y&#8217;ukwezi ari mu Rwanda, dore ko yigishaga muri UGHE anavura mu bitaro bya Butaro.<\/p>\n<p>Dr Farmer yagize uruhare mu bikorwa byinshi bigamije guteza imbere urwego rw\u2019ubuzima cyane cyane mu bihugu bikennye n\u2019ibiri mu nzira y\u2019amajyambere, aho ari umwe mu bashinze Umuryango Partners In Health (PIH) wamenyekanye mu Rwanda nk\u2019Inshuti mu Buzima.<\/p>\n<p>Ni umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu wita ku bikorwa biteza imbere ubuzima kuva mu 1987.<\/p>\n<p>Umukobwa wa Perezida Kagame na we ari mu bagaragaje ko bashenguwe cyane n&#8217;urupfu rwe.<\/p>\n<p>Ingabire Ange Kagame abinyujije kuri Twitter, yavuze ko Dr Famer ashobora kuba ari we muntu rukumbi wabayeho &#8220;wihariye, w&#8217;umugiraneza ndetse w&#8217;ingirakamaro.&#8221;<\/p>\n<p>Na we yavuze ko yari asobanuye byinshi cyane ku muryango we no kuri we ubwe, ashimangira ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye cyane.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Paul Kagame yatangaje ko yababajwe cyane n&#8217;inkuru y&#8217;urupfu rwa Dr Paul Famer, ashimangira ko kumutakaza ari igihombo kiremereye haba ku Rwanda nk&#8217;igihugu yakundaga cyane, ku muryango we ndetse no kuri we ubwe Inkuru y&#8217;urupfu rw&#8217;uyu munya-Amerika washinze Kaminuza ya Butaro rwamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, akaba yitabye Imana azize uburwayi. Iyi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-44842","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n&#039;urupfu rwa Dr Paul Famer - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n&#039;urupfu rwa Dr Paul Famer - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Paul Kagame yatangaje ko yababajwe cyane n&#8217;inkuru y&#8217;urupfu rwa Dr Paul Famer, ashimangira ko kumutakaza ari igihombo kiremereye haba ku Rwanda nk&#8217;igihugu yakundaga cyane, ku muryango we ndetse no kuri we ubwe Inkuru y&#8217;urupfu rw&#8217;uyu munya-Amerika washinze Kaminuza ya Butaro rwamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, akaba yitabye Imana azize uburwayi. Iyi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-21T21:50:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44842#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44842\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n&#8217;urupfu rwa Dr Paul Famer\",\"datePublished\":\"2022-02-21T21:50:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44842\"},\"wordCount\":401,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44842#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44842\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44842\",\"name\":\"Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n'urupfu rwa Dr Paul Famer - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-02-21T21:50:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44842#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44842\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44842#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n&#8217;urupfu rwa Dr Paul Famer\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n'urupfu rwa Dr Paul Famer - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n'urupfu rwa Dr Paul Famer - BWIZA","og_description":"Perezida Paul Kagame yatangaje ko yababajwe cyane n&#8217;inkuru y&#8217;urupfu rwa Dr Paul Famer, ashimangira ko kumutakaza ari igihombo kiremereye haba ku Rwanda nk&#8217;igihugu yakundaga cyane, ku muryango we ndetse no kuri we ubwe Inkuru y&#8217;urupfu rw&#8217;uyu munya-Amerika washinze Kaminuza ya Butaro rwamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, akaba yitabye Imana azize uburwayi. Iyi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-02-21T21:50:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n&#8217;urupfu rwa Dr Paul Famer","datePublished":"2022-02-21T21:50:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842"},"wordCount":401,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44842#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842","name":"Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n'urupfu rwa Dr Paul Famer - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-02-21T21:50:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44842"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44842#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Paul Kagame yashenguwe cyane n&#8217;urupfu rwa Dr Paul Famer"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44842","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=44842"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44842\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=44842"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=44842"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=44842"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}