{"id":44851,"date":"2022-02-22T10:45:21","date_gmt":"2022-02-22T10:45:21","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/02\/22\/kigali-umurundi-avuga-ko-we-na-bagenzi-be-bashaka-guhirika-ndayishimiye\/"},"modified":"2022-02-22T10:45:21","modified_gmt":"2022-02-22T10:45:21","slug":"kigali-umurundi-avuga-ko-we-na-bagenzi-be-bashaka-guhirika-ndayishimiye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851","title":{"rendered":"Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye"},"content":{"rendered":"<p><strong>Impunzi y\u2019Umurundi yitwa Ciza Alexandre iba mu mujyi wa Kigali mu Rwanda ivuga ko yo na bagenzi bayo bafite umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye.<\/strong><\/p>\n<p>Ciza mu kiganiro yagiriye kuri Primo Media Rwanda, yasobanuye ko impamvu bashaka guhirika ubutegetsi bwa Ndayishimiye ari uko mu Burundi hari gukorwa ibyaha birimo ubwicanyi, ngo bikaba bikorwa n\u2019abo mu ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD.<\/p>\n<p>Indi mpamvu Ciza yavuze ngo ni uko mu Burundi haba hari gutegurwa jenoside ishobora kwicirwamo Abarundi bagera kuri miliyoni 8, akabishingira ku mibiri y\u2019abantu bakomeje gutabururwa, bivugwa ko ari Abahutu bishwe mu mwaka w\u20191972.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cTwebwe bitewe n\u2019uko twabonye ko umuti urambye wo kugarukana amahoro n\u2019umutekano mu Burundi ari uwo kurandurana n\u2019imizi ubutegetsi karyanishamiryango bw\u2019ishyaka CNDD-FDD kandi tugasanga ibyo kugira ngo bibe, bisaba gukoresha umuheto kuko kugeza uyu mwanya tuvugana, nta biganiro dukeneye hagati yacu na bo.\u201d<\/p>\n<p>Abajijwe niba hari abasirikare barimo gutegura ngo bazahirike ubutegetsi bw\u2019u Burundi, Ciza yasobanuye ko impunzi zibamo ibyiciro bitandukanye; abasirikare n\u2019abasivili, ati: \u201cKandi Imana iri mu ruhande rwacu.\u201d<\/p>\n<p><strong>Bigeze kwandikira UN<\/strong><\/p>\n<p>Ciza ubwo yabaga mu nkambi ya Mahama hamwe na bagenzi be bandikiye Umunyamabanga Mukuru w\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye (UN), Antonio Guterres tariki ya 28 Nzeri 2021 bamumenyesha ko batifuza gutaha, kuko ibibazo bahunze bigihari.<\/p>\n<p>Izi mpunzi zirimo izishinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza zamenyesheje Guterres ko mu gihe ibi bibazo birimo ubwicanyi no guhiga bukware abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bikiriho, bakwimurirwa mu bindi bihugu, aho gucyurwa.<\/p>\n<p>Izi mpunzi zasabye UN ko mu gihe bitashoboka ko zimurirwa mu bindi bihugu, yazifashe kubohora u Burundi, ikabuvana mu maboko y\u2019ubutegetsi bwa CNDD-FDD. Ziti: \u201cMudufashe kubona aho twerekeza cyangwa mudufashe kubohora igihugu cy\u2019u Burundi, bukurwe mu maboko y\u2019ubutegetsi karyanishamiryango\u2026\u201d<\/p>\n<p>Soma iby&#8217;uru rwandiko muri iyi nkuru https:\/\/bwiza.com\/?Bamwe-mu-Barundi-bashinjwa-kugerageza-guhirika-Nkurunziza-barashaka-ibihugu-byo<\/p>\n<p><strong>Ubusabe bw&#8217;u Burundi<\/strong><\/p>\n<p>Leta y&#8217;u Burundi yasabye u Rwanda kenshi kuyishyikiriza izi mpunzi ishinja kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza muri Gicurasi 2015, ariko rwo rwarabyanze rusobanura ko zifite amategeko mpuzamahanga azirengera, atemera koherezwa kwazo zitabigizemo ubushake.<\/p>\n<p>Iki kibazo ni kimwe mu bikomeye byatumye umubano w&#8217;ibihugu byombi uzamba, imigenderanire n&#8217;ubuhanirane birahagarara kuva mu mwaka w&#8217;2015 wabereyemo iri geregezwa ryo guhirika ubutegetsi.<\/p>\n<p>Gusa Umunyamabanga wa Leta y&#8217;u Rwanda muri Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;amahanga, Prof. Nshuti Manasseh mu kiganiro yagiranye na The East African mu Kuboza 2020, yamaze impungenge u Burundi ko izi mpunzi zitazigera zikoresha ubutaka bwarwo kugira ngo batere u Burundi.<\/p>\n<p>Prof. Nshuti yagize ati: &#8220;Icyo gushaka gukora ni ukubashyikiriza igihugu cya gatatu, aho bashobora kwimukira kure y&#8217;u Burundi. Gusa bitiriwe bigenda bityo, iki si ikibazo ku Burundi. Ntabwo bakoresha u Rwanda nk&#8217;ibirindiro kugira ngo batere u Burundi.&#8221;<\/p>\n<p>N&#8217;ubwo aya magambo yatangajwe, Leta y&#8217;u Rwanda n&#8217;iy&#8217;u Burundi zemeza ko zikiri kuganira ku buryo umubano wazo wakongera kuba mwiza, kandi ngo hamaze guterwa intambwe nziza. Ntibizwi niba mu ngingo ziganirwaho harimo irebana n&#8217;izi mpunzi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Impunzi y\u2019Umurundi yitwa Ciza Alexandre iba mu mujyi wa Kigali mu Rwanda ivuga ko yo na bagenzi bayo bafite umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye. Ciza mu kiganiro yagiriye kuri Primo Media Rwanda, yasobanuye ko impamvu bashaka guhirika ubutegetsi bwa Ndayishimiye ari uko mu Burundi hari gukorwa ibyaha birimo ubwicanyi, ngo bikaba bikorwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-44851","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Impunzi y\u2019Umurundi yitwa Ciza Alexandre iba mu mujyi wa Kigali mu Rwanda ivuga ko yo na bagenzi bayo bafite umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye. Ciza mu kiganiro yagiriye kuri Primo Media Rwanda, yasobanuye ko impamvu bashaka guhirika ubutegetsi bwa Ndayishimiye ari uko mu Burundi hari gukorwa ibyaha birimo ubwicanyi, ngo bikaba bikorwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-22T10:45:21+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44851#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44851\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye\",\"datePublished\":\"2022-02-22T10:45:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44851\"},\"wordCount\":491,\"commentCount\":8,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44851#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44851\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44851\",\"name\":\"Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-02-22T10:45:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44851#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44851\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44851#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye - BWIZA","og_description":"Impunzi y\u2019Umurundi yitwa Ciza Alexandre iba mu mujyi wa Kigali mu Rwanda ivuga ko yo na bagenzi bayo bafite umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye. Ciza mu kiganiro yagiriye kuri Primo Media Rwanda, yasobanuye ko impamvu bashaka guhirika ubutegetsi bwa Ndayishimiye ari uko mu Burundi hari gukorwa ibyaha birimo ubwicanyi, ngo bikaba bikorwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-02-22T10:45:21+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye","datePublished":"2022-02-22T10:45:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851"},"wordCount":491,"commentCount":8,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44851#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851","name":"Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-02-22T10:45:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44851"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44851#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Umurundi avuga ko we na bagenzi be bashaka guhirika Ndayishimiye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44851","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=44851"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44851\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=44851"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=44851"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=44851"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}