{"id":4486,"date":"2017-01-15T08:58:33","date_gmt":"2017-01-15T08:58:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/15\/polisi-irasaba-abantu-bibwe-kujya-kureba-ibikoresho-byabo-mubyo-yafashe\/"},"modified":"2025-02-12T17:11:15","modified_gmt":"2025-02-12T15:11:15","slug":"polisi-irasaba-abantu-bibwe-kujya-kureba-ibikoresho-byabo-mubyo-yafashe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486","title":{"rendered":"Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe"},"content":{"rendered":"<div>\n<p>Polisi y\u2019u Rwanda irasaba abaturage cyane cyane abo mu Mujyi wa Kigali bibwe ibikoresho byabo bitandukanye,  kujya ku cyicaro cya Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera mu karere ka Gasabo kureba ko ibikoresho byabo byaba biri mu byo Polisi imaze iminsi ifashe. Kubisura bizatangira ku wambere birangire kuwa kana taliki ya 19\/01\/2017. Kubisura bikorwa mu masaya y&#8217;akazi bikabera kuri sitasiyo ya Polisi Kimironko.<\/p>\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nByibuze ubwoko 47 bw\u2019ibikoresho by\u2019ikoranabuhanga byafatiwe mu mikwabu itandukanye ya Polisi y\u2019u Rwanda mu Mujyi wa Kigali.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nHafashwe  televiziyo 106, harimo 65 nini ; mudasobwa 87, telefone zigezweho 129 n\u2019ibikoresho byo mu rugo 139 bitandukanye.<br \/>\nMu bindi byafashwe birimo za ipads, ibyuma bifotora, ibyuma by\u2019umuziki n\u2019ibindi.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nUmuvugizi wungirije wa Polisi y\u2019u Rwanda Chief Superintendent of police (CSP) Lynder Nkuranga yavuze ko ibi bikoresho byose byafashwe kugeza ubu bibitswe ku cyicaro cya Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali; ku buryo uwibwe ibikoresho bye yajyayo kureba ko byaba biri mu byafashwe.<br \/>\nYagize ati:\u201d turasaba ababuze ibikoresho byabo kuzana ibyangombwa bigaragaza ko ibyo bikoresho ari ibyabo. Kuza utagaragaza ibyangombwa byemeza ko igikoresho runaka ari icyawe ntitwabyemera, ugomba kwitwaza ibimenyetso\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nAbaturage kandi banahamagara no kuri nimero ya terefone 0788311829, bagahabwa ibindi bisobanuro.\n<\/div>\n<div>\n<p>Yakomeje asaba abaturage kujya bagura ibikoresho mu nzira zemewe n\u2019amategeko ndetse bakabika inyemezabuguzi n\u2019ibindi bigaragaza ko baguze ibyo bikoresho; ndetse mu gihe bagize ibyago byo kwibwa bagahita babimenyesha Polisi kugira ngo habeho gukurikirana hakiri kare.<\/p>\n<p>CSP Nkuranga yagize ati:\u201d abaturage bakwiye kumenya ko kugura ibikoresho ahantu hatabugenewe cyangwa se hatazwi n\u2019inzego zibishinzwe bigira ingaruka mbi. Muri zo ni ukugura ibikoresho by\u2019ibijurano, ku buryo ubiguze nawe afatwa nk\u2019 umufatanyacyaha; ibi bigashyira ubiguze mu bibazo kuko adashobora kwerekana ko ibikoresho byafashwe ari ibye koko\u201d.<\/p>\n<\/div>\n<p> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda irasaba abaturage cyane cyane abo mu Mujyi wa Kigali bibwe ibikoresho byabo bitandukanye, kujya ku cyicaro cya Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera mu karere ka Gasabo kureba ko ibikoresho byabo byaba biri mu byo Polisi imaze iminsi ifashe. Kubisura bizatangira ku wambere birangire kuwa kana taliki ya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4486","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba abaturage cyane cyane abo mu Mujyi wa Kigali bibwe ibikoresho byabo bitandukanye, kujya ku cyicaro cya Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera mu karere ka Gasabo kureba ko ibikoresho byabo byaba biri mu byo Polisi imaze iminsi ifashe. Kubisura bizatangira ku wambere birangire kuwa kana taliki ya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-15T08:58:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:11:15+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4486#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4486\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe\",\"datePublished\":\"2017-01-15T08:58:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:11:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4486\"},\"wordCount\":314,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4486#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4486\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4486\",\"name\":\"Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-15T08:58:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:11:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4486#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4486\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4486#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba abaturage cyane cyane abo mu Mujyi wa Kigali bibwe ibikoresho byabo bitandukanye, kujya ku cyicaro cya Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera mu karere ka Gasabo kureba ko ibikoresho byabo byaba biri mu byo Polisi imaze iminsi ifashe. Kubisura bizatangira ku wambere birangire kuwa kana taliki ya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-15T08:58:33+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:11:15+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe","datePublished":"2017-01-15T08:58:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:11:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486"},"wordCount":314,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4486#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486","name":"Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-15T08:58:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:11:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4486"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4486#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4486","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4486"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4486\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4486"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4486"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4486"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}