{"id":449,"date":"2016-02-06T14:54:44","date_gmt":"2016-02-06T14:54:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/06\/kumva-utagishaka-gutera-akabariro-byaba-byaba-biterwa-n-iki-impuguke-irasubiza\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:23","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:23","slug":"kumva-utagishaka-gutera-akabariro-byaba-byaba-biterwa-n-iki-impuguke-irasubiza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449","title":{"rendered":"Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza"},"content":{"rendered":"<p> <em>Muri iyi minsi usanga ingo nyinshi z\u2019abashakanye zifite ikibazo mu byerekeranye n\u2019inshuro zo gutera akabariro aho usanga kenshi umwe yifuza gutera akabariro mugenzi we babana mu rugo we atabishaka. Iki kibazo kibangamiye abatari bake  mu bashakanye dore ko bamwe bafatiraho umwanzuro bavuga bati\u201d Buriya uwo dukundana anca inyuma cyangwa mu by\u2019ukuri ntago ankunda koko nk\u2019uko bikwiriye\u201d<\/em><br \/>\nMu mitekerereze ya benshi, kandi koko nk\u2019uko byagakwiriye kugenda, uwo ukunda bihagije, ukwiriye kwifuza kuba waterana nawe akabariro(aha turabwira abashakanye) ariko ku mpamvu zitandukanye hari ubwo uwo mwashakanye ashobora kuba ubona usa nkaho nta busambo umuteye, mbese ubona asa nk\u2019aho adashaka ko mutera akabariro.<br \/>\n<figure id=\"attachment_23425\" aria-describedby=\"caption-attachment-23425\" style=\"width: 750px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/abakundana-baryamye.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-23425 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/abakundana-baryamye.jpg\" alt=\"abakundana-baryamye\" width=\"750\" height=\"390\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-23425\" class=\"wp-caption-text\">Kudatera akabariro ku bashakanye biterwa n&#8217;impamvu zitandukanye si uko uwo mwashakanye atakikwiyumvamo<\/figcaption><\/figure><br \/>\nAbahanga batari bacyeya bagize icyo bavuga kuri iyo myitwarire nk\u2019uko tubikesha urubuga rwa psychologies.com, uwo urukundo rutuma amarangamutima n\u2019ibyiyumviro bizamuka, aho rwose uwo ukunda umubona ukumva ubushagarira n\u2019umubiri ukaba wakegukira gutera akabariro utagoranye. Gusa dore zimwe mu mpamvu zishobora guca intege umubiri muri icyo gihe.<br \/>\n <strong>1.Ashobora kuba atakigufitiye impamyi nka mbere<\/strong><br \/>\nUrukundo hagati y\u2019abashakanye usanga rurangwa cyane no kwifuzanya ndetse no gutera akabariro mu ntangiriro z\u2019umubano. Gusa uko iminsi igenda ishira umwe aba amaze kwemera bidasubirwaho ko uwo yakunze ari uwe koko. Muri kamere muntu, usanga abatari bacyeya nyuma yo kumva ko uwo ntaho akigiye, ugira amashyushyu yo kumva abandi bityo uwo mwari kumwe ukaba wakwifuza kuba umushyize ku ruhande cyangwa se ubusambo wamugiriraga bukagabanuka.<\/p>\n<ol start=\"2\">\n<li> <strong> Bishobora guterwa n\u2019umunaniro cyangwa guhangayika cyane<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Kunanirwa no guhangayika cyane nabyo biri mu bintu bishobora gutuma umubiri usinzira bityo kumva ko watera akabariro rwose ku ruhande rumwe bigahinduka nk\u2019inzozi cyangwa bikajya bibaho gacye cyane. Mu gihe wumva nta bushake ukigira, ni ingenzi cyane kwitegereza umunsi wawe n\u2019umunaniro ufite kuko kuba unaniwe bishobora kugukuramo ubushake.<\/p>\n<ol start=\"3\">\n<li> <strong> Bishobora guterwa n\u2019imiti uri kunywa cyangwa iyo uheruka kunywa<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Imiti itandukanye ishobora kugira ibyo bita ingaruka zica intege umubiri mu byerekeranye no kwifuza gutera akabariro. Imiti itandukanye ishobora gutuma igitsina cy\u2019umugabo gisa nkaho kitagira byihuse umurego ukwiriye mu gutera akabariro bityo no kwifuza nk\u2019umugore we ugasanga biragabanutse.<br \/>\nBirashoboka rero ko niba ubona atakikwifuza bidahita bisobanura ko atakigukunda. Impamvu zaba nyinshi zatuma ubona asa n\u2019udashaka gutera akabariro kandi byaba ku mugabo yewe no ku mugore ni uko.<br \/>\nRimwe na rimwe iyo icyo kibazo gikomeje, ni ingenzi gushaka umujyanama ubihugukiwe yaba pschologue cyangwa undi ubonamo ubushobozi akakugira inama ariko ntawakwirengagiza ko kwegera muganga ari ingenzi akagufasha kureba niba koko utari kubiterwa n\u2019imiti uri kunywa cyangwa uheruka kunywa cyangwa se niba atari ikindi kibazo cy\u2019uburwayi.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Alphonse Munyankindi \/ Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muri iyi minsi usanga ingo nyinshi z\u2019abashakanye zifite ikibazo mu byerekeranye n\u2019inshuro zo gutera akabariro aho usanga kenshi umwe yifuza gutera akabariro mugenzi we babana mu rugo we atabishaka. Iki kibazo kibangamiye abatari bake mu bashakanye dore ko bamwe bafatiraho umwanzuro bavuga bati\u201d Buriya uwo dukundana anca inyuma cyangwa mu by\u2019ukuri ntago ankunda koko nk\u2019uko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-449","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=449\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Muri iyi minsi usanga ingo nyinshi z\u2019abashakanye zifite ikibazo mu byerekeranye n\u2019inshuro zo gutera akabariro aho usanga kenshi umwe yifuza gutera akabariro mugenzi we babana mu rugo we atabishaka. Iki kibazo kibangamiye abatari bake mu bashakanye dore ko bamwe bafatiraho umwanzuro bavuga bati\u201d Buriya uwo dukundana anca inyuma cyangwa mu by\u2019ukuri ntago ankunda koko nk\u2019uko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=449\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-06T14:54:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/abakundana-baryamye.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza\",\"datePublished\":\"2016-02-06T14:54:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449\"},\"wordCount\":461,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/abakundana-baryamye.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449\",\"name\":\"Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/abakundana-baryamye.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-06T14:54:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/abakundana-baryamye.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/abakundana-baryamye.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=449#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza - BWIZA","og_description":"Muri iyi minsi usanga ingo nyinshi z\u2019abashakanye zifite ikibazo mu byerekeranye n\u2019inshuro zo gutera akabariro aho usanga kenshi umwe yifuza gutera akabariro mugenzi we babana mu rugo we atabishaka. Iki kibazo kibangamiye abatari bake mu bashakanye dore ko bamwe bafatiraho umwanzuro bavuga bati\u201d Buriya uwo dukundana anca inyuma cyangwa mu by\u2019ukuri ntago ankunda koko nk\u2019uko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-06T14:54:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:23+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/abakundana-baryamye.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza","datePublished":"2016-02-06T14:54:44+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449"},"wordCount":461,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/abakundana-baryamye.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=449#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449","name":"Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/abakundana-baryamye.jpg","datePublished":"2016-02-06T14:54:44+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=449"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/abakundana-baryamye.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/abakundana-baryamye.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=449#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kumva utagishaka gutera akabariro, byaba byaba biterwa n\u2019iki? Impuguke irasubiza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/449","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=449"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/449\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=449"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=449"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=449"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}