{"id":44971,"date":"2022-02-26T11:47:03","date_gmt":"2022-02-26T11:47:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/02\/26\/u-rwanda-rwaba-rufite-gahunda-yo-gushyikiriza-u-burundi-abagerageje-gukorera\/"},"modified":"2022-02-26T11:47:03","modified_gmt":"2022-02-26T11:47:03","slug":"u-rwanda-rwaba-rufite-gahunda-yo-gushyikiriza-u-burundi-abagerageje-gukorera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971","title":{"rendered":"U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d&#8217;\u00c9tat"},"content":{"rendered":"<p><strong>Intumwa zo mu rwego rw&#8217;ubutabera bw&#8217;u Burundi ziyobowe na Minisitiri w&#8217;ubutabera muri iki gihugu, Domina Banyankimbona, ejo ku wa Gatanu zagiriye uruzinduko hano mu Rwanda,  ziganira na Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019intumwa nkuru ya leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel.<\/strong><\/p>\n<p>Ingingo impande zombi zibanzeho kurusha izindi ni ijyanye no guhererekanya abanyabyaha, dore ko zemeranyije gukomeza kugirana ibiganiro ku byaha byakozwe ubwo hageragezwaga ihirikwa ry\u2019ubutegetsi bw&#8217;uwari Perezida, Pierre Nkurunziza mu 2015.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;iyi Coup d&#8217;\u00c9tat u Burundi bwakomeje kotsa igitutu burusaba kubushyikiriza abo buvuga ko bari inyuma y&#8217;uriya mugambi rucumbikiye, nk&#8217;imwe mu nzira isumba izindi yo kuzahura umubano w&#8217;ibihugu byombi wahise uzamba.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;ibiganiro byahuje impande zombi ku wa Gatanu Umurungi Providence uyobora ishami ry\u2019ubutabera mpuzamahanga muri Minisiteri y\u2019Ubutabera y&#8217;u Rwanda, yabwiye itangazamakuru ko &#8220;impande zombi zaganiriye ku bufatanye mu bijyanye no guhanahana abakurikiranyweho ibyaha bari mu bihugu byombi.&#8221;<\/p>\n<p>Umurungi yakomeje avuga ko ikibazo cy&#8217;abagerageje Coup d&#8217;\u00e9tat yo muri 2015 u Burundi bumaze igihe busaba u Rwanda hari icyizere cy&#8217;uko kizakemuka.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ku kibazo kimwe cyihariye kijyanye n\u2019abantu bamwe bakurikiranwe n\u2019u Burundi ku kuba baragerageje guhirika ubutegetsi i Burundi mu 2015, inama yasanze cyaragiye kiganirwaho n\u2019inzego zitandukanye.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Bigaragara ko hari ubushake bwa politiki ku mpande zombi bwo gukemura icyo kibazo kandi kikazakomeza kuganirwaho.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Evariste Ndayishimiye w&#8217;u Burundi aheruka guhurira i Kinshasa na Minisitiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Rwanda, Dr Edouard Ngirente; mu nama ya 10 y\u2019urwego rukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry\u2019amasezerano agamije amahoro, umutekano n\u2019ubufatanye hagati ya RDC n\u2019akarere yashyiriweho umukono i Addis Ababa muri Ethiopia.<\/p>\n<p>Perezida Ndayishimiye ubwo yageraga i Burundi akubutse i Kinshasa na we yabwiye itangazamakuru ko igihugu cye kiri gukorana n&#8217;u Rwanda kugira ngo abashatse guhirika ubutegetsi bwa Nkurunziza bashyikirizwe ubutabera.<\/p>\n<p>Yavuze ko kuba ziriya ntumwa z&#8217;igihugu cye zaraje mu Rwanda ari ikimenyetso cy&#8217;uko u Burundi buzashyikirizwa bariya bantu.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;[Abakuru b&#8217;ibihugu] barashima uko ibiganiro by&#8217;u Burundi n&#8217;u Rwanda birimo gukorwa kugira ngo ibibazo dufitanye bishire. Barashima mbere na mbere kuba tumaze kugira itsinda ry&#8217;inzobere mu butabera ziri mu Rwanda, ubu nyine barimo gukorera hamwe kugira ngo turebe uburyo ba bandi bashatse guhirika ubutegetsi bazanwa bagashyikirizwa ubutabera bw&#8217;u Burundi.&#8221;<\/p>\n<p>Kugeza ubu abo u Burundi bushakisha ni abantu 34 biganjemo abanyepolitiki, abanyamakuru, abahoze ari abapolisi n&#8217;abasirikare bakuru barangajwe imbere na Gen Maj Godefroid Niyombare.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Intumwa zo mu rwego rw&#8217;ubutabera bw&#8217;u Burundi ziyobowe na Minisitiri w&#8217;ubutabera muri iki gihugu, Domina Banyankimbona, ejo ku wa Gatanu zagiriye uruzinduko hano mu Rwanda, ziganira na Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019intumwa nkuru ya leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel. Ingingo impande zombi zibanzeho kurusha izindi ni ijyanye no guhererekanya abanyabyaha, dore ko zemeranyije gukomeza kugirana ibiganiro ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-44971","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d&#039;\u00c9tat - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d&#039;\u00c9tat - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Intumwa zo mu rwego rw&#8217;ubutabera bw&#8217;u Burundi ziyobowe na Minisitiri w&#8217;ubutabera muri iki gihugu, Domina Banyankimbona, ejo ku wa Gatanu zagiriye uruzinduko hano mu Rwanda, ziganira na Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019intumwa nkuru ya leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel. Ingingo impande zombi zibanzeho kurusha izindi ni ijyanye no guhererekanya abanyabyaha, dore ko zemeranyije gukomeza kugirana ibiganiro ku [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-02-26T11:47:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44971#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44971\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d&#8217;\u00c9tat\",\"datePublished\":\"2022-02-26T11:47:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44971\"},\"wordCount\":410,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44971#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44971\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44971\",\"name\":\"U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d'\u00c9tat - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-02-26T11:47:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44971#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44971\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=44971#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d&#8217;\u00c9tat\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d'\u00c9tat - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d'\u00c9tat - BWIZA","og_description":"Intumwa zo mu rwego rw&#8217;ubutabera bw&#8217;u Burundi ziyobowe na Minisitiri w&#8217;ubutabera muri iki gihugu, Domina Banyankimbona, ejo ku wa Gatanu zagiriye uruzinduko hano mu Rwanda, ziganira na Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019intumwa nkuru ya leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel. Ingingo impande zombi zibanzeho kurusha izindi ni ijyanye no guhererekanya abanyabyaha, dore ko zemeranyije gukomeza kugirana ibiganiro ku [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-02-26T11:47:03+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d&#8217;\u00c9tat","datePublished":"2022-02-26T11:47:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971"},"wordCount":410,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44971#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971","name":"U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d'\u00c9tat - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-02-26T11:47:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=44971"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=44971#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwaba rufite gahunda yo gushyikiriza u Burundi abagerageje gukorera Nkurunziza Coup d&#8217;\u00c9tat"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44971","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=44971"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/44971\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=44971"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=44971"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=44971"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}