{"id":45043,"date":"2022-03-01T08:49:39","date_gmt":"2022-03-01T08:49:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/03\/01\/ukraine-abanyarwandakazi-bavukana-bari-mu-mujyi-uri-kuraswa-basobanuye-akaga\/"},"modified":"2022-03-01T08:49:39","modified_gmt":"2022-03-01T08:49:39","slug":"ukraine-abanyarwandakazi-bavukana-bari-mu-mujyi-uri-kuraswa-basobanuye-akaga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043","title":{"rendered":"Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako"},"content":{"rendered":"<p><strong>Abanyarwandakazi b\u2019abavandimwe, Kanyana Emmanuella na Uwamahoro Aline baheze mu mujyi wa Sumy muri Ukraine uri kuraswaho n\u2019ingabo z\u2019u Burusiya, basobanuye akaga bahuye nako.<\/strong><\/p>\n<p>Aba bakobwa basanzwe biga muri kaminuza muri iki gihugu mu kiganiro bagiranye na The New Times, basobanuye ko ubwo ingabo z\u2019u Burusiya zatangiraga kurasa ibisasu tariki ya 24 Gashyantare 2022, nta bwoba bwinshi bari bafite kuko byari kure y\u2019uyu mujyi.<\/p>\n<p>Gusa Kanyana wari wasuwe na Uwamahoro (we yabaga muri Lviv) muri uyu mujyi, yavuze ko nyuma bamenyeshejwe n\u2019abarimu ba kaminuza ko ingabo z\u2019u Burusiya zamaze kuwinjiramo, bategekwa kuguma mu macumbi yabo, bazimije amatara, bafunze imiryango kandi basabwa kwirinda kujya ku madirishya.<\/p>\n<p>Kanyana yasobanuye ko ubwo bibwiraga ko bimara umunsi umwe, ariko si ko byagenze. Ati: \u201cTwatekerezaga ko byashobokaga ko byamara umunsi umwe ariko byarakomeje. Ku munsi wa gatatu, batangiye kutubwira ngo twihishe mu byumba byo hasi.\u201d<\/p>\n<p>Ariko bo kubera ko amacumbi babamo nta byumba byo munsi y\u2019ubutaka bagira, ngo byabaye ngombwa ko bifashisha iby\u2019abaturanyi. Buri gihe iyo bumvise impuruza, bavuga ko bahungira mu baturanyi bajya kwihisha kandi ngo \u201cTwumva impuruza inshuro ebyiri ku munsi.\u201d<\/p>\n<p><strong>Ubwoba ni bwinshi<\/strong><\/p>\n<p>Mu gihe bihise muri ibi byumba byo hasi nabwo ngo baba bafite ubwoba bwinshi, kuko iyo Abarusiya barashe, inyubako ziratingita, igitaka kikabahomokera.<\/p>\n<p>Uwamahoro yabisobanuye ati: \u201cUbwo twumvaga impuruza ubwa mbere, twirukiye mu cyumba cyo hasi. Ubwo twari aho, iturika ryaratangiye. Inzu yaratingitaga cyane, itaka ritugwira, twari dufite ubwoba bwinshi. Twibazaga ku mutekano uri muri icyo cyumba. Byari bisa cyane n\u2019aho inzu igiye kutugwira.<\/p>\n<p>Twahangayikishijwe n\u2019ibitero. Twagerageje kwiruka ariko tutazi neza aho twirukira. Bamwe muri twebwe bagumaga hamwe.\u201d<\/p>\n<p>Uyu mukobwa yavuze ko gusinzira muri iki gihe bigoye, cyane cyane ku bo inyubako babamo zangijwe n\u2019ibisasu. Kuri we na Kanyana, ngo umwe asinzira nk\u2019amasaha abiri, undi ari maso, yabyuka n\u2019undi agasinzira, ariko nabyo bakabikorwa amasasu n\u2019ibiturika bicyumvikana mu mujyi.<\/p>\n<p>Kanyana na Uwamahoro kandi bavuga ko mbere y\u2019uko ibitero bitangira, bari barabitse ibiribwa, ibyo bakaba bagerageza kubikoresha ku buryo byazamara igihe, rimwe na rimwe ntibarye, bagahitamo kunywa amazi gusa.<\/p>\n<p>Kugeza ubu hari Abanyarwanda babaga muri Ukraine bashoboye guhungira muri Pologne. Bo babajijwe niba babona guhunga byashoboka, basubiza ko bigoye cyane ku baba muri Sumy ; umujyi uri mu bilometero 330 uvuye mu murwa mukuru, Kyiv.<\/p>\n<p>Amakuru aturuka mu Banyarwanda babaga muri Ukraine avuga ko abatuye muri Kyiv na Lviv ari bo bari kubasha guhungira muri Pologne. <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abanyarwandakazi b\u2019abavandimwe, Kanyana Emmanuella na Uwamahoro Aline baheze mu mujyi wa Sumy muri Ukraine uri kuraswaho n\u2019ingabo z\u2019u Burusiya, basobanuye akaga bahuye nako. Aba bakobwa basanzwe biga muri kaminuza muri iki gihugu mu kiganiro bagiranye na The New Times, basobanuye ko ubwo ingabo z\u2019u Burusiya zatangiraga kurasa ibisasu tariki ya 24 Gashyantare 2022, nta bwoba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-45043","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abanyarwandakazi b\u2019abavandimwe, Kanyana Emmanuella na Uwamahoro Aline baheze mu mujyi wa Sumy muri Ukraine uri kuraswaho n\u2019ingabo z\u2019u Burusiya, basobanuye akaga bahuye nako. Aba bakobwa basanzwe biga muri kaminuza muri iki gihugu mu kiganiro bagiranye na The New Times, basobanuye ko ubwo ingabo z\u2019u Burusiya zatangiraga kurasa ibisasu tariki ya 24 Gashyantare 2022, nta bwoba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-03-01T08:49:39+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45043#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45043\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako\",\"datePublished\":\"2022-03-01T08:49:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45043\"},\"wordCount\":407,\"commentCount\":8,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45043#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45043\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45043\",\"name\":\"Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-03-01T08:49:39+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45043#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45043\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45043#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako - BWIZA","og_description":"Abanyarwandakazi b\u2019abavandimwe, Kanyana Emmanuella na Uwamahoro Aline baheze mu mujyi wa Sumy muri Ukraine uri kuraswaho n\u2019ingabo z\u2019u Burusiya, basobanuye akaga bahuye nako. Aba bakobwa basanzwe biga muri kaminuza muri iki gihugu mu kiganiro bagiranye na The New Times, basobanuye ko ubwo ingabo z\u2019u Burusiya zatangiraga kurasa ibisasu tariki ya 24 Gashyantare 2022, nta bwoba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-03-01T08:49:39+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako","datePublished":"2022-03-01T08:49:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043"},"wordCount":407,"commentCount":8,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=45043#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043","name":"Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-03-01T08:49:39+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=45043"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45043#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ukraine: Abanyarwandakazi bavukana bari mu mujyi uri kuraswa basobanuye akaga bahuye nako"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/45043","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=45043"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/45043\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=45043"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=45043"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=45043"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}