{"id":45158,"date":"2022-03-08T13:05:00","date_gmt":"2022-03-08T13:05:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/03\/08\/gen-muhoozi-kainerugaba-yasezeye-mu-gisirikare-cya-uganda\/"},"modified":"2022-03-08T13:05:00","modified_gmt":"2022-03-08T13:05:00","slug":"gen-muhoozi-kainerugaba-yasezeye-mu-gisirikare-cya-uganda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158","title":{"rendered":"Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Uwari Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko asezeye mu gisirikare cya Uganda yari amazemo imyaka 28.<\/strong><\/p>\n<p>Lt Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yemeje aya makuru abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Nyuma y&#8217;imyaka 28 ndi mu kazi mu gisirikare cyanjye nkunda cyane, igisirikare cya mbere ku Isi, nejejwe no gutangaza ko nsezeye. Njye n&#8217;abasirikare banjye twageze kuri byinshi!&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Mfitiye urukundo n&#8217;icyubahiro byonyine abo bagabo n&#8217;abagore bose b&#8217;ibihangange baharanira ubuhangange bwa Uganda buri munsi.&#8221;<\/p>\n<p>Gen Muhoozi ntiyigeze atangaza impamvu yahisemo gusezera, yemwe n&#8217;Igisirikare cya Uganda ntacyo kiratangaza ku isezera rye cyangwa ngo cyemeze niba yujuje ibisabwa bimwemerera gusezera.<\/p>\n<p>Lt Gen Muhoozi Kainerugaba w&#8217;imyaka 47 y&#8217;amavuko, yasezeye mu ngabo za Uganda mu gihe hari amakuru menshi avuga ko yitegura gusimbura se Museveni ku butegetsi.<\/p>\n<p>Bivugwa ko nta gihindutse muri 2026 ashobora kuziyamamariza kuyobora Uganda.<\/p>\n<p>Uyu mugabo yaherukaga guca amarenga y&#8217;uko aziyamamariza kuyobora Uganda mu butumwa yanyujije kuri Twitter ku wa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize.<\/p>\n<p>Yaranditse ati: &#8220;Data Perezida Yoweri Kaguta Museveni nkiri umwana yarambwiye ati &#8216;uzaba igihangange nkanjye byonyine niwemera guteseka ku bwa Uganda nkanjye&#8217;! Abanya-Uganda ni bo bazagena ubwabo niba narateye ikirenge mu cye.&#8221;<\/p>\n<p>Muhoozi yari umusirikare mu ngabo za Uganda kuva mu 1999 ubwo yazinjiragamo, mu 2000 arangiza amasomo yakurikiranaga mu ishuri rya gisirikare ryo mu Bwongereza rizwi nka \u2018Royal Military Academy Sandhurst\u2019.<\/p>\n<p>Icyo gihe yahise ahabwa ipeti rya Sous Lieutenant ndetse ashyirwa mu mutwe w\u2019ingabo zishinzwe kurinda Umukuru w\u2019Igihugu. Muri uyu mutwe yari umuyobozi ushinzwe ibijyanye n\u2019imyitozo.<\/p>\n<p>Muhoozi yabaye muri uyu mwanya kugeza mu 2001 ubwo yazamurwaga mu ntera agahabwa ipeti rya Captain. Mu 2002 yagiye gukomereza amasomo ya gisirikare mu Misiri, yiga ibijyanye no kuyobora batayo.<\/p>\n<p>Mu 2003 ubwo hakorwaga impinduka mu mikorere y\u2019umutwe w\u2019ingabo zishinzwe kurinda Perezida zikava ku kwitwa PPU zikitwa \u2018Presidential Guards Brigade (PGB)\u2019. Muhoozi wari Captain yahise agirwa Major ndetse ahabwa inshingano zo kuyobora Batayo ikoresha imodoka za gisirikare ajya no mu Kanama gashinzwe imiyoborere mu gisirikare cya Uganda.<\/p>\n<p>Muri uyu mwaka ni na bwo yoherejwe ku rugamba bwa mbere, ubwo iyi batayo yari ayoboye yahabwaga inshingano zo kurwanya inyeshyamba LRA mu gace ka Soroti.<\/p>\n<p>Mu 2007 yaje kongera koherezwa ku rugamba ubwo yahabwaga inshingano zo kurwanya umutwe w\u2019iterabwoba wa ADF zari zigaruriye pariki ya Semiliki.<\/p>\n<p>Mu mpereza za 2007 yoherejwe na Leta ya Uganda gukomereza amasomo ya gisirikare muri \u2018Fort Leavenworth\u2019, ishuri rya gisirikare riherereye i Kansas.<\/p>\n<p>Aha yahavuye mu 2018, mu kwezi kwa Nyakanga muri uwo mwaka ahita atangira andi masomo ajyanye no kumanukira mu mitaka bimenyerewe ku bazwi nka \u2018Para-Commandos\u2019. Aya masomo yayigiye muri \u2018US Army\u2019s Airborne School\u2019 iherereye muri Leta ya Georgia.<\/p>\n<p>Muri uyu mwaka Muhoozi yahise azamurwa mu ntera ahabwa ipeti rya Lieutenant General ndetse ahabwa inshingano zo kuyobora umutwe udasanzwe \u2018Special Force\u2019 mu ngabo za Uganda. Uyu mutwe ufite inshingano zo kurwanya iterabwoba no kurinda abayobozi abayobozi bakomeye mu gihugu.<\/p>\n<p>Mu 2011 yagize uruhare rukomeye mu gutoza no gutoranya abasirikare b\u2019indobanure bazajya mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia. Muri uyu mwaka ni na bwo yongeye kuzamurwa ahabwa ipeti rya Colonel.<\/p>\n<p>Mu ntangiro za 2011 yongeye gusubira ku ntebe y\u2019ishuri ajya kuminuriza muri \u2018South African National Defence College\u2019. Aha yahamaze amezi atandatu, muri Kanama 2012 ahita agirwa G\u00e9n\u00e9ral de Brigade.<\/p>\n<p>Hagati ya 2013 na 2014, Muhoozi ni umwe mu basirikare ba Uganda boherejwe muri Sudan y\u2019Epfo mu gufasha ingabo z\u2019iki gihugu guhangana n\u2019ibibazo by\u2019umutekano muke. Mu 2020 yongeye kugirwa umuyobozi wa Special Force, umwanya yavuyeho agirwa Umugaba w\u2019Ingabo zirwanira ku butaka. Aka kazi agafatanya no kuba umujyanama wa Perezida mu by\u2019umutekano.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwari Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko asezeye mu gisirikare cya Uganda yari amazemo imyaka 28. Lt Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yemeje aya makuru abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Yagize ati: &#8220;Nyuma y&#8217;imyaka 28 ndi mu kazi mu gisirikare cyanjye nkunda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-45158","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwari Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko asezeye mu gisirikare cya Uganda yari amazemo imyaka 28. Lt Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yemeje aya makuru abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Yagize ati: &#8220;Nyuma y&#8217;imyaka 28 ndi mu kazi mu gisirikare cyanjye nkunda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-03-08T13:05:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45158#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45158\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda\",\"datePublished\":\"2022-03-08T13:05:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45158\"},\"wordCount\":606,\"commentCount\":8,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45158#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45158\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45158\",\"name\":\"Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-03-08T13:05:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45158#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45158\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45158#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda - BWIZA","og_description":"Uwari Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko asezeye mu gisirikare cya Uganda yari amazemo imyaka 28. Lt Gen Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yemeje aya makuru abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Yagize ati: &#8220;Nyuma y&#8217;imyaka 28 ndi mu kazi mu gisirikare cyanjye nkunda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-03-08T13:05:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda","datePublished":"2022-03-08T13:05:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158"},"wordCount":606,"commentCount":8,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=45158#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158","name":"Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-03-08T13:05:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=45158"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45158#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gen Muhoozi Kainerugaba yasezeye mu gisirikare cya Uganda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/45158","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=45158"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/45158\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=45158"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=45158"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=45158"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}