{"id":45344,"date":"2022-03-13T08:53:04","date_gmt":"2022-03-13T08:53:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/03\/13\/umusizi-rumaga-yahishuye-uko-yakiriye-kumva-ko-bahati-yaba-yifatanya-n\/"},"modified":"2022-03-13T08:53:04","modified_gmt":"2022-03-13T08:53:04","slug":"umusizi-rumaga-yahishuye-uko-yakiriye-kumva-ko-bahati-yaba-yifatanya-n","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344","title":{"rendered":"Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umusizi Junior Rumaga yahishuye uko yakiriye iby\u2019ibanze byavuye mu iperereza ry\u2019urwego rw\u2019igihugu rw\u2019ubugenzacyaha, RIB, ku ibura rya mugenzi we wari inshuti ikomeye, Bahati Innocent.<\/strong><\/p>\n<p>Nyuma y\u2019umwaka wari ushize Bahati aburiwe irengero, tariki ya 16 Gashyantare 2022 RIB yatangaje ko ibyavuye mu iperereza ryayo bigaragaza ko uyu musizi \u201cyagiye muri Uganda\u201d, aho ashobora kuba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi.<\/p>\n<p>Umuvugizi w\u2019uru rwego, Dr Murangira Thierry icyo gihe kandi yasobanuye ko rutaramenya niba Bahati yaba akiri muri Uganda cyangwa yaragiye mu kindi gihugu, gusa ngo iri perereza riracyakomeje.<\/p>\n<p>Inkuru y&#8217;ibyavuye muri iri perereza https:\/\/bwiza.com\/?RIB-yemeje-ko-umusizi-Bahati-yahungiye-muri-Uganda<\/p>\n<p>Rumaga watanze ikirego muri RIB muri Gashyantare 2021 arangisha \u201cinshuti akaba n\u2019umuvandimwe Bahati\u201d, yagiriye ikiganiro kuri The Choice Live, abazwa uko yakiriye ibyavuye muri iri perereza.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cBavuga ko ni byo investigation yagezeho kandi nkaba nshima inzego zabikurikiranye, buriya bafite ibimenyetso. Urumva ntabwo nigeze mbyerekwa ngo byagenze gutya na gutya, ariko ntabwo byari ngombwa ko mbyerekwa kuko ntabwo nari muri team ishinzwe iyo investigation. Ariko niba barafashe umwanzuro kuriya, bashizemo ikintu gikomeye njye nashimye; iperereza rigikomeza.\u201d<\/p>\n<p>Uyu musizi avuga ko yatunguwe no kumva ko inshuti ye babanaga mu nzu, yaba yaragiye kwifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda. Ati: \u201cNaratunguwe ariko na none umuntu ni mugari. Ntabwo naza kuvuga ngo ntibishoboka cyangwa birashoboka. Urumva uhita uba neutre kuko nta hantu uba ugifite ho guhagarara ariko ntabyo nari nzi.\u201d<\/p>\n<p>Yabajijwe icyo yari gukora iyo aza kumenya umugambi Bahati yari afite mu gihe bari bakiri kumwe, asubiza ko amakuru yari afite yari kuyaha urwego rushinzwe iperereza rukayifashisha rumushakisha. Ati: \u201cNari kubabwira nti \u2018njye se ko ntekereza ko byaba bimeze gutya, mwabishingiyeho mukora iperereza.\u201d<\/p>\n<p>Rumaga avuga ko kubera ko iperereza rigikomeje, iby\u2019ibanze byarivuyemo yemera ko byaba ukuri ku kigero cya 50%, ahasigaye akahaharira ibizarivamo ubwo rizaba rirangiye. Gusa ngo biramutse bibaye impamo 100%, byamubabaza cyane kubera ko akesha Bahati byinshi mu buzima, kuko ngo ni na we wamugejeje i Kigali.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umusizi Junior Rumaga yahishuye uko yakiriye iby\u2019ibanze byavuye mu iperereza ry\u2019urwego rw\u2019igihugu rw\u2019ubugenzacyaha, RIB, ku ibura rya mugenzi we wari inshuti ikomeye, Bahati Innocent. Nyuma y\u2019umwaka wari ushize Bahati aburiwe irengero, tariki ya 16 Gashyantare 2022 RIB yatangaje ko ibyavuye mu iperereza ryayo bigaragaza ko uyu musizi \u201cyagiye muri Uganda\u201d, aho ashobora kuba yifatanya n\u2019abarwanya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-45344","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umusizi Junior Rumaga yahishuye uko yakiriye iby\u2019ibanze byavuye mu iperereza ry\u2019urwego rw\u2019igihugu rw\u2019ubugenzacyaha, RIB, ku ibura rya mugenzi we wari inshuti ikomeye, Bahati Innocent. Nyuma y\u2019umwaka wari ushize Bahati aburiwe irengero, tariki ya 16 Gashyantare 2022 RIB yatangaje ko ibyavuye mu iperereza ryayo bigaragaza ko uyu musizi \u201cyagiye muri Uganda\u201d, aho ashobora kuba yifatanya n\u2019abarwanya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-03-13T08:53:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45344#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45344\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi\",\"datePublished\":\"2022-03-13T08:53:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45344\"},\"wordCount\":329,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45344#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45344\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45344\",\"name\":\"Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-03-13T08:53:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45344#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45344\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45344#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi - BWIZA","og_description":"Umusizi Junior Rumaga yahishuye uko yakiriye iby\u2019ibanze byavuye mu iperereza ry\u2019urwego rw\u2019igihugu rw\u2019ubugenzacyaha, RIB, ku ibura rya mugenzi we wari inshuti ikomeye, Bahati Innocent. Nyuma y\u2019umwaka wari ushize Bahati aburiwe irengero, tariki ya 16 Gashyantare 2022 RIB yatangaje ko ibyavuye mu iperereza ryayo bigaragaza ko uyu musizi \u201cyagiye muri Uganda\u201d, aho ashobora kuba yifatanya n\u2019abarwanya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-03-13T08:53:04+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi","datePublished":"2022-03-13T08:53:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344"},"wordCount":329,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=45344#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344","name":"Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-03-13T08:53:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=45344"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45344#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umusizi Rumaga yahishuye uko yakiriye kumva ko Bahati yaba yifatanya n\u2019abarwanya ubutegetsi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/45344","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=45344"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/45344\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=45344"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=45344"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=45344"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}