{"id":4537,"date":"2017-01-18T07:46:07","date_gmt":"2017-01-18T07:46:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/18\/habyarimana-ku-rutonde-rw-abaperezida-ba-afurika-ubufaransa-bushinjwa-kwisasira\/"},"modified":"2025-02-12T17:10:48","modified_gmt":"2025-02-12T15:10:48","slug":"habyarimana-ku-rutonde-rw-abaperezida-ba-afurika-ubufaransa-bushinjwa-kwisasira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537","title":{"rendered":"Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira"},"content":{"rendered":"<p>Kuva igihe hariho inkumbiri yo gutanga ubwigenge ku bihugu bya Afurika, igihugu cy\u2019u Bufaransa cyagiye gitungwa agatoki kuba inyuma y\u2019ubwicanyi bwakorewe bamwe mu baperezida b\u2019ibihugu bya Afurika buhereye ku abo mu byo bwakoroneje, inshuti zabwo n\u2019abandi.<br \/>\nKuva mu mwaka w\u20191962, hari urutonde rugaragaraho abaperezida ba Afurika bashinjwa Ubufaransa, harimo na Perezida w\u2019u Rwanda Juvenal Habyarimana wari inshuti magara na Francois Mitterrand wabuyoboraga.<br \/>\nHari bamwe bwirengeje bari inshuti za bwo hari n\u2019abandi bushinjwa kwica kubera kububangamira mu mugambi wabwo wo gushaka gukoloniza Afurika muri sisitemi nshya.<br \/>\nMuri aba baperezida bagiye bicwa ku bwo kubangamira inyungu z\u2019u Bufaransa, hazamo nka Col Moumar Gaddafi wa Libya, Thomas Sankara wo muri Burkina faso,\u2026<br \/>\nUbufaransa bwagiye bukoresha ibinyamakuru bikomeye byo muri iki gihugu n&#8217;ibindi bitandukanye byo ku isi, bikangisha abaturage ubuyobozi ubundi bukanabaryanisha, rimwe na rimwe bugatera ingabo mu bitugu amashyaka ya (opposition), amashyaka atavuga rumwe na Leta, kera kabaye inkuru igakwira isi ko Perezida runaka yishwe n\u2019abaturage cyangwa se inyeshyamba zamwivuganye, iperereza ryakorwa Ubufaransa bugatungwa agatoki ko aribwo bwari bubyihishe inyuma.<br \/>\nUretse ibi kandi, hari Coup d\u2019Etat nyinshi zagiye zikorwa mu bihugu nyuma Ubufaransa bukavugwa ko aribwo bwaziteguye, aha twatanga urugero rwa Coup d\u2019Etat Blaise Compaore yakoreye Thomas Sankara, uruhare runini hejuru ya 90% rushyirwa ku mutwe wa Mitterand w&#8217;u Bufaransa mu 1987.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nByatangajwe kenshi ko Sankara nta kindi yazize uretse gushaka ubwigenge bwuzuye bw\u2019igihugu cya Burkina Faso ndetse akanaba impirimbanyi ya Demokarasi,  ariko Ubufaransa ntibwabyumva,birangira yishwe akiri muto ku myaka 37.<br \/>\nN\u2019ubwo Blaise Compaore yakoreshejwe n\u2019Abafaransa bakica Sankara, aba bombi (Sankara &#038; Compaore) bari inshuti magara, gusa Compaore nawe uko imyaka yagiye yicuma ari perezida w\u2019iki gihugu amaraso ya mucuti we yakomeje kumukurikirana na n\u2019ubu.<br \/>\nHabyarimana Juvenal w\u2019u Rwanda, yari inshuti magara y\u2019Ubufaransa bigeze naho n\u2019umutekano we wasaga nkaho urinzwe n\u2019abasirikare b\u2019Ubufaransa n&#8217;abandi b&#8217;u Rwanda batorejwe iyo mu Bufaransa,indege yagendagamo itwarwa n&#8217;abapilote b&#8217;Abafaransa,&#8230; ariko tariki ya 6 Mata 1994, ubwo indege yahanurwaga, Ubufaransa bwatunzwe agatoki nubwo nabwo bwongeye bugashaka kubihirikira ku basirikare b\u2019Inkotanyi.<br \/>\nIyi ndege Habyarimana yarasiwemo yari kumwe na Perezida w\u2019u Burundi Ntaryamira Cyprien. Mu gihe uwishe Habyarimana atari yamenyekana n\u2019uwishe uyu w\u2019u Burundi ntiyamenyekana, ubu agasanduku ko mu ndege kaba kabitse ibintu byose biba byakorewe mu ndege (boite noire), na n\u2019ubu kari mu maboko y\u2019Abafaransa.<br \/>\nPerezida Richard Ratsimandrava, yayoboye  Madagascar icyumweru kimwe, akaba yari afite ipeti rya Colonel, uyu muperezida ibyo yakorewe ni agahomamunwa.<br \/>\nUyu muperezida yicaye ku ntebe y&#8217;umukuru w&#8217;igihugu ku wa 5 Gashyantare 1975 yicwa ku wa 11 Gashyantare uwo mwaka (iminsi 6 gusa yitwa perezida) icyo gihe intambara z\u2019abaturage zavuzaga ubuhuha ndetse binatangazwa ko arizo zamuhitanye ariko Ubufaransa bugashinjwa kuba inyuma y\u2019izo ntambara zamuhitanye.<br \/>\nUrupfu rwashenguye benshi batuye iyi si ya rurema, ni urupfu rwa Col Muammar Gaddafi wishwe ku wa 20 Ukwakira 2011, n\u2019ubu Ubufaransa bukaba bugishinjwa urupfu rwe mu gihe bamwe mu baturage bwari inyuma bamwifuza bitagishobotse.<br \/>\nGaddafi, nka perezida wari utegetse imyaka isaga 40, urupfu yishwe rw\u2019agashinyaguro rwasigiye benshi intimba ku mitima nk&#8217;ikimenyetso kigaragaza ko ibihugu by&#8217;ibihangange bigishishikajwe no kwivanga muri politiki y&#8217;Abanyafurike, Gaddafi ari nawe muperezida wa Afurika Ubufaransa buheruka gushinjwa gihitana, gusa nawe iby\u2019urupfu rwe biracyari urujijo.<br \/>\nYishwe abaturage bakoma mu mashyi ariko kugeza iyi saha amaraso ye yabaye umuvumo ku baturage ba Libya, ibyo yari amaze kubagezaho birimo na serivisi z&#8217;ubuntu, ubu byahindutse amaraso n&#8217;imiborogo. Mu nkuru itaha tuzabagezaho urutonde rw&#8217;abandi baperezida Ubufaransa bushinjwa guhitana, igice cya 2.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuva igihe hariho inkumbiri yo gutanga ubwigenge ku bihugu bya Afurika, igihugu cy\u2019u Bufaransa cyagiye gitungwa agatoki kuba inyuma y\u2019ubwicanyi bwakorewe bamwe mu baperezida b\u2019ibihugu bya Afurika buhereye ku abo mu byo bwakoroneje, inshuti zabwo n\u2019abandi. Kuva mu mwaka w\u20191962, hari urutonde rugaragaraho abaperezida ba Afurika bashinjwa Ubufaransa, harimo na Perezida w\u2019u Rwanda Juvenal Habyarimana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4537","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuva igihe hariho inkumbiri yo gutanga ubwigenge ku bihugu bya Afurika, igihugu cy\u2019u Bufaransa cyagiye gitungwa agatoki kuba inyuma y\u2019ubwicanyi bwakorewe bamwe mu baperezida b\u2019ibihugu bya Afurika buhereye ku abo mu byo bwakoroneje, inshuti zabwo n\u2019abandi. Kuva mu mwaka w\u20191962, hari urutonde rugaragaraho abaperezida ba Afurika bashinjwa Ubufaransa, harimo na Perezida w\u2019u Rwanda Juvenal Habyarimana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-18T07:46:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:10:48+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4537#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4537\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira\",\"datePublished\":\"2017-01-18T07:46:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:10:48+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4537\"},\"wordCount\":614,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4537#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4537\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4537\",\"name\":\"Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-18T07:46:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:10:48+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4537#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4537\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4537#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira - BWIZA","og_description":"Kuva igihe hariho inkumbiri yo gutanga ubwigenge ku bihugu bya Afurika, igihugu cy\u2019u Bufaransa cyagiye gitungwa agatoki kuba inyuma y\u2019ubwicanyi bwakorewe bamwe mu baperezida b\u2019ibihugu bya Afurika buhereye ku abo mu byo bwakoroneje, inshuti zabwo n\u2019abandi. Kuva mu mwaka w\u20191962, hari urutonde rugaragaraho abaperezida ba Afurika bashinjwa Ubufaransa, harimo na Perezida w\u2019u Rwanda Juvenal Habyarimana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-18T07:46:07+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:10:48+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira","datePublished":"2017-01-18T07:46:07+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:10:48+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537"},"wordCount":614,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4537#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537","name":"Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-18T07:46:07+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:10:48+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4537"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4537#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Habyarimana ku rutonde rw\u2019Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4537","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4537"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4537\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4537"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4537"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4537"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}