{"id":4554,"date":"2017-01-18T16:14:47","date_gmt":"2017-01-18T16:14:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/18\/umuryango-wa-depite-uwamariya-ntumufasha-kubahiriza-amategeko\/"},"modified":"2025-02-12T17:10:38","modified_gmt":"2025-02-12T15:10:38","slug":"umuryango-wa-depite-uwamariya-ntumufasha-kubahiriza-amategeko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554","title":{"rendered":"Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko"},"content":{"rendered":"<p>Inkuru yasohotse mu kinyamakuru Izuba rirashe igaragaza ko Depite Uwamariya Devota nyuma yo gupfusha umugabo wa mbere yirukanye umwana mu bana, bikamuviramo kubaho nabi. Uyu mudepite kandi yongeye gushaka, ubu akaba atakibana n\u2019uriya mwana Nyirabizeyimana Claudine umaze kugira imyaka 22 (imyaka y\u2019ubukure). Ibi byose byabaye hatabanje kuba izungura rya Bernard Hakuziyaremye. Amategeko ateganya ko inama y\u2019umuryango ifasha gukemura ibi bibazo.<br \/>\nKu bufatanye n\u2019abanyamategeko Me Manirafasha Jean Paul, na Me Nizeyimana Elia, ikinyamakuru Bwiza.com cyegeranije ingingo z\u2019amategeko yirengagijwe n\u2019uyu muryango, bikaba bigeza aho biri ubu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>Amategeko 3 yifashishijwe<\/strong><br \/>\nItegeko  <strong>n\u00b0 22\/99 ryo ku wa 12\/11\/1999<\/strong>  ryuzuza igitabo cya mbere cy&#8217;urwunge rw&#8217;amategeko mbonezamubano kandi rishyiraho igice cya gatanu cyerekeye imicungire y&#8217;umutungo w&#8217;abashyingiranwe, impano n&#8217; izungura.<br \/>\nIri niryo ryakurikizwaga mu 2007 Uwamariya apfusha umugabo bashakanye, Bernard Hakuziyaremye. Ni naryo ryariho Uwamariya Devota ashaka umugabo babana ubu.<br \/>\nItegeko  <strong>n\u00ba27\/2016 ryo ku wa 08\/07\/2016<\/strong>  rigenga imicungire y\u2019umutungo w\u2019abashyingiranywe, impano n\u2019izungura. Iri niryo tegeko rikoreshwa ubu, kandi Depite Uwamariya yarigizemo uruhare.<br \/>\nItegeko  <strong>n\u00ba32\/2016 ryo ku wa 28\/08\/2016<\/strong>  rigenga abantu n\u2019umuryango.<br \/>\nIri naryo ni rishya, Uwamariya Devota yarigizemo uruhare, rivuga ko umuryango ugomba kuba hafi abawugize, ukabafasha gukemura ibibazo.<br \/>\nUwamariya Devota, wabaye Depite nyuma y\u2019umwaka umwe abuze uwo bashakanye, Hakuziyaremye Bernard, yubahirije zimwe mu nshingano z\u2019uwapfakaye. Mu 2007, abana bose bari batarageza imyaka y\u2019ubukure, bari bagikeneye kurerwa, ibi ariko ntibikuraho ko izungura ryagombaga gutangira.<br \/>\nMu mwaka wa 2015, Depite Uwamariya ajya gushyingirwa bwa kabiri, umuryango ntiwamubaye hafi, ngo umugire inama yo kubanza umuhango w\u2019izungura. Itegeko n\u00b0 22\/99 ryo ku wa 12\/11\/1999, ingingo ya 70, agaka ka 8(iyo uwapfakaye agiye kongera gushaka akagumana inshingano yo kurera abana yasigiwe na nyakwigendera, ahabwa 1\/4 cy&#8217;umutungo wose, 3\/4 agakomeza kubicungira abana ba nyakwigendera).<br \/>\nUyu mwana bafitanye ikibazo, Nyirabizeyimana yari amaze gukura, nk\u2019uko biteganywa n\u2019itegeko n\u00ba32\/2016 ryo ku wa 28\/08\/2016, ingingo ya 113. Igira iti \u201cImyaka y\u2019ubukure ni imyaka cumi n\u2019umunani (18) y\u2019amavuko uretse aho iri tegeko cyangwa andi mategeko abiteganya ukundi. Kuri iyo myaka, umuntu agira ubushobozi bwo gukora ibintu byose bimuhuza n\u2019abandi\u201d. Igikorwa cy\u2019izungura cyari gukumira  ibibazo bihari ubu.<br \/>\nMu mwaka wa 2016, nibwo Nyirabizeyimana avuga ko yirukanwe mu rugo kwa Depite, nk\u2019uko yabitangarije Izuba rirashe. Itegeko n\u00b0 22\/99 ryo ku wa 12\/11\/1999(niryo ryakoreshwaga), ingingo ya 70, agaka ka 6 (iyo uwapfakaye ataye inshingano yo kurera abana yasigiwe na nyakwigendera, yamburwa 3\/4 by&#8217;umutungo wose bigahabwa abana).<br \/>\nMu nzira zo gukemura iki kibazo, Depite Uwamariya akomoza iteka ku ruhare rw\u2019umuryango. Ibi ni nabyo yasubije Meya wa Gakenke ubwo umwana yaganaga Meya Nzamwita, nawe agahamagara Depite. Uwo muryango niwo na nubu ukirebera ibiba ntugire icyo ukora, kandi amategeko abiteganya.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nInama y\u2019umuryango yagombye guterana igafasha Depite Uwamariya gukemura ibibazo by\u2019uyu mwana nk\u2019uko amategegeko abisaba. Itegeko n\u00ba32\/2016 ryo ku wa 28\/08\/2016 riteganya iyi nama mu ngingo zaryo 162 kugeza kuya 165(abayigize, inshingano zayo n\u2019uburyo iterana). Iyi nama ni nayo ishyiraho indi ishinzwe iby\u2019izungura, ivugwa mu itegeko n\u00ba27\/2016 ryo ku wa 08\/07\/2016 mu ngingo ya 84.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nBamwe mu bagize uyu muryango bavuga ko batazi umukuru w\u2019umuryango kuko nta nama zawo zijya ziterana. Umuvandimwe wa hafi avuga ko babwirwa ko Umukuru w\u2019umuryango yitwa Sebacuruzi wari umuturanyi n\u2019incuti, ariko ngo nawe ntibamubona.<br \/>\nItegeko rigenga abantu n\u2019umuryango rifite ingingo nyinshi zakwifashishwa mu gukemura ikibazo kiri mu muryango wa Depite Uwamariya, ariko n\u2019indi miryango yaboneraho kumenya inzira, uburenganzira n\u2019inshingano z\u2019abawugize.<br \/>\nIzo ni nka 216 na 217 zivuga ku rupfu rw\u2019umwe mu bashyingiranwe n\u2019inkurikizi zarwo, ingingo ya 325 ivuga uburyo umuntu atakaza inshingano zo gucunga umutungo w\u2019umwana, n\u2019iya 329 igaragaza impamvu zihagarika ububasha bwa kibyeyi.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Karegeya Jean Baptiste\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inkuru yasohotse mu kinyamakuru Izuba rirashe igaragaza ko Depite Uwamariya Devota nyuma yo gupfusha umugabo wa mbere yirukanye umwana mu bana, bikamuviramo kubaho nabi. Uyu mudepite kandi yongeye gushaka, ubu akaba atakibana n\u2019uriya mwana Nyirabizeyimana Claudine umaze kugira imyaka 22 (imyaka y\u2019ubukure). Ibi byose byabaye hatabanje kuba izungura rya Bernard Hakuziyaremye. Amategeko ateganya ko inama [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4554","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inkuru yasohotse mu kinyamakuru Izuba rirashe igaragaza ko Depite Uwamariya Devota nyuma yo gupfusha umugabo wa mbere yirukanye umwana mu bana, bikamuviramo kubaho nabi. Uyu mudepite kandi yongeye gushaka, ubu akaba atakibana n\u2019uriya mwana Nyirabizeyimana Claudine umaze kugira imyaka 22 (imyaka y\u2019ubukure). Ibi byose byabaye hatabanje kuba izungura rya Bernard Hakuziyaremye. Amategeko ateganya ko inama [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-18T16:14:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:10:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4554#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4554\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko\",\"datePublished\":\"2017-01-18T16:14:47+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:10:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4554\"},\"wordCount\":613,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4554#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4554\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4554\",\"name\":\"Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-18T16:14:47+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:10:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4554#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4554\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4554#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko - BWIZA","og_description":"Inkuru yasohotse mu kinyamakuru Izuba rirashe igaragaza ko Depite Uwamariya Devota nyuma yo gupfusha umugabo wa mbere yirukanye umwana mu bana, bikamuviramo kubaho nabi. Uyu mudepite kandi yongeye gushaka, ubu akaba atakibana n\u2019uriya mwana Nyirabizeyimana Claudine umaze kugira imyaka 22 (imyaka y\u2019ubukure). Ibi byose byabaye hatabanje kuba izungura rya Bernard Hakuziyaremye. Amategeko ateganya ko inama [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-18T16:14:47+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:10:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko","datePublished":"2017-01-18T16:14:47+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:10:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554"},"wordCount":613,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4554#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554","name":"Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-18T16:14:47+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:10:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4554"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4554#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4554","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4554"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4554\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4554"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4554"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4554"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}