{"id":45765,"date":"2022-03-16T14:37:50","date_gmt":"2022-03-16T14:37:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/03\/16\/u-rwanda-rwamaganye-ibirego-rwashyizweho-na-hrw-ruyishinja-guhora-irutoteza\/"},"modified":"2022-03-16T14:37:50","modified_gmt":"2022-03-16T14:37:50","slug":"u-rwanda-rwamaganye-ibirego-rwashyizweho-na-hrw-ruyishinja-guhora-irutoteza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765","title":{"rendered":"U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza"},"content":{"rendered":"<p><strong>Guverinoma y&#8217;u Rwanda yamaganye ibirego yashyizweho n&#8217;Umuryango Human Right Watch uharanira uburenganzira bwa muntu, iwushinja guhora uyitoteza wisunze ibirego bitari ukuri.<\/strong><\/p>\n<p>Ni nyuma y&#8217;inyandiko Human Right Watch yasohoye kuri uyu wa Gatatu ishinja ubutabera bw&#8217;u Rwanda guhonyora uburenganzira bw&#8217;Abanyarwanda b&#8217;ingeri zitandukanye bwo kuvuga ibyo batekereza.<\/p>\n<p>Iyi nyandiko ndende ishinja u Rwanda kwibasira abatavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi, abanyamakuru, abasesenguzi n&#8217;impirimbanyi binyuze mu kubashyikiriza ubutabera bashinjwa ibyaha by&#8217;ibihimbano.<\/p>\n<p>Uyu muryango uvuga ko ari ibintu wabonye nyuma yo gukurikirana imanza zitandukanye no gusesengura inyandiko z&#8217;imanza z&#8217;abo uvuga ko bafunzwe ku bw&#8217;impamvu za Politiki.<\/p>\n<p>Mu banyapolitiki HRW ivuga ko bafunzwe, ivuga ko abenshi bazira kugaragaza ibitekerezo bidahura n&#8217;umurongo wa Leta y&#8217;u Rwanda, ibidatandukanye n&#8217;abanyamakuru uvuga ko bazira kuba atari abanyamuryango b&#8217;urwego rw&#8217;abanyamakuru Nyarwanda bigenzura (RMC) ndetse no gutangaza inkuru zidahuye n&#8217;umurongo wa Leta.<\/p>\n<p>Ni ibyashimangiwe n&#8217;umuyobozi w&#8217;uriya muryango muri Afurika yo hagati, Lewis Mudge.<\/p>\n<p>Uyu yavuze ko urwego rw&#8217;ubutabera bw&#8217;u Rwanda &#8220;butigenga ngo bube bwahagarara burinde ku burenganzira bwo gutanga ibitekerezo bwisunze amategeko mpuzamahanga.&#8221;<\/p>\n<p>Abo HRW yatanzeho urugero ni abarwanashyaka b&#8217;ishyaka Dalfa-Umurinzi rya Victoire Ingabire batawe muri yombi mu mwaka ushize bakurikiranweho ibyaha bitandukanye.<\/p>\n<p>Barimo kandi Niyonsenga Dieudonn\u00e9, NSENGIMANA Th\u00e9oneste, Idamange Yvone na Uzaramba Karasira Aimable bamenyekanye kuri YouTube.<\/p>\n<p>HRW ivuga ko mu ntangiriro z&#8217;uku kwezi yandikiye Minisitiri w&#8217;Ubutabera, Dr Emmanuel Ugirashebuja imusaba guhabwa inyandiko zijyanye n&#8217;ibyaha bakurikiranweho gusa akanga kuyisubiza.<\/p>\n<p>Yavuze ko mu gihe habura imyaka ibiri ngo mu Rwanda habe amatora y&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu ndetse n&#8217;amezi make u Rwanda rukakira inama ya Common Wealth, Leta ikwiriye kurekura bariya bose bafunzwe ndetse igaharanira ko uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo kugira ngo azabe mu mucyo no mu bwizanzure.<\/p>\n<p>Mudge yagize ati: &#8220;Abafungiwe ubusa bose bagomba guhita barekurwa nta shyiti, ndetse amategeko mabi yatumye bakurikiranwa akwiye gusubirwamo kandi hakurikijwe amahame mpuzamahanga y\u2019ubwisanzure.&#8221;<\/p>\n<p><strong>U Rwanda rwamaganye ibirego bya HRW, ruyishinja guhora irutoteza<\/strong><\/p>\n<p>Umuvugizi wa Guverinoma y&#8217;u Rwanda Yolande Makolo abinyujije kuri Twitter ye, yashinje Human Right Watch guhora itoteza u Rwanda.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Itoteza u Rwanda ruhora rukorerwa na Human Rights Watch nta kindi rigamije kitari gusiga icyasha ubutabera n&#8217;uburenganzira bwa muntu muri Afurika.&#8221;<\/p>\n<p>Makolo yanyomoje ibyatangajwe na HRW, avuga ko ubutabera bw&#8217;u Rwanda bukorera mu mucyo no mu bwizanzure, kandi bugendendeye ku mategeko y&#8217;u Rwanda, ay&#8217;akarere ndetse n&#8217;amabwiriza mpuzamahanga.<\/p>\n<p>Yunzemo ko mu Rwanda abantu bose bareshya imbere y&#8217;itegeko, ndetse hakaba nta n&#8217;umwe ugezwa imbere y&#8217;ubutabera kubera kugaragaza ibitekerezo bye bya Politiki.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Guverinoma y&#8217;u Rwanda yamaganye ibirego yashyizweho n&#8217;Umuryango Human Right Watch uharanira uburenganzira bwa muntu, iwushinja guhora uyitoteza wisunze ibirego bitari ukuri. Ni nyuma y&#8217;inyandiko Human Right Watch yasohoye kuri uyu wa Gatatu ishinja ubutabera bw&#8217;u Rwanda guhonyora uburenganzira bw&#8217;Abanyarwanda b&#8217;ingeri zitandukanye bwo kuvuga ibyo batekereza. Iyi nyandiko ndende ishinja u Rwanda kwibasira abatavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,131],"class_list":["post-45765","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Guverinoma y&#8217;u Rwanda yamaganye ibirego yashyizweho n&#8217;Umuryango Human Right Watch uharanira uburenganzira bwa muntu, iwushinja guhora uyitoteza wisunze ibirego bitari ukuri. Ni nyuma y&#8217;inyandiko Human Right Watch yasohoye kuri uyu wa Gatatu ishinja ubutabera bw&#8217;u Rwanda guhonyora uburenganzira bw&#8217;Abanyarwanda b&#8217;ingeri zitandukanye bwo kuvuga ibyo batekereza. Iyi nyandiko ndende ishinja u Rwanda kwibasira abatavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-03-16T14:37:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45765#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45765\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza\",\"datePublished\":\"2022-03-16T14:37:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45765\"},\"wordCount\":432,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45765#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45765\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45765\",\"name\":\"U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-03-16T14:37:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45765#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45765\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=45765#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza - BWIZA","og_description":"Guverinoma y&#8217;u Rwanda yamaganye ibirego yashyizweho n&#8217;Umuryango Human Right Watch uharanira uburenganzira bwa muntu, iwushinja guhora uyitoteza wisunze ibirego bitari ukuri. Ni nyuma y&#8217;inyandiko Human Right Watch yasohoye kuri uyu wa Gatatu ishinja ubutabera bw&#8217;u Rwanda guhonyora uburenganzira bw&#8217;Abanyarwanda b&#8217;ingeri zitandukanye bwo kuvuga ibyo batekereza. Iyi nyandiko ndende ishinja u Rwanda kwibasira abatavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-03-16T14:37:50+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza","datePublished":"2022-03-16T14:37:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765"},"wordCount":432,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=45765#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765","name":"U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-03-16T14:37:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=45765"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=45765#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwamaganye ibirego rwashyizweho na HRW, ruyishinja guhora irutoteza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/45765","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=45765"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/45765\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=45765"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=45765"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=45765"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}