{"id":46016,"date":"2022-03-24T08:35:12","date_gmt":"2022-03-24T08:35:12","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/03\/24\/kabahizi-urega-ndimbati-yavuze-ko-yashenguwe-no-kumva-immaculee-yemeza-ko\/"},"modified":"2022-03-24T08:35:12","modified_gmt":"2022-03-24T08:35:12","slug":"kabahizi-urega-ndimbati-yavuze-ko-yashenguwe-no-kumva-immaculee-yemeza-ko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016","title":{"rendered":"Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka"},"content":{"rendered":"<p><strong>Kabahizi Fridaus ushinja umukinnyi wa filimi Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati kumusambanya, akamutera inda, yamara kubyara abana b\u2019impanga akamutererana, avuga ko yashenguwe no kumva umuyobozi w\u2019umuryango Transparency International Rwanda urwanya ruswa n\u2019akarengane, Ingabire Marie Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka y\u2019amavuko.<\/strong><\/p>\n<p>Kabahizi mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, yabwiye umunyamakuru ko mu 2019 ubwo yari afite imyaka 17 y\u2019amavuko, Ndimbati yamusindishije yifashishije inzoga yitwa Amarula, hanyuma aramusambanya. Ngo yaje kubyara aba bana, uyu mukinnyi wa filimi arabatererana, ntiyabitaho.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019iminsi ibiri iki kiganiro gitambutse, urwego rw\u2019igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, tariki ya 10 Werurwe 2022 rwatangaje ko rwataye muri yombi Ndimbati, rumukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana utagejeje ku myaka y\u2019ubukure (18 y\u2019amavuko); ari we Kabahizi.<\/p>\n<p>Immacul\u00e9e mu kiganiro yagiriye kuri Yago TV Show ubwo Ndimbati yari amaze umunsi atawe muri yombi, yavuze ko afite amakuru yizewe yemeza ko uyu mukinnyi wa filimi yasambanye na Kahabizi ubwo uyu \u2018mukobwa\u2019 yari afite imyaka y\u2019ubukure.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cUriya mwana w\u2019umukobwa, amakuru mfite kugeza ubu, yari arengeje imyaka y\u2019ubukure, yari arengeje imyaka 18. Yego ntabwo yari ayirengeje cyane ariko itegeko rirasobanutse kandi burya n\u2019iyo ari ukwezi kumwe, uba uyirengeje.\u201d<\/p>\n<p>Immacul\u00e9e yemera ko Kabahizi ashobora kuba yaravutse mu Kuboza 2002 nk\u2019uko abivuga, ariko ubutabera mu guca urubanza bukazagendera ku itariki yanditse mu irangamimerere, ari yo ya 1 Mutarama. Ngo aho ngaho, Ndimbati ntiyaba agikurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana.<\/p>\n<p>Soma inkuru yose ya Immacul\u00e9e hano https:\/\/bwiza.com\/?Ingabire-Immaculee-ngo-afite-amakuru-yizewe-y-uko-Fridaus-yatewe-inda-na<\/p>\n<p>Kabahizi mu kiganiro yagiriye kuri Megapex TV ubwo Ndimbati yari amaze kuburanishwa ku ifungwa n\u2019ifungurwa ry\u2019agateganyo kuri uyu wa 23 Werurwe 2022, yabajijwe niba yarumvise amagambo Immacul\u00e9e yamuvuzeho.<\/p>\n<p>Yasubije ati: \u201cNarabibonye birambabaza, numva umutwe urandiye pe! Ndavuga nti \u2018Noneho ibyanjye babishyize mu bikorwa\u2019 kuko ntabwo niyumvishaga ukuntu noneho umuntu w\u2019umuyobozi nk\u2019uriya ufite inshingano zimeze kuriya mu gihugu yakwifata akajya mu itangazamakuru, akavuga amakuru adahagazeho.\u201d<\/p>\n<p><strong>Reba videwo y&#8217;urubanza rwose rwa Ndimbati hano<\/strong> <iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/2dt5tC11Ock\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p>Tariki ya 14 Werurwe 2022 ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amakuru avuga ko Ndimbati yafunguwe, bamwe mu bayemezaga bashingiraga ku byo Immacul\u00e9e yari aherutse gutangaza. Gusa RIB yaje kunyomoza aya makuru, ivuga ko hari ibimenyetso bifatika bituma uyu mukinnyi wa filimi akomeza gukurikiranwaho iki cyaha, inemeza ko dosiye ye ishyikirizwa Ubushinjacyaha.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry icyo gihe yamenyesheje itangazamakuru ati : &#8220;Aracyafunze by\u2019agateganyo, iperereza rirakomeje ku cyaha acyekwaho cyo gusambanya umwana, kandi hari ibimenyetso bifatika bituma agumya gucyekwaho kuba yarakoze icyaha. Dosiye ye irashyikirizwaubushinjacyaha mu gihe cyagenwe n\u2019itegeko.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kabahizi Fridaus ushinja umukinnyi wa filimi Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati kumusambanya, akamutera inda, yamara kubyara abana b\u2019impanga akamutererana, avuga ko yashenguwe no kumva umuyobozi w\u2019umuryango Transparency International Rwanda urwanya ruswa n\u2019akarengane, Ingabire Marie Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka y\u2019amavuko. Kabahizi mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, yabwiye umunyamakuru ko mu 2019 ubwo yari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-46016","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kabahizi Fridaus ushinja umukinnyi wa filimi Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati kumusambanya, akamutera inda, yamara kubyara abana b\u2019impanga akamutererana, avuga ko yashenguwe no kumva umuyobozi w\u2019umuryango Transparency International Rwanda urwanya ruswa n\u2019akarengane, Ingabire Marie Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka y\u2019amavuko. Kabahizi mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, yabwiye umunyamakuru ko mu 2019 ubwo yari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-03-24T08:35:12+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46016#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46016\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka\",\"datePublished\":\"2022-03-24T08:35:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46016\"},\"wordCount\":420,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46016#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46016\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46016\",\"name\":\"Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-03-24T08:35:12+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46016#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46016\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46016#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka - BWIZA","og_description":"Kabahizi Fridaus ushinja umukinnyi wa filimi Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati kumusambanya, akamutera inda, yamara kubyara abana b\u2019impanga akamutererana, avuga ko yashenguwe no kumva umuyobozi w\u2019umuryango Transparency International Rwanda urwanya ruswa n\u2019akarengane, Ingabire Marie Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka y\u2019amavuko. Kabahizi mu kiganiro yagiriye kuri Isimbi TV, yabwiye umunyamakuru ko mu 2019 ubwo yari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-03-24T08:35:12+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka","datePublished":"2022-03-24T08:35:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016"},"wordCount":420,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46016#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016","name":"Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-03-24T08:35:12+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46016"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46016#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kabahizi urega Ndimbati yavuze ko yashenguwe no kumva Immacul\u00e9e yemeza ko yabeshye imyaka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46016","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=46016"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46016\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=46016"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=46016"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=46016"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}