{"id":46296,"date":"2022-04-02T09:08:00","date_gmt":"2022-04-02T09:08:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/04\/02\/gen-muhoozi-yateguje-gen-kayumba-nyamwasa-ingaruka-mbi-cyane\/"},"modified":"2022-04-02T09:08:00","modified_gmt":"2022-04-02T09:08:00","slug":"gen-muhoozi-yateguje-gen-kayumba-nyamwasa-ingaruka-mbi-cyane","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296","title":{"rendered":"Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye kwihanangiriza Kayumba Nyamwasa n&#8217;umutwe we wa RNC kuzibukira igihugu cye, bitihi se bakazahura n&#8217;ingaruka ziremereye.<\/strong><\/p>\n<p>Gen Muhoozi yihanangirije Nyamwasa mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri uyu wa Gatandatu.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;General Kayumba, nakuburiye bihagije. Uri gukina n&#8217;igihugu cyanjye kandi ingaruka zizaba mbi cyane kuri wowe. RNC nta mwanya rwose ifite muri Uganda.&#8221;<\/p>\n<p>Ubu butumwa bwaje bwiyongera ku bundi Muhoozi yari yanyujije kuri uru rubuga amusaba kubaha amahoro yamaze kongera kugerwaho hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;General Kayumba, ndakwinginze gerageza kubaha Repubulika ya Uganda. Twageze ku mahoro na Afande Kagame n&#8217;u Rwanda. Gerageza ibyo ubyubahe. Mu ijoro ryakeye twakoherereje umuntu wawe.&#8221;<\/p>\n<p>Si bwo bwa mbere Gen Muhoozi Kainerugaba yihanangirije Lt Gen Kayumba Nyamwasa wigeze kuba Umugaba Mukuru w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda n&#8217;umutwe we wa RNC abasaba kuzibukira kwifashisha Uganda mu bikorwa bigambiriye guhungabanya umutekano w&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Uyu muhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu minsi ishize yatangaje ko ibikorwa bya RNC ya Kayumba muri Uganda habuze gato ngo bishore &#8220;mu ntambara y&#8217;ubucucu&#8221; igihugu cye n&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Kuva mu myaka itatu ishize, u Rwanda rwakunze kuvuga ko Kampala yabaye indiri y\u2019abarwanya ubutegetsi bwa Kigali. Bamwe mu bari mu ishyaka rya Kayumba Nyamwasa byavuzwe ko bagendaga i Kampala bidegembya, nta nkomyi.<\/p>\n<p>Museveni yiyemereye ko ku bw\u2019impanuka yahuye na Charlotte Mukankusi, umwe mu bavuga rikijyana muri RNC.<\/p>\n<p>Byavuzwe ko RNC yashakaga abambari bayo muri icyo gihugu, igamije kuzatera u Rwanda.<\/p>\n<p>Gen Muhoozi akomeje kugaragaza ubushake mu kongera kubanisha neza ibihugu byombi bimaze imyaka isaga itatu bibanye nabi. Kwikoma Kayumba ku karubanda bikaba byafatwa nk\u2019ikindi kimenyetso ko uyu mugabo akomeje umugambi we.<\/p>\n<p>Mu 2010 Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga y\u2019 u Rwanda, yasohoye itangazo ririmo ko Lt Gen. Kayumba Nyamwasa, wari Ambasaderi w\u2019u Rwanda mu gihugu cy\u2019u Buhinde, yahunze igihugu.<\/p>\n<p>Lt Gen. Kayumba Nyamwasa yabaye umwe mu basirikare bakuru mu ngabo z\u2019u Rwanda, yigeze no kuba umugaba mukuru wazo. Indi mirimo ikomeye y\u2019igihugu yashinzwe ni iyo guhagararira u Rwanda mu Buhinde, ari na yo yabarizwagamo kugeza magingo aya.<\/p>\n<p>Mu itangazo rya Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga harimo ko Nyamwasa atagihagarariye u Rwanda mu Buhinde cyangwa mu kindi gihugu icyo ari cyo cyose cyangwa se urwego urwo ari rwo rwose.<\/p>\n<p>Kuri ubu biravugwa ko Nyamwasa yaba aherereye mu gihugu cy\u2019u Bugande, Leta y\u2019u Rwanda ngo yaba yatangiye kureba uko hakoreshwa uburyo bujyanye n\u2019amategeko kugirango atabwe muri yombi agarurwe mu gihugu.<\/p>\n<p>Mbere yuko ahunga igihugu, inzego z\u2019ubutasi z\u2019u Rwanda zamukoragaho iperereza ku byaha bikomeye by\u2019ubugizi bwa nabi, nkuko iryo tangazo ryavugaga.<\/p>\n<p>Kuri ubu Kayumba Nyamwasa aba muri Afurika y\u2019Epfo aho bivugwa ko arindirwa umutekano bikomeye nyuma yo kurusimbuka inshuro zirenze imwe.<\/p>\n<p>Umwuka mubi yari yarateje hagati y&#8217;u Rwanda na Uganda usa n&#8217;uwatangiye kuyoyoka, nyuma y&#8217;inzinduko ebyiri Gen Muhoozi Kainerugaba yagiriye i Kigali mu minsi ishize. Ni ingendo zasize agiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame byari bigamije gushyira iherezo ku bibazo byashwanishije u Rwanda na Uganda birimo n&#8217;icya RNC <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye kwihanangiriza Kayumba Nyamwasa n&#8217;umutwe we wa RNC kuzibukira igihugu cye, bitihi se bakazahura n&#8217;ingaruka ziremereye. Gen Muhoozi yihanangirije Nyamwasa mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri uyu wa Gatandatu. Ati: &#8220;General Kayumba, nakuburiye bihagije. Uri gukina n&#8217;igihugu cyanjye kandi ingaruka zizaba mbi cyane kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-46296","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye kwihanangiriza Kayumba Nyamwasa n&#8217;umutwe we wa RNC kuzibukira igihugu cye, bitihi se bakazahura n&#8217;ingaruka ziremereye. Gen Muhoozi yihanangirije Nyamwasa mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri uyu wa Gatandatu. Ati: &#8220;General Kayumba, nakuburiye bihagije. Uri gukina n&#8217;igihugu cyanjye kandi ingaruka zizaba mbi cyane kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-04-02T09:08:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46296#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46296\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane\",\"datePublished\":\"2022-04-02T09:08:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46296\"},\"wordCount\":520,\"commentCount\":10,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46296#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46296\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46296\",\"name\":\"Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-04-02T09:08:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46296#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46296\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46296#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane - BWIZA","og_description":"Umugaba w&#8217;Ingabo za Uganda, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye kwihanangiriza Kayumba Nyamwasa n&#8217;umutwe we wa RNC kuzibukira igihugu cye, bitihi se bakazahura n&#8217;ingaruka ziremereye. Gen Muhoozi yihanangirije Nyamwasa mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri uyu wa Gatandatu. Ati: &#8220;General Kayumba, nakuburiye bihagije. Uri gukina n&#8217;igihugu cyanjye kandi ingaruka zizaba mbi cyane kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-04-02T09:08:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane","datePublished":"2022-04-02T09:08:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296"},"wordCount":520,"commentCount":10,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46296#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296","name":"Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-04-02T09:08:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46296"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46296#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gen Muhoozi yateguje Gen Kayumba Nyamwasa ingaruka mbi cyane"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46296","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=46296"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46296\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=46296"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=46296"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=46296"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}