{"id":4639,"date":"2017-01-24T09:43:11","date_gmt":"2017-01-24T09:43:11","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/24\/iby-urugendo-rwa-padiri-nahimana-thomas-bishobora-kuzarangira-aka-ya-nkoni-y\/"},"modified":"2025-02-12T17:09:52","modified_gmt":"2025-02-12T15:09:52","slug":"iby-urugendo-rwa-padiri-nahimana-thomas-bishobora-kuzarangira-aka-ya-nkoni-y","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639","title":{"rendered":"Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana"},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Mutarama 2017, nibwo Padiri Nahimana Thomas yari ategerejwe i Kigali ku nshuro ya kabiri ariko iby\u2019urugendo rwe byongeye kuyoyokera nzira.<br \/>\nMu Kinyarwanda hari umugani ugira uti: \u201cInkoni y\u2019umwana ishira dondidondi\u201d Iby\u2019uru rugendo rwa Nahimana narwo benshi bagiye barukurikirana batangiye kurugereranya nayo, ko amaherezo yarwo ruzarangirira mu magambo, n\u2019ayo matora avuga ko azazamo akiyamamaza ku mwanya wa Perezida akazakorwa we akiri nzira.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKu nshuro ya mbere hari ku wa 23 Ugushyingo 2016, Nahimana yageze muri Kenya ahera ku kibuga cy\u2019indege nyuma yo kubura ibyangombwa bimwemerera kwinjira ku butaka bw\u2019u Rwanda, yaraharaye ageze aho asubira i Burayi n\u2019ikipe bari kumwe.<br \/>\nNahimana yakomeje gushimangira ko ari Leta y\u2019u Rwanda yamubujije kwinjira mu Rwanda ariko Minisiteri ishinzwe abinjira n\u2019abasohoka igatangaza ko nta byangombwa byuzuye yari afite.<br \/>\nNahimana yakomeje gushimangira ko agomba kuza mu Rwanda agakina politiki atijwe umurindi nabo mu ishyaka abereye umuyobozi \u201cIshema\u201d anaboneraho gutangaza ko amavarisi ye n\u2019abo bari kumwe agifunze, ko we n\u2019ikipe ye bagomba kugera i Kigali ku wa 23 ariko si ko byagenze.<br \/>\nButera Yves, Umuyobozi ushinzwe itumanaho mu biro bishinzwe abinjira n&#8217;abasohoka, yatangaje ko Nahimana Thomas ahawe ikaze mu rwamubyaye nk\u2019abandi Banyarwanda bose ariko akongeraho ko Nahimana yatse Viza nk\u2019umuturage ufite ubwenegihugu bw\u2019u Bufaransa ndetse binagaragara ko bitari bizwi ko afite ubwenegihugu bubiri.<br \/>\nPasiporo yari afite y\u2019u Rwanda ko yari yarataye agaciro ikindi kandi ngo cyatumye Nahimana yangirwa kujya mu Rwanda ku nshuro ya kabiri ni uko yari afite pasiporo ya EAC y\u2019ubukerarugendo, ibi bibazo byose bikiri mu byangombwa bye ngo bikaba aribyo byatumye yangirwa.<br \/>\nUyu mupadiri wahisemo gukora politiki, yabwiye BBC Ishami ry\u2019Ikirundi n\u2019Ikinyarwanda ko yageze i Bruxelles mu Bubiligi akahasanga inyandiko zimubuza kuza mu Rwanda<br \/>\nUmunyamakuru wa BBC yamubajije niba yarafite impapuro zimwemerera kuza mu Rwanda amusubiza ko impapuro afite arizo n\u2019ubundi yari yaziyeho mu mpera z\u2019umwaka ushize ubwo yangirwaga kuza mu Rwanda ageze i Nairobi muri Kenya.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIzi mpapuro ni visa ya ba mukerarugendo bashaka gusura ibihugu byo mu karere ka Afurika y\u2019uburasirazuba na passport y\u2019u Rwanda ariko itagifite agaciro.<br \/>\nAbajijwe n\u2019umunyamakuru impamvu bangirwa kwinjira mu Rwanda yasubije agira ati: \u201cTwasomewe urupapuro ku kibuga cy\u2019indege bahawe n\u2019urwego rushinzwe abinjira n\u2019abasohoka ko yutemerewe kujyayo, nta mpamvu ihari, nta kirego baturega bashyiraho ibyangombwa byacu gusa ngo ntabwo bashaka ko tujya i Kigali,\u2026\u201d.<br \/>\nIby\u2019uru rugendo rwa Nahimana rukomeje kuba amayobera benshi mu Banyarwa bakomeje kurwibazaho by\u2019umwihariko na Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba yararwibajijeho.<br \/>\nPerezida Kagame yavuze ko adasobanukirwa impamvu Padiri Nahimana yabujijwe kwinjira mu Rwanda. Avuga ko atumva ko niba umuntu ashakwa n\u2019ubutabera, yabuzwa kwinjira mu gihugu bigendeye ku gukeka ko ashobora gukwirakwiza ingengabitekerezo ya Jenoside yigisha.<br \/>\nPerezida Kagame yongeyeho ko umuntu nka Nahimana Thomas cyangwa undi wese, adashobora guhungabanya u Rwanda.<br \/>\nYashimangiye ko nk\u2019Umunyarwanda, Nahimana atari akwiye kubuzwa kwinjira mu Rwanda nubwo yari afite pasiporo yo mu mahanga [ibi yabitangaje ubwo yangirwaga kwinjira ku nshuro ya mbere].<br \/>\nIbi perezida Kagame yabigarutseho ku wa 11 Ukuboza 2016, muri Biro Politiki ya FPR-Inkotanyi yari yakoranyirije hamwe abanyamuryango bagera ku bihumbi bibiri.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Mutarama 2017, nibwo Padiri Nahimana Thomas yari ategerejwe i Kigali ku nshuro ya kabiri ariko iby\u2019urugendo rwe byongeye kuyoyokera nzira. Mu Kinyarwanda hari umugani ugira uti: \u201cInkoni y\u2019umwana ishira dondidondi\u201d Iby\u2019uru rugendo rwa Nahimana narwo benshi bagiye barukurikirana batangiye kurugereranya nayo, ko amaherezo yarwo ruzarangirira mu magambo, n\u2019ayo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4639","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Mutarama 2017, nibwo Padiri Nahimana Thomas yari ategerejwe i Kigali ku nshuro ya kabiri ariko iby\u2019urugendo rwe byongeye kuyoyokera nzira. Mu Kinyarwanda hari umugani ugira uti: \u201cInkoni y\u2019umwana ishira dondidondi\u201d Iby\u2019uru rugendo rwa Nahimana narwo benshi bagiye barukurikirana batangiye kurugereranya nayo, ko amaherezo yarwo ruzarangirira mu magambo, n\u2019ayo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-24T09:43:11+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:09:52+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4639#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4639\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana\",\"datePublished\":\"2017-01-24T09:43:11+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4639\"},\"wordCount\":552,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4639#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4639\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4639\",\"name\":\"Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-24T09:43:11+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:52+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4639#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4639\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4639#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Mutarama 2017, nibwo Padiri Nahimana Thomas yari ategerejwe i Kigali ku nshuro ya kabiri ariko iby\u2019urugendo rwe byongeye kuyoyokera nzira. Mu Kinyarwanda hari umugani ugira uti: \u201cInkoni y\u2019umwana ishira dondidondi\u201d Iby\u2019uru rugendo rwa Nahimana narwo benshi bagiye barukurikirana batangiye kurugereranya nayo, ko amaherezo yarwo ruzarangirira mu magambo, n\u2019ayo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-24T09:43:11+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:09:52+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana","datePublished":"2017-01-24T09:43:11+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639"},"wordCount":552,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4639#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639","name":"Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-24T09:43:11+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:52+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4639"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4639#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Iby\u2019urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y\u2019umwana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4639","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4639"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4639\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4639"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4639"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4639"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}