{"id":4642,"date":"2017-01-24T12:40:47","date_gmt":"2017-01-24T12:40:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/24\/ese-abana-b-abaperezida-bajya-kwiga-hanze-byaba-ari-ukunenga-ireme-ry-uburezi\/"},"modified":"2025-02-12T17:09:48","modified_gmt":"2025-02-12T15:09:48","slug":"ese-abana-b-abaperezida-bajya-kwiga-hanze-byaba-ari-ukunenga-ireme-ry-uburezi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642","title":{"rendered":"Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo?"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Biragoye kumva cyangwa gusanga umwana wa Perezida runaka yiga mu gihugu se umubyara ayobora kabone nubwo icyo gihugu cyaba gifite iterambere rikomeye.<\/strong> <\/em><br \/>\nUretse n\u2019abakuru b\u2019ibihugu kandi, usanga n\u2019abandi banyepolitiki bakomeye bajyana abana babo kwiga mu mahanga ndetse n\u2019abo usanze biga mu gihugu kavukire usanga biga mu bigo byigenga.<br \/>\nAha umuntu yakwibaza niba aba bakuru b\u2019ibihugu baba banenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu gihugu bayobora ku buryo abana babo batakwigamo, kuba se abana babo baba bihariye ku buryo batakwigana n\u2019abandi bana basangiye igihugu n\u2019umuco ndetse no kuba ibigo byigenga aribyo bishobora kuba bigira ireme ry\u2019uburezi rikomeye kurusha ibigo bya leta.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNta kabuza iyo igihugu giteye imbere biba bigomba kugaragarira mu ngeri zose zirebana n\u2019iterambere ubariyemo n\u2019uburezi.<br \/>\nGusa iki kibazo kigaragara ahantu hose haba mu bihugu byateye imbere, ibikiri mu nzira y\u2019amajyambere ndetse n\u2019ibiri mu murongo w\u2019ubukene.<br \/>\nMu 1977, nibwo uwari Perezida w\u2019Amerika wa 39, Jimmy Carter yakuye umwana we w\u2019umukobwa, Amy w\u2019imyaka 9 y\u2019amavuko mu ishuri ryigenga muri Georgia, amujyana mu ishuri rya leta ryari Washington DC ndetse ryari ryiganjemo abirabura cyane.<br \/>\nUyu ni rumwe mu ngero z\u2019Abaperezida babashije gushyira abana babo mu mashuri ya leta ariko nawe akaba ari umwe mu bakunze kugarukwaho mu bitangazamakuru kuko abandi banyepolitiki bagenzi be atari ko babigenza.<br \/>\nUmuntu yakwibaza impamvu aba bana bajyanwa gushaka ubumenyi buruseho mu mahanga aho kugira ngo ababyeyi babo babuzane mu gihugu bityo n\u2019abandi nanyagihugu babuboneho.<br \/>\nAbakobwa ba Perezida Obama, Sasha na Malia Obama nabo ni bamwe mu bana bize mu bigo byigenga ndetse bakaba ari na bamwe mu bize mu bigo bihenze bitewe n\u2019umutekano wabo w\u2019aho bigaga mu gihugu cya Pennsylvania aho yishyuriraga buri umwe ibihumbi 40 by\u2019Amadolari ku mwaka.<br \/>\nUretse Perezida Obama, na Perezida Trump avugwaho kuba abana be bagera kuri 5 bose biga mu mashuri yigenga nawe akaba anabatangaho akayabo k\u2019amafaranga.<br \/>\nKimwe no ku mugabane wa Afurika, abana b\u2019abakuru b\u2019ibihugu ntabwo bakunze kwiga mu bihugu byabo yewe haba n\u2019aboherezwa ku yindi migabane.<br \/>\nIyo witegereje muri buri gihugu, usanga abantu bakomeye ari abize hanze kuko ariho baba baragiye kwiga ubumenyi buhambaye bityo ugasanga ari nayo mpamvu bohereza abana babo kwiga mu mahanga bigakomeza gutyo.<br \/>\nUmuperezida w\u2019umusirikare, yohereza abana be kwiga igisirikare mu mahanga kugira ngo azaze akomeye bityo akomeze kuba ku ruhembe  mu gihe bandi bakigiye mu gihugu nabo baguma kuri rwa rwego n\u2019ababakomokaho.<br \/>\nMuri 2013, umukobwa wa Perezida Mugabe muri Zimbabwe, Bona Mugabe yarangije amashuri muri Kaminuza ya Singapore.<br \/>\n<figure id=\"attachment_55194\" aria-describedby=\"caption-attachment-55194\" style=\"width: 768px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/mugabe-numukobwa-we.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-55194\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/mugabe-numukobwa-we.jpg\" alt=\"Perezida Mugabe n'umugore we mu birori byo gusoza amasomo kw'umukobwa wabo i Singapore\" width=\"768\" height=\"513\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-55194\" class=\"wp-caption-text\">Perezida Mugabe n&#8217;umugore we mu birori byo gusoza amasomo kw&#8217;umukobwa wabo i Singapore<\/figcaption><\/figure><br \/>\nIcyo kintu umuntu yakwita sisiteme yubatse gutyo, ngo gituma umwana ayigumamo, akayisobanukirwa ndetse akabasha no kumenya impinduka zayibayemo.<br \/>\nUbushakashatsi bwerekana ko mu bigo bya reta aba bana baba bashobora guhuriramo n\u2019ingorane cyangwa umutekano wabo ntugende neza bityo ikaba ariyo mpamvu boherezwa mu bigo byigenga cyangwa mu mahanga aho umutekano wabo uzacungwa neza kurushaho.<br \/>\nAriko na none wagaruka inyuma ugasanga aba baperezida baba bizeza abaturage babo ko umutekano ari ntamakemwa,ukibaza uti &#8220;ese uwo mutekano baba bavuga abana babo bo ntabwo uba wabageraho&#8221;, nabyo bikaba urujijo, uburezi buri mu gihugu bukaratwa ariko ugasanga ababo barabajyana za Misiri, Amerika, Ubwongereza,&#8230;<br \/>\nAbahanga mu bijyanye n\u2019uburezi bavuga ko kuri ubu uburezi bwamaze gusa n\u2019ibwinjira mu bya politiki cyane , aho na bwo butangwa hagendewe ku ngano y\u2019amafaranga yinjiye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nZahra Buhari, umukobwa wa Perezida Buhari muri Nigeria nawe aherutse gusoza amashuri ye ku kiko cya Surrey mu Bwongereza.<br \/>\n<figure id=\"attachment_55195\" aria-describedby=\"caption-attachment-55195\" style=\"width: 768px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Zahra-Buhari-.png\"><img decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-55195\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Zahra-Buhari-.png\" alt=\"Zahra Buhari\" width=\"768\" height=\"512\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-55195\" class=\"wp-caption-text\">Zahra Buhari<\/figcaption><\/figure><br \/>\nMu bihugu byinshi byo ku mugabane wa Afurika kimwe no mu bindi bikiri mu nzira y\u2019iterambere, hariho intego yo kugeza uburezi kuri bose kandi iyi gahunda ikaba atari iya vuba aha nubwo hamwe na hamwe yatinze kuhagera.<br \/>\nUrugero muri 2015, umukobwa wa Perezida Kenyatta, Ngina Kenyatta yasoje amasomo muri Koleji yitiriwe Smith ya Massachusettes muri Amerika, naho abavandimwe be basigaye nabo bakaba biga hanze.<br \/>\n<figure id=\"attachment_55193\" aria-describedby=\"caption-attachment-55193\" style=\"width: 768px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/ngina.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-55193\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/ngina.jpg\" alt=\"UMukobwa wa Perezida Kenyatta, Ngina Kenyatta\" width=\"768\" height=\"493\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-55193\" class=\"wp-caption-text\">Umukobwa wa Perezida Kenyatta, Ngina Kenyatta<\/figcaption><\/figure><br \/>\nUbu burezi kuri bose rero ngo usanga bufite aho bugarukira bityo ushaka ubusumbyeho akaba atagomba kububariza mu bigo bya leta n\u2019ibindi biterwa inkunga nayo, ahubwo ubu bumenyi bugaragara mu bigo byigenga bibasha guha akazi ababifitiye ububasha ariko na bo bagaca agatubutse kugira ngo bigishe abana ibigezweho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMuri Afurika usanga n\u2019iyo umwana wa Perezida agerageje kwiga muri ya mashuri yigenga mu gihugu cye, kaminuza n\u2019andi y\u2019umugereka ayiga mu mahanga, abenshi babajyana mu mashuli ya gisirikare.<br \/>\nMuri 2006, umukobwa wa Jacob Zuma muri Afurika y&#8217;Epfo, Thuthukile Zuma yasoje amashuri muri Westerford<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/download.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-55196\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/download.png\" alt=\"download\" width=\"768\" height=\"432\" \/><\/a><br \/>\nUbutaha tuzabagezaho bamwe mu bayobozi bo mu Rwanda bajyana abana babo kwiga mu mahanga kandi mu Rwanda havugwa ireme ry&#8217;uburezi.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Biragoye kumva cyangwa gusanga umwana wa Perezida runaka yiga mu gihugu se umubyara ayobora kabone nubwo icyo gihugu cyaba gifite iterambere rikomeye. Uretse n\u2019abakuru b\u2019ibihugu kandi, usanga n\u2019abandi banyepolitiki bakomeye bajyana abana babo kwiga mu mahanga ndetse n\u2019abo usanze biga mu gihugu kavukire usanga biga mu bigo byigenga. Aha umuntu yakwibaza niba aba bakuru b\u2019ibihugu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4642","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Biragoye kumva cyangwa gusanga umwana wa Perezida runaka yiga mu gihugu se umubyara ayobora kabone nubwo icyo gihugu cyaba gifite iterambere rikomeye. Uretse n\u2019abakuru b\u2019ibihugu kandi, usanga n\u2019abandi banyepolitiki bakomeye bajyana abana babo kwiga mu mahanga ndetse n\u2019abo usanze biga mu gihugu kavukire usanga biga mu bigo byigenga. Aha umuntu yakwibaza niba aba bakuru b\u2019ibihugu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-24T12:40:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:09:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/mugabe-numukobwa-we.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo?\",\"datePublished\":\"2017-01-24T12:40:47+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:48+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642\"},\"wordCount\":825,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/mugabe-numukobwa-we.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642\",\"name\":\"Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/mugabe-numukobwa-we.jpg\",\"datePublished\":\"2017-01-24T12:40:47+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:48+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/mugabe-numukobwa-we.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/mugabe-numukobwa-we.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4642#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo? - BWIZA","og_description":"Biragoye kumva cyangwa gusanga umwana wa Perezida runaka yiga mu gihugu se umubyara ayobora kabone nubwo icyo gihugu cyaba gifite iterambere rikomeye. Uretse n\u2019abakuru b\u2019ibihugu kandi, usanga n\u2019abandi banyepolitiki bakomeye bajyana abana babo kwiga mu mahanga ndetse n\u2019abo usanze biga mu gihugu kavukire usanga biga mu bigo byigenga. Aha umuntu yakwibaza niba aba bakuru b\u2019ibihugu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-24T12:40:47+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:09:48+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/mugabe-numukobwa-we.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo?","datePublished":"2017-01-24T12:40:47+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:48+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642"},"wordCount":825,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/mugabe-numukobwa-we.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4642#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642","name":"Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/mugabe-numukobwa-we.jpg","datePublished":"2017-01-24T12:40:47+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:48+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4642"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/mugabe-numukobwa-we.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/mugabe-numukobwa-we.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4642#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese abana b\u2019Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry\u2019uburezi ryo mu bihugu byabo?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4642","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4642"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4642\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4642"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4642"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4642"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}