{"id":46486,"date":"2022-04-07T11:52:31","date_gmt":"2022-04-07T11:52:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/04\/07\/asobanura-uko-padiri-ubald-yishyuriye-abana-be-amashuri-kandi-yaricishije\/"},"modified":"2022-04-07T11:52:31","modified_gmt":"2022-04-07T11:52:31","slug":"asobanura-uko-padiri-ubald-yishyuriye-abana-be-amashuri-kandi-yaricishije","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486","title":{"rendered":"Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we"},"content":{"rendered":"<p><strong>Sinzabakwira Straton wabaye Burugumesitiri w\u2019iyahoze ari Komini Karengera muri Perefegitura ya Cyangugu (ubu ni mu murenge wa Karengera, akarere ka Nyamasheke mu ntara y\u2019Uburengerazuba), asobanura uko Padiri Ubald Rugirangoga yishyuriye abana be amashuri, kandi yaragize uruhare mu rupfu rwa nyina muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/strong><\/p>\n<p>Sinzabakwira mu kiganiro yagiranye na Ukwezi TV muri Werurwe 2021, avuga ko mu gihe cya jenoside, Abatutsi bahungiye ku biro bya Komini Karengera yari ayoboye barimo nyina wa Padiri Ubald, yemereye Interahamwe kubica.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cKubera ko nari umuyobozi wa Komini Karengera, ndi umwe rero mu bantu bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi muri iyo Komini, bityo bituma bamwe mu muryango wa Padiri Ubald bari bahungiye ku biro by\u2019iyo Komini bahagwa, harimo by\u2019umwihariko na Mama we umubyara.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko nk\u2019uwari Burugumesitiri, tariki ya 25 Gicurasi 2005 yafashe umwanzuro wo kwemera icyaha, akavuga ukuri ku byabaye, akanasaba imbabazi, mu bo yazisabye bakaba barimo Padiri Ubald ubwo bahuriraga mu ikusanyamakuru ry\u2019urukiko Gacaca i Nyamasheke.<\/p>\n<p>Ati: \u201cNi bwo nagize umwanya wo kumusaba imbabazi, arazimpa, ari njye ari we dufata amagambo, twereka abari aho agaciro ko gusaba imbabazi ku ruhande rwanjye no gutanga imbabazi ku ruhande rwe. <\/p>\n<p>Ni amateka akomeye cyane kuko na nyuma y\u2019aho yanaranzwe no kunkorera ibikorwa by\u2019impuhwe, yiyemeza (kubera ko nari ndi mu buroko) kandi umudamu wanjye yari amaze iminsi yitabye Imana, abwira abari aho ati \u2018Uyu nguyu n\u2019ubwo yankoreye icyaha, mbere namubonaga nk\u2019umwicanyi ariko kuva yiyambuye iyo sura, abaye umuvandimwe, ni yo mpamvu niyemeje nanjye kumurerera.\u2019 Afata umwanzuro rero wo gufata abana banjye, arabarera, abishyurira amashuri.\u201d<\/p>\n<p>Sinzabakwira avuga ko mu bana be Padiri Ubald yishyuriye amashuri, umwe w\u2019umuhungu &#8216;ayarangiza&#8217; mu bijyanye n\u2019ubwubatsi, undi w\u2019umukobwa mu 2021 akaba yararangije icyiciro cy\u2019ikirenga (Doctorat) mu masomo y\u2019ubuvuzi.<\/p>\n<p>Yahamwe n\u2019ibyaha bya jenoside, akatirwa igifungo cy\u2019imyaka 20 yatangiye mu 1997. Naho Padiri Ubald wishwe n\u2019ingaruka za Covid-19 muri Mutarama 2021, yamenyekanye cyane muri gahunda y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge hagati y\u2019abakoze jenoside n\u2019abayikorewe, yatangirije iwabo muri Paruwasi gatolika ya Mushaka igakwira hose, yatumye agirwa Umurinzi w\u2019Igihango mu 2015.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Sinzabakwira Straton wabaye Burugumesitiri w\u2019iyahoze ari Komini Karengera muri Perefegitura ya Cyangugu (ubu ni mu murenge wa Karengera, akarere ka Nyamasheke mu ntara y\u2019Uburengerazuba), asobanura uko Padiri Ubald Rugirangoga yishyuriye abana be amashuri, kandi yaragize uruhare mu rupfu rwa nyina muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Sinzabakwira mu kiganiro yagiranye na Ukwezi TV muri Werurwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-46486","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Sinzabakwira Straton wabaye Burugumesitiri w\u2019iyahoze ari Komini Karengera muri Perefegitura ya Cyangugu (ubu ni mu murenge wa Karengera, akarere ka Nyamasheke mu ntara y\u2019Uburengerazuba), asobanura uko Padiri Ubald Rugirangoga yishyuriye abana be amashuri, kandi yaragize uruhare mu rupfu rwa nyina muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Sinzabakwira mu kiganiro yagiranye na Ukwezi TV muri Werurwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-04-07T11:52:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46486#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46486\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we\",\"datePublished\":\"2022-04-07T11:52:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46486\"},\"wordCount\":353,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46486#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46486\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46486\",\"name\":\"Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-04-07T11:52:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46486#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46486\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46486#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we - BWIZA","og_description":"Sinzabakwira Straton wabaye Burugumesitiri w\u2019iyahoze ari Komini Karengera muri Perefegitura ya Cyangugu (ubu ni mu murenge wa Karengera, akarere ka Nyamasheke mu ntara y\u2019Uburengerazuba), asobanura uko Padiri Ubald Rugirangoga yishyuriye abana be amashuri, kandi yaragize uruhare mu rupfu rwa nyina muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Sinzabakwira mu kiganiro yagiranye na Ukwezi TV muri Werurwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-04-07T11:52:31+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we","datePublished":"2022-04-07T11:52:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486"},"wordCount":353,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46486#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486","name":"Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-04-07T11:52:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46486"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46486#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Asobanura uko Padiri Ubald yishyuriye abana be amashuri, kandi yaricishije umubyeyi we"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46486","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=46486"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46486\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=46486"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=46486"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=46486"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}