{"id":46490,"date":"2022-04-07T14:14:31","date_gmt":"2022-04-07T14:14:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/04\/07\/perezida-kagame-yavuze-ko-byari-korohera-inkotanyi-guhorera-abatutsi-ariko\/"},"modified":"2022-04-07T14:14:31","modified_gmt":"2022-04-07T14:14:31","slug":"perezida-kagame-yavuze-ko-byari-korohera-inkotanyi-guhorera-abatutsi-ariko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490","title":{"rendered":"Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko byari korohera ingabo za RPA zari zishamikiye ku ishyaka RPF Inkotanyi guhorera Abatutsi bicwaga muri jenoside, ariko zahisemo inzira y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge aho kubikora.<\/strong><\/p>\n<p>Umukuru w\u2019Igihugu yabivugiye mu ijambo ritangiza icyumweru cyo kunamira abazize jenoside yakorewe Abatutsi n\u2019iminsi 100 yo kubibuka ku nshuro ya 28, kuri uyu wa 7 Mata 2022.<\/p>\n<p>Ashingiye ku buhamya bwatanzwe na Sibomana Jean N\u00e9pomusc\u00e8ne bw\u2019ukuntu Abatutsi bahigwaga amanywa n\u2019ijoro muri Gatsibo, Perezida Kagame yagize ati: \u201cNgaho nimutekereze, twebwe twari dufite intwaro, iyo twiyemeza gushakisha abo bicaga abantu bacu nta kuvangura maze natwe tukabica. Mbere ya byose, twari kuba turi mu kuri ariko ntabwo twabikoze, twarabaretse. Bamwe muri bo baracyariho, iwabo mu ngo, mu midugudu, abandi bari muri Leta, bari gukora ubucuruzi.&#8221;<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019Igihugu yavuze ko ariko ibi byose hari ibihugu bikomeye bibyirenganzira bigashinja Leta y&#8217;u Rwanda amakosa arimo kutubahiriza uburenganzira bw&#8217;ikiremwamuntu. Yagize ati: &#8220;Reka mbabwire, turi igihugu gito ariko turi kinini mu butabera. Bimwe muri ibyo bihugu binini kandi bikomeye byo ni bito mu butabera.&#8221;<\/p>\n<p>Yasobanuye ko ibi bihugu &#8216;bito mu butabera&#8217; nta masomo bifite yo gutanga kubera ko byagize uruhare mu mateka yatumye abantu barenga miliyoni imwe babura ubuzima. Ati: &#8220;Nta masomo bifite yo kwigisha kubera ko byagize uruhare muri aya mateka yatumye abantu bacu barenga miliyoni babura ubuzima. Ni bo babiteye. Abanyarwanda bishe bagenzi babo ariko amateka y&#8217;ibyo akomoka aho twese tuzi, akomoka iyo.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko ibi bihugu byavugaga ko Abanyarwanda barimo kwicana aho kwemera ko Abatutsi barimo kwicwa. Gusa ngo si ukuri kuko iyo biza kuba ari ko bimeze, Inkotanyi zari kuba zihorera. Ati: &#8220;Kuri bo twese turi bamwe. Ntabwo turi bamwe ni yo mpamvu tutigeze twica indi miliyoni kuri miliyoni y&#8217;abishwe n&#8217;aba banyabyaha. Bamwe muri byo baracyarinzwe n&#8217;ibi bihugu biba bishaka gutanga amasomo ku butabera.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje yibaza uburyo u Rwanda rwakuye mu Itegekonshinga igihano cy&#8217;urupfu cyagombaga no gukatirwa bamwe mu bakoze jenoside, rwanengwa n&#8217;ibi bihugu kandi byo bikigifite mu mategeko. Ati: &#8220;Ibaze ku bantu bashidikanya ku butabera bwacu. Kandi dufite u Rwanda mu Itegekonshinga ryacu, mu mategeko yacu, kuba rwarakuyeho igihano cy&#8217;urupfu. Bimwe muri ibi bihugu bikomeye biracyanyonga abantu! Cyangwa bikabakubitisha umuriro w&#8217;amashanyarazi.&#8221;<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yavuze ko u Rwanda ruzakomeza kwiyubaka, kandi nta muntu cyangwa igihugu ruzemerera ko birushyiraho igitutu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko byari korohera ingabo za RPA zari zishamikiye ku ishyaka RPF Inkotanyi guhorera Abatutsi bicwaga muri jenoside, ariko zahisemo inzira y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge aho kubikora. Umukuru w\u2019Igihugu yabivugiye mu ijambo ritangiza icyumweru cyo kunamira abazize jenoside yakorewe Abatutsi n\u2019iminsi 100 yo kubibuka ku nshuro ya 28, kuri uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,131],"class_list":["post-46490","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko byari korohera ingabo za RPA zari zishamikiye ku ishyaka RPF Inkotanyi guhorera Abatutsi bicwaga muri jenoside, ariko zahisemo inzira y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge aho kubikora. Umukuru w\u2019Igihugu yabivugiye mu ijambo ritangiza icyumweru cyo kunamira abazize jenoside yakorewe Abatutsi n\u2019iminsi 100 yo kubibuka ku nshuro ya 28, kuri uyu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-04-07T14:14:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46490#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46490\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora\",\"datePublished\":\"2022-04-07T14:14:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46490\"},\"wordCount\":398,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46490#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46490\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46490\",\"name\":\"Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-04-07T14:14:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46490#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46490\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46490#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora - BWIZA","og_description":"Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko byari korohera ingabo za RPA zari zishamikiye ku ishyaka RPF Inkotanyi guhorera Abatutsi bicwaga muri jenoside, ariko zahisemo inzira y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge aho kubikora. Umukuru w\u2019Igihugu yabivugiye mu ijambo ritangiza icyumweru cyo kunamira abazize jenoside yakorewe Abatutsi n\u2019iminsi 100 yo kubibuka ku nshuro ya 28, kuri uyu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-04-07T14:14:31+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora","datePublished":"2022-04-07T14:14:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490"},"wordCount":398,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46490#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490","name":"Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-04-07T14:14:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46490"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46490#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yavuze ko byari korohera Inkotanyi guhorera Abatutsi, ariko zihitamo kutabikora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46490","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=46490"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46490\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=46490"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=46490"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=46490"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}