{"id":4654,"date":"2017-01-25T08:08:51","date_gmt":"2017-01-25T08:08:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/25\/muhanga-inzu-zubakiwe-abarimu-batazikeneye-zigiye-gushyirwamo-abandi-bakozi\/"},"modified":"2025-02-12T17:09:41","modified_gmt":"2025-02-12T15:09:41","slug":"muhanga-inzu-zubakiwe-abarimu-batazikeneye-zigiye-gushyirwamo-abandi-bakozi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654","title":{"rendered":"Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi"},"content":{"rendered":"<p>Hirya no hino mu karere ka Muhanga, hagaragara ibikorwa remezo bitangira kwangirika bitaragira icyo bimarira abaturage. Ibyo ni imihanda, ikusanyirizo ry\u2019amata rya Gahogo, ndetse n\u2019inzu 12 zubakiwe abarimu zikaba zitangiye gusenyuka zitaraturwamo. Ibi ngibi byaba biterwa n\u2019uko bijya kubakwa batabanje kubaza abaturage ngo babigiremo uruhare. Ubuyobozi buravuga ko aho amacumbi y\u2019abarimu arimo ubusa bugiye gushyiramo abandi bakozi ba Leta.<br \/>\nNsengiyumva Vincent, utuye mu murenge wa Kiyumba, mu karere ka Muhanga,  avuga ko inzu  zubakiwe abarimu, zizwi nk\u2019icumbi rya Mwalimu nta bantu bazibamo. Aganira na Paxpress, atanga urugero rw\u2019iyo mu murenge wabo itarigeze igira umuntu uyibamo n\u2019umunsi n&#8217;umwe, kandi ari inzu nziza, yubatswe neza. Ubu ngo  yamezweho n\u2019ikigunda, ndetse ngo yatangiye gusenyuka. Mu yindi mirenge baturanye, ngo n\u2019izatashywe nta yibamo abarimu barenza babiri.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nBamwe mu bayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri n\u2019abarimu batashatse kugaragazwa mu itangazamakuru, bavuga ko izi nzu babonye ziza. Uyu muyobozi ati \u201ciby\u2019iriya nzu bizwi na gitifu w\u2019umurenge, nabonye baza barubaka, na kiriya kibanza ni Umurenge wagitanze\u201d. Uyu muyobozi avuga ko iyo agishwa inama yari gutanga umubare w\u2019abarimu bakeneye amacumbi, n\u2019aho yumva yakubakwa.<br \/>\nMu karere ka Muhanga, hubatswemo izo nzu 12 ariko ngo kugeza ubu abarimu ntibazigiyemo, kandi aribo zubakiwe. Ngo byaba byaratewe nuko aho yubatswe ari kure y\u2019ibikorwaremezo, nk\u2019amashanyarazi ndetse n\u2019imihanda, ku buryo bigoranye kuyatahamo.<br \/>\nUmuyobozi w\u2019akarere ka Muhanga, Uwamariya B\u00e9atrice avuga ko ibi bikorwa remezo bitazabahombera abaturage burundu. Ku ikusanyirizo ry\u2019amata rya Nyamabuye ryubatswe mu 2009, ngo kuba ritarakora si uburangare. Ngo ahubwo hari ibyuma bikoreshwamo byaburaga, ubu bakaba barabibonye ndetse akavuga ko mu minsi mike rizaba ryatangiye kubyazwa umusaruro.<br \/>\nNaho ku macumbi y\u2019abarimu ataritabiriwe n\u2019abayubakiwe, ndetse akaba yaranatangiye kwangirika, avuga ko bari bayubakiye abarimu bo mu burezi bw\u2019ibanze bw\u2019imyaka icyenda na cumi n\u2019ibiri. Ibi ngo byari mu rwego rwo kubagabanyiriza urugendo, ariko byaje kugaragara ko bayubakiwe batayakeneye. Uyu muyobozi atangaza ko izi nyubako zigiye kubyazwa umusaruro, zigahabwa abandi bakozi ba Leta, batuye kure y\u2019imiryango yabo bakazibamo, ntizikomeze kwangirika.<br \/>\nAha ni ho abaturage bahera basaba ko bajya bagira uruhare mu bibakorerwa, naho ubuyobozi bw\u2019aka karere nabwo bukabizeza ko bitazongera kubaho. Ngo ubu bazajya bashingira ku byo abaturage bifuza gukorerwa,bityo bakazarushaho no kubibungabunga.<br \/>\nInzu ya mwarimu ni inyubako zisa, zisakaje amabati y\u2019ubururu zubatswe mu mirenge hafi ya yose y\u2019u Rwanda kuva mu 2013. Muri buri murenge harimo iyi nzu, hari n\u2019ahari ebyiri, nubwo mu mijyi hari imirenge itazifite. Ni inzu ifite agaciro ka miliyoni 45, ikaba ifite ibyumba 8 n\u2019inganiriro ebyiri. Yubakiwe abarimu 4 b\u2019abagabo na 4 b\u2019abagore bose b\u2019ingaragu(batabana n\u2019imiryango).<br \/>\nKutabamo abantu si umwihariko wa Muhanga, kuko hari n\u2019aho zubatswe ahatari amashuri zibura abajyamo. Gusa ibyo Muhanga igiye gukora nabyo siyo ibibanje, kuko hari aho usanga zirimo abakozi ba SACCO cyangwa DASSO. Ariko hari n\u2019aho usanga zararengewe n\u2019ibigunda koko, akenshi kubera ko zubatse kure, abarimu bakaba bafite aho bataha hafi, cyangwa n\u2019umuyobozi w\u2019ikigo yarazimanye ngo ashaka ko zijyamo ingaragu gusa zidahari.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Karegeya Jean Baptiste\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hirya no hino mu karere ka Muhanga, hagaragara ibikorwa remezo bitangira kwangirika bitaragira icyo bimarira abaturage. Ibyo ni imihanda, ikusanyirizo ry\u2019amata rya Gahogo, ndetse n\u2019inzu 12 zubakiwe abarimu zikaba zitangiye gusenyuka zitaraturwamo. Ibi ngibi byaba biterwa n\u2019uko bijya kubakwa batabanje kubaza abaturage ngo babigiremo uruhare. Ubuyobozi buravuga ko aho amacumbi y\u2019abarimu arimo ubusa bugiye gushyiramo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4654","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hirya no hino mu karere ka Muhanga, hagaragara ibikorwa remezo bitangira kwangirika bitaragira icyo bimarira abaturage. Ibyo ni imihanda, ikusanyirizo ry\u2019amata rya Gahogo, ndetse n\u2019inzu 12 zubakiwe abarimu zikaba zitangiye gusenyuka zitaraturwamo. Ibi ngibi byaba biterwa n\u2019uko bijya kubakwa batabanje kubaza abaturage ngo babigiremo uruhare. Ubuyobozi buravuga ko aho amacumbi y\u2019abarimu arimo ubusa bugiye gushyiramo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-25T08:08:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:09:41+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4654#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4654\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi\",\"datePublished\":\"2017-01-25T08:08:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4654\"},\"wordCount\":533,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4654#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4654\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4654\",\"name\":\"Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-25T08:08:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4654#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4654\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4654#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi - BWIZA","og_description":"Hirya no hino mu karere ka Muhanga, hagaragara ibikorwa remezo bitangira kwangirika bitaragira icyo bimarira abaturage. Ibyo ni imihanda, ikusanyirizo ry\u2019amata rya Gahogo, ndetse n\u2019inzu 12 zubakiwe abarimu zikaba zitangiye gusenyuka zitaraturwamo. Ibi ngibi byaba biterwa n\u2019uko bijya kubakwa batabanje kubaza abaturage ngo babigiremo uruhare. Ubuyobozi buravuga ko aho amacumbi y\u2019abarimu arimo ubusa bugiye gushyiramo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-25T08:08:51+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:09:41+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi","datePublished":"2017-01-25T08:08:51+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654"},"wordCount":533,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4654#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654","name":"Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-25T08:08:51+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4654"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4654#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4654","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4654"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4654\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4654"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4654"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4654"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}