{"id":4658,"date":"2017-01-25T09:30:54","date_gmt":"2017-01-25T09:30:54","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/25\/umukoresha-uzajya-wirukana-umukozi-atitaye-ku-mategeko-azajya-yirengera\/"},"modified":"2025-02-12T17:09:38","modified_gmt":"2025-02-12T15:09:38","slug":"umukoresha-uzajya-wirukana-umukozi-atitaye-ku-mategeko-azajya-yirengera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658","title":{"rendered":"Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA"},"content":{"rendered":"<p>Umukoresha uwo ari we wese uzirukana umukozi mu buryo budakurikije amategeko bigashora leta mu gihombo,uwo mukoresha ni we uzajya yirengera akanishyura ibyo bihombo ku giti cye aho kwishyurwa na leta nk\u2019uko byatangajwe na minisiteri y\u2019umurimo kuri uyu wa kabiri.<\/p>\n<p>Minisiteri w\u2019umurimo, Judith UWIZEYE  yakomoje kuri ibi ubwo yatumizwaga na komisiyo y\u2019imibereho myiza mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w\u2019abadepite ngo atange ibisobanuro ku bibazo byaragajwe muri raporo ya komisiyo y\u2019abakozi ba leta ya 2015-2016.<\/p>\n<p>Mu bibazo byagaragajwe muri raporo ya Komisiyo y\u2019abakozi ba leta harimo n\u2019ibirebana n\u2019abakoresha muri leta ngo birukana uko biboneye abakozi nta gukurikiza ingingo n\u2019imwe y\u2019amategeko, bigatuma leta ishorwa mu gihombo cy\u2019amafaranga abarirwa mu mamiliyari kuko iregwa n\u2019abo bakozi birukwanywe igatsindwa mu nkiko igasabwa kwishyura.<\/p>\n<p>Iyi raporo ikaba inavuga ko kuva mu 2012 kugeza mu mpera za 2015, Guverinoma y\u2019u Rwanda yatsinzwe imanza yashowemo ku kigero cya 75%.<\/p>\n<p>Ibirego 154 byatanzwe kuva mu 2012 nk\u2019uko raporo ivuga, birega ibigo bya leta 51 byiganjemo uturere na za minisiteri, aho abakozi 254 batanze ibirego ahantu hatandukanye kandi bikarangira batsinze.<\/p>\n<p>Iki cyatumye bamwe mu badepite bagize komisyo y\u2019imibereho myiza mu nteko ishinga amategeko babaza minisitiri w\u2019abakozi ba leta n\u2019umurimo igikorerwa abakoresha birukana abakozi uko biboneye .<\/p>\n<p>Minisitiri Judith Uwizeye avuga ko kuri ubu umukoresha uzajya ufata icyemezo cyo kwirukana umukozi bikagaragara ko yabikoze mu buryo budakurikije amategeko,agomba kwirengera inkurikizi.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Abadepite bagize komisiyo y\u2019imibereho myiza mu nteko ishinga amategeko bagaragarije minisitiri w\u2019abakozi ba leta n\u2019umurimo igisa no kugenda gahoro mu guhana abakoresha badakurikiza amategeko mu gufata ibyemezo bishora leta mu gihombo dore ko abamaze guhanwa batarenze 3 gusa kandi urutonde ruri muri raporo y\u2019abakozi ba leta ari rurerure.Minisiteri y\u2019abakozi ba leta ivuga ko irimo gukorana bya hafi n\u2019iyubutabera kugira abatarahanwa nabo bahanwe.<\/p>\n<p>Minisitiri Uwizeye yabwiye abagize inteko ishinga amategeko ko ubufatanye n\u2019izindi nzego bwafashije guverinoma kumenya bamwe mu bayobozi bagomba kuzakurikiranwa bakabazwa amakosa bakoze mu bijyanye no gucunga ibya leta.<\/p>\n<p>Nubwo minisitiri w\u2019ubutabera nawe wari watumijwe yavuze ko nubwo guverinoma itarabona imibare ya nyayo y\u2019umubare w\u2019amafaranga yabuze muri izi manza, abantu bagera ku 152 bamaze gusabwa kwikemurira ikibazo cyo kuba baratsinzwe mu rukiko.<\/p>\n<p> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukoresha uwo ari we wese uzirukana umukozi mu buryo budakurikije amategeko bigashora leta mu gihombo,uwo mukoresha ni we uzajya yirengera akanishyura ibyo bihombo ku giti cye aho kwishyurwa na leta nk\u2019uko byatangajwe na minisiteri y\u2019umurimo kuri uyu wa kabiri. Minisiteri w\u2019umurimo, Judith UWIZEYE yakomoje kuri ibi ubwo yatumizwaga na komisiyo y\u2019imibereho myiza mu Nteko Ishinga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4658","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukoresha uwo ari we wese uzirukana umukozi mu buryo budakurikije amategeko bigashora leta mu gihombo,uwo mukoresha ni we uzajya yirengera akanishyura ibyo bihombo ku giti cye aho kwishyurwa na leta nk\u2019uko byatangajwe na minisiteri y\u2019umurimo kuri uyu wa kabiri. Minisiteri w\u2019umurimo, Judith UWIZEYE yakomoje kuri ibi ubwo yatumizwaga na komisiyo y\u2019imibereho myiza mu Nteko Ishinga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-25T09:30:54+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:09:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4658#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4658\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA\",\"datePublished\":\"2017-01-25T09:30:54+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4658\"},\"wordCount\":394,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4658#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4658\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4658\",\"name\":\"Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-25T09:30:54+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4658#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4658\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4658#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA - BWIZA","og_description":"Umukoresha uwo ari we wese uzirukana umukozi mu buryo budakurikije amategeko bigashora leta mu gihombo,uwo mukoresha ni we uzajya yirengera akanishyura ibyo bihombo ku giti cye aho kwishyurwa na leta nk\u2019uko byatangajwe na minisiteri y\u2019umurimo kuri uyu wa kabiri. Minisiteri w\u2019umurimo, Judith UWIZEYE yakomoje kuri ibi ubwo yatumizwaga na komisiyo y\u2019imibereho myiza mu Nteko Ishinga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-25T09:30:54+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:09:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA","datePublished":"2017-01-25T09:30:54+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658"},"wordCount":394,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4658#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658","name":"Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-25T09:30:54+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4658"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4658#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka \u2014 MIFOTRA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4658","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4658"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4658\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4658"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4658"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4658"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}