{"id":4662,"date":"2017-01-25T12:01:47","date_gmt":"2017-01-25T12:01:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/25\/ibintu-10-bituma-imbonerakure-zigereranwa-n-interahamwe-zo-ku-bwa-perezida\/"},"modified":"2025-02-12T17:09:36","modified_gmt":"2025-02-12T15:09:36","slug":"ibintu-10-bituma-imbonerakure-zigereranwa-n-interahamwe-zo-ku-bwa-perezida","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662","title":{"rendered":"Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana"},"content":{"rendered":"<p>Interahamwe zari iz\u2019ishyaka MRND, bijandikaga mu bikorwa bya politiki byategurwaga na Leta yari iriho icyo gihe ari nabyo byaje guherekezwa na jenoside yakorewe Abatutsi.<br \/>\nUko imyaka yagiye yicuma, izi Nterahamwe za Perezida Habyarimana nizo zaje gukoreshwa cyane muri Jenoside yakorewe Abatutsi kubera ko ibyo zatozwaga byarimo n\u2019imyitozo isa n\u2019iya gisirikare, byose babibapakiraga mu mutwe babanje kubigisha urwango.<br \/>\nIby\u2019izi Nterahamwe, abakurikirana amateka y\u2019ibibera mu Burundi hari ibyo baheraho bazigereranya n\u2019Imbonerakure zishyigikiwe na Leta y\u2019u Burundi, bimwe muri byo ni:<br \/>\n <strong>1.Itoneshwa:<\/strong>  Habyarimana yari Perezida w\u2019u Rwanda by\u2019umwihariko akaba n\u2019umusirikare wari warashyize imbere abasirikare bo mu bwoko bwe ndetse banakomokaga aho nawe yavukaga (Gisenyi na Ruhengeri), ibi rero ntaho bitaniye n\u2019ibyo Nkurunziza w\u2019u Burundi ubu ashinjwa byo guhohotera abasirikare (EX FAB) bahoze ari aba Leta mbere ya 2005, ahubwo Imbonerakure zigahabwa intebe mbere y\u2019aba jenerali n\u2019abandi bayobozi bakomeye.<br \/>\nAbicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Willy Nyamitwe, umuvugizi wa Perezida Nkurunziza, yagaragaje Imbonerakure yigambye ko iri mu itsinda ry\u2019abanyapolitiki boherejwe na Leta y\u2019u Burundi mu nama ya HRC33 i Geneve mu Busuwisi.<br \/>\nIti: \u201cNejeje no kuvuga nk\u2019Imbonerakure hano i Geneve , turi ejo hazaza h\u2019ishyaka CNDD FDD\u201d byavuzwe n\u2019Imbonerakure yitwa Munezero Dorian.<br \/>\n2 <strong>.Kwica n\u2019irindi hohoterwa rikorerwa ikiremwamuntu<\/strong> : Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi n\u2019indi mpuzamahanga, yagiye isohora ibyegeranyo bigaragaza ko Imbonerakure muri iyi myaka ibiri ishize 2015-2017 zakajije umurego zica abatavuga rumwe na Leta ya Nkurunziza.<br \/>\n<figure id=\"attachment_55298\" aria-describedby=\"caption-attachment-55298\" style=\"width: 520px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Interahamwe.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-55298 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Interahamwe.jpg\" alt=\"interahamwe\" width=\"520\" height=\"327\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-55298\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Interahamwe zatozaga ibya gisirikar<\/em> <\/strong> e<\/figcaption><\/figure><br \/>\nIbi rero bigasa cyane n\u2019ibyo Interahamwe zagiye zishinjwa, haba gufata abagore ku ngufu, kwica, gusahura,\u2026 zagiye zikorera abitwaga ibyitso by\u2019Inkotanyi.<br \/>\n <strong>3.Imyitozo: <\/strong> Interahamwe zatozwaga imyitozo ya gisirikare ndetse bamwe bakanahabwa intwaro, ibi rero ntaho bitaniye nibyo Leta y\u2019u Burundi yagiye ishinjwa kuva 2014, ko Imbonerakure zahabwaga imbunda zinategurwa gisirikare kugirango zizahangane n\u2019abazarwanya manda ya 3 ya Nkurunziza, ibicwaga bose kuva Mata 2015 bikaba byaravugwaga ko ari Imbonerakure zirimo kubica.<br \/>\n<figure id=\"attachment_55297\" aria-describedby=\"caption-attachment-55297\" style=\"width: 600px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/imbon2.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-55297 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/imbon2.jpg\" alt=\"imbon2\" width=\"600\" height=\"491\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-55297\" class=\"wp-caption-text\">Imbonerakure mu myiyereko zambaye imyenda ya CNDD FDD<\/figcaption><\/figure><br \/>\nByanatangajwe kandi ko hari Imbonerakure zahawe imyenda ya polisi n\u2019igisirikare, ari zo zirirwaga zirasa abaturage birirwaga mu mihanda bigaragambya bamagana Perezida kuri iyi manda ye ya 3 ayoboye.<br \/>\n <strong>4.Amagambo yuzuye urwango:<\/strong>  Mu minsi ishize nibwo Imbonerakure zari mu myitozo isa n\u2019iya gisirikare zikora mu gatondo na nimugoroba, zigambaga zitera ubwoba Abarundi bahungiye mu Rwanda ko naho zizabasangayo zikabamesa (zikabica), ibi ugasanga ntaho bitaniye n\u2019imbwirwaruhame za bamwe mu bayobozi b\u2019Interahamwe bavugaga mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zaba zikubiyemo urwango.<br \/>\n <strong>5.Imyambaro:<\/strong>  Interahamwe zambaraga utugofero n\u2019ibitenge ndetse ziririmba indirimbo z\u2019ishyaka, mu ntoki zifite impiri \u201cNtampongano y\u2019umwanzi\u201d ibi ntaho bitaniye n\u2019amafoto y\u2019Imbonerakure anyanyagizwa ku mbuga nkoranyambaga, zambaye imyanda ya CNDD FDD, zikiruka imihanda zifite ibibaho bibajije nk\u2019imbunda.<br \/>\n<figure id=\"attachment_55296\" aria-describedby=\"caption-attachment-55296\" style=\"width: 639px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/imbo.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-55296\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/imbo.jpg\" alt=\"imbo\" width=\"639\" height=\"398\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-55296\" class=\"wp-caption-text\"><em>Imbonerakure mu myitozo<\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\n <strong>6.Ubwoko<\/strong> : Interahamwe zabaga ari mu bwoko bumwe  bw\u2019Abahutu, Leta ya Habyarimana ikabatiza umurindi ibategura mu mutwe, ibangisha Abatutsi, bamwe bari baranahejejwe hanze y\u2019igihugu ari nabyo byaje guherekezwa na jenoside yakorewe Abatutsi, abasaga miliyoni bahasiga ubuzima.<br \/>\n<figure id=\"attachment_55299\" aria-describedby=\"caption-attachment-55299\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/interas.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-55299 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/interas.jpg\" alt=\"interas\" width=\"640\" height=\"399\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-55299\" class=\"wp-caption-text\">Interahamwe<\/figcaption><\/figure><br \/>\nImbonerakure nazo n\u2019iz\u2019ishyaka CNDD FDD nazo zikaba ziganjemo ubwoko bw\u2019Abahutu, bafashe ubutegetsi bavuye mu ishyamba, abahunze igihugu ubu izi Mbonerakure zikaba zibafata nk\u2019abakomeza guteza umuvumo igihugu cyabo, aho kubahumuriza ngo batahe ahubwo bakurikizwa amagambo yo kubakura imitima babasezeranya no kubasanga aho bari bakabica.<br \/>\n <strong>7.Umuco wo kudahana:<\/strong>  Kuba Imbonerakure hari ibyo zishinjwa birimo ubwicanyi, aho guhanwa cyangwa ngo hagire igindurwa ahubwo Leta ikazishyigikira, amagambo yuzuye urwango zifata zigakubita ku mbuga nkoranyambaga, aho gukurikiranwa ahubwo ugasanga Leta ikingira ikibaba, ivuga ko ibyo zishinjwa ari ukuzibeshyera, bigereranwa n\u2019ibyo Interahamwe zakoraga Leta ya Habyarimana izishyigikiye.<br \/>\n <strong>8.jenoside: <\/strong> Ushingiye ku byo bamwe mu Barundi bivugira ubwabo ko ubwicanyi bukorerwa mu Burundi buca amarenga ya jenoside, iyi mvugo yanashimangiwe n\u2019imiryango mpuzamahanga n\u2019akanama ka Loni gashinze uburenganzira bwa muntu ariko Leta y\u2019u Burundi igahakana ko nta bwicanyi ibona.<br \/>\nIbi bikorwa mu Burundi bikagereranwa n\u2019ibyakorwaga mu Rwanda mbere y\u20191994, izi Nterahamwe zigishwa kwica, zikaba zaratangiye kubishyira mu bikorwa ubwo indege Habyarimana na Perezida w\u2019u Burundi Cyprien Ntaryamira,\u2026 barimo ihanuwe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>9.Nkurunziza,Habyarimana:<\/strong>  Habyarimana yari Perezida w\u2019u Rwanda akanaba mu ishyaka MRND ari naryo Interahamwe zabarizwagamo, Perezida Nkurunziza ni Perezida w\u2019u Burundi akanaba mu ishyaka CNDD FDD, Imbonerakure zibarizwamo gusa ubwicanyi zishinjwa ntabwo yari yumvikana mu mbwirwaruhame ze  abikomozaho ngo abe yabigaya cyangwa ngo abyemeze, naho Habyarimana we wari warahawe n\u2019izina rya \u201cKinani\u201d byarangijwe n\u2019itariki ya 6 Mata 1994.<br \/>\n <strong>1o.Kutareba kure:<\/strong>  Benshi mu basesenguzi mu bya politiki bavuga ko ibyabaye mu Rwanda byakagombye kuba isomo ku mahanga by\u2019umwihariko ku Burundi ruzi byose, jenoside yabaye bareba ndetse na bamwe mu baturage babwo bakayigiramo uruhare.<br \/>\nIbi rero nibyo benshi baheraho bavuga ko ingaruka y\u2019ibyo Interahamwe zakoraga ndetse ubu bamwe muri zo bakaba basaziye mu mashyamba ya Congo kubera ibyo basize bakoze mu Rwanda, byakabaye isomo rifatika ku Mbonerakure, zikareba kure.<br \/>\nIyo Interahamwe ziza kureba kure ntiziba zaremeye gutamikwa indyo y\u2019imvangamvange ikubiyemo urwango n\u2019amacakubiri, ari nabyo byaje guhekura u Rwanda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <em> <strong>Nsengiyumva Philipe\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Interahamwe zari iz\u2019ishyaka MRND, bijandikaga mu bikorwa bya politiki byategurwaga na Leta yari iriho icyo gihe ari nabyo byaje guherekezwa na jenoside yakorewe Abatutsi. Uko imyaka yagiye yicuma, izi Nterahamwe za Perezida Habyarimana nizo zaje gukoreshwa cyane muri Jenoside yakorewe Abatutsi kubera ko ibyo zatozwaga byarimo n\u2019imyitozo isa n\u2019iya gisirikare, byose babibapakiraga mu mutwe babanje [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4662","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Interahamwe zari iz\u2019ishyaka MRND, bijandikaga mu bikorwa bya politiki byategurwaga na Leta yari iriho icyo gihe ari nabyo byaje guherekezwa na jenoside yakorewe Abatutsi. Uko imyaka yagiye yicuma, izi Nterahamwe za Perezida Habyarimana nizo zaje gukoreshwa cyane muri Jenoside yakorewe Abatutsi kubera ko ibyo zatozwaga byarimo n\u2019imyitozo isa n\u2019iya gisirikare, byose babibapakiraga mu mutwe babanje [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-25T12:01:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:09:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Interahamwe.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana\",\"datePublished\":\"2017-01-25T12:01:47+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662\"},\"wordCount\":874,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/Interahamwe.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662\",\"name\":\"Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/Interahamwe.jpg\",\"datePublished\":\"2017-01-25T12:01:47+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/Interahamwe.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/01\\\/Interahamwe.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4662#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana - BWIZA","og_description":"Interahamwe zari iz\u2019ishyaka MRND, bijandikaga mu bikorwa bya politiki byategurwaga na Leta yari iriho icyo gihe ari nabyo byaje guherekezwa na jenoside yakorewe Abatutsi. Uko imyaka yagiye yicuma, izi Nterahamwe za Perezida Habyarimana nizo zaje gukoreshwa cyane muri Jenoside yakorewe Abatutsi kubera ko ibyo zatozwaga byarimo n\u2019imyitozo isa n\u2019iya gisirikare, byose babibapakiraga mu mutwe babanje [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-25T12:01:47+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:09:36+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Interahamwe.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana","datePublished":"2017-01-25T12:01:47+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662"},"wordCount":874,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Interahamwe.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4662#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662","name":"Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Interahamwe.jpg","datePublished":"2017-01-25T12:01:47+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4662"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Interahamwe.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/01\/Interahamwe.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4662#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n\u2019Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4662","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4662"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4662\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4662"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4662"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4662"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}