{"id":4668,"date":"2017-01-25T16:51:23","date_gmt":"2017-01-25T16:51:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/25\/dore-ibyambayeho-nyuma-yo-gukunda-umuhungu-ariko-nkamuhisha-ko-mukunda\/"},"modified":"2025-07-01T19:54:10","modified_gmt":"2025-07-01T17:54:10","slug":"dore-ibyambayeho-nyuma-yo-gukunda-umuhungu-ariko-nkamuhisha-ko-mukunda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668","title":{"rendered":"Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Nitwa Akeza M. Louise. Navukiye mu muryango w\u2019abana 5 nkaba na ri umwe mu bakobwa 3 twavukanye n\u2019abahungu 2 gusa.<\/strong> <\/em><br \/>\nNdangije kaminuza nabonye akazi muri imwe muri banki zikorera mu mujyi wa Kigali, ariko bitewe n\u2019uko nize mu bigo byo mu ntara nkaba ari naho navukiye nari ntaramenyera ubuzima bwo mu mujyi.<\/p>\n<p>Aho nacumbitse mu murenge wa isozi bwa mbere naje kumenyana n\u2019umusore wajyaga ancaho buri gitondo nawe agiye ku kazi mu mujyi ariko tukaba twaranaturukaga mu gace kamwe. Bitewe n\u2019uko twahuraga kenshi ari kuri moto y\u2019akazi nanjye ndi ku cyapa ntegereje imodoka injyana mu mujyi.<br \/>\nUmunsi umwe ari mu gitondo yanshiyeho arahagarara arambaza ati ko mpora nkubona ukorera he, nanjye naramubwiye ndetse nawe turibwirana ariko uko kumenyana sinabiha umwanya muri njye kuko nari naravuye mu cyaro nje gukorera ibiceri.<br \/>\nUmusore ntibyatinze duhana nimero za telephone ndetse akenshi akajya ashaka no kundinda ngo dutahane ariko njye rimwe na rimwe nkikerereza ngo agende kuko numvaga ntamwiyumvamo.<\/p>\n<p>Mu mezi agera kuri 5 byagaragaraga ko uyu musore asa nunyitayeho cyane atriko njye simbyiteho kuko muri ayo mezi yose yaba yampaye lifuti cyangwa atayimpaye buri joro yampaga ubutumwa bugufi bunyifuriza ijoro ryiza ndetse n\u2019utundi tugambo twiza ubona k oar utwo kunkurura ariko ibyo simbyiteho yewe sinigera nanamusubiza na rimwe muri ubwo butumwa bwose yanyohererezaga.<\/p>\n<p>Hashize amezi 8 yose nareba muri telephone yanjye ngasangamo ubutumwa bw\u2019uwo musore gusa ariko nkabusiba ubundi singire icyo mbukoraho.<br \/>\nMuri ayo mezi 8 yose asa nunyitaho ariko ntabizi kuko ntari mwitayeho, ijoro rimwe nagiye kuryama ntegereza bwa butumwa nk\u2019uko namenyereye sinabubona nkeka ko yivumbuye cyangwa ko yabonye ntacyo aakorera akaba yanyihoreye.<\/p>\n<p>Mu by\u2019ukuri iryo joro sinasinziriye kuko nari mbuze ubutumwa buto nari naramenyereye. Kuva iryo joro nibwo namenye ko ubutumwa bugufi bufite umumaro ndetse binyereka ko umuntu ashobora kukwitaho nta bintu byinshi yavuze kuko iryo joro ryambereye rirerire kuko ntasinziriye nk\u2019uko byari bisanzwe nubwo mbere ntabyitagaho.<\/p>\n<p>Bukeye bwaho narabyutse nitegura akazi uko bisanzwe ariko ngeze ku irembo nkubitana na wa musore ahetse undi mukobwa ntiyandeba n\u2019irihumye ubwo bwo icyakurikiyeho nuko nahise nitura hasi njya muri koma kuko naketse ko yanshumbushije undi kuko njye ntamwitagaho.<\/p>\n<p>Uko abantu banyitayeho n\u2019uko nageze kwa muganga simbyibuka ariko icyo nzi nuko uwo musore ku munsi wakurikiyeho yaje kundeba aho nabaga kuko nari narahamweretse namubona nkagarura ibyishimo akambwira ko ari mubyara we nari nababonanye wari waraye iwabo yari abanje kugeza aho akorera bityo anambwira ko yankunze akimbona nanjye nareba ngasanga bishoboka.<br \/>\nKugeza ubu, Alan ni inshuti yanjye idashobora kugira uyisimbura mu mutima wanjye.<\/p>\n<p> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nitwa Akeza M. Louise. Navukiye mu muryango w\u2019abana 5 nkaba na ri umwe mu bakobwa 3 twavukanye n\u2019abahungu 2 gusa. Ndangije kaminuza nabonye akazi muri imwe muri banki zikorera mu mujyi wa Kigali, ariko bitewe n\u2019uko nize mu bigo byo mu ntara nkaba ari naho navukiye nari ntaramenyera ubuzima bwo mu mujyi. Aho nacumbitse mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-4668","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nitwa Akeza M. Louise. Navukiye mu muryango w\u2019abana 5 nkaba na ri umwe mu bakobwa 3 twavukanye n\u2019abahungu 2 gusa. Ndangije kaminuza nabonye akazi muri imwe muri banki zikorera mu mujyi wa Kigali, ariko bitewe n\u2019uko nize mu bigo byo mu ntara nkaba ari naho navukiye nari ntaramenyera ubuzima bwo mu mujyi. Aho nacumbitse mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-25T16:51:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:54:10+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4668#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4668\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda\",\"datePublished\":\"2017-01-25T16:51:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:54:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4668\"},\"wordCount\":426,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4668#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4668\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4668\",\"name\":\"Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-25T16:51:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:54:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4668#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4668\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4668#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda - BWIZA","og_description":"Nitwa Akeza M. Louise. Navukiye mu muryango w\u2019abana 5 nkaba na ri umwe mu bakobwa 3 twavukanye n\u2019abahungu 2 gusa. Ndangije kaminuza nabonye akazi muri imwe muri banki zikorera mu mujyi wa Kigali, ariko bitewe n\u2019uko nize mu bigo byo mu ntara nkaba ari naho navukiye nari ntaramenyera ubuzima bwo mu mujyi. Aho nacumbitse mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-25T16:51:23+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:54:10+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda","datePublished":"2017-01-25T16:51:23+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:54:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668"},"wordCount":426,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4668#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668","name":"Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-25T16:51:23+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:54:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4668"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4668#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4668","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4668"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4668\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4668"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4668"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4668"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}