{"id":46718,"date":"2022-04-14T14:39:50","date_gmt":"2022-04-14T14:39:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/04\/14\/kwibuka28-uko-ntakaveve-yiyiciye-umugore-we-utwite-amukubise-ishoka-ndetse\/"},"modified":"2022-04-14T14:39:50","modified_gmt":"2022-04-14T14:39:50","slug":"kwibuka28-uko-ntakaveve-yiyiciye-umugore-we-utwite-amukubise-ishoka-ndetse","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718","title":{"rendered":"Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe"},"content":{"rendered":"<p><strong>Bamwe mu bafite ababyeyi bishe abo bashakanye babaziza ko bari Abatutsi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuga ko bafite intimba n\u2019agahinda ko kumva ko umugabo cyangwa umugore yakwica uwo bashakanye cyangwa babyaye amuziza ko ari umututsi.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Mu murenge wa Mutete w\u2019Akarere ka Gicumbi, umugabo witwa Ntakaveve Athanase, afungiwe burundu icyaha cyo gukora Jenoside yakorewe Abatutsi, aho mu bo yishe harimo n\u2019umugore we wari utwite amukubise agashoka.<\/p>\n<p>Yasize kandi abana 2 bari barabyaranye, aha hiyongeraho n\u2019uko yishe abantu 4 bo kwa se bukwe barimo na Nyirabukwe .<\/p>\n<p>Abana yasize barimo uwitwa Ingabire Patience wamaze kubaka urugo na musaza we, Iraguha Thierry kuri ubu basigaye bacumbitse mu Mujyi wa Kigali.<\/p>\n<p>Se ubabyara ntiyigeze ababwira ukuri kuri aya makuru yo kwica nyina, amuziza ko ari umututsi kugeza n\u2019ubu.<\/p>\n<p>Nyamara baramusuraga muri gereza akaruca akarumira, kugeza ubwo bayahawe n\u2019abandi baturanyi.<\/p>\n<p>Ingabire Patience yagize ati &#8220;Twabyirutse tuba kwa sogokuru ubyara mama, uko tugenda dukura sogokuru akatubwira ngo dore hariya ni kwa so dore bene wanyu, uko iminsi igenda ishira nkagenda mbaza imiryango nti ese mama bimeze gute, bamwe bakambwira ngo mama yarapfuye, nkumva ngo papa arafunze nabaza icyo yazize bati yazize mama, naramusuye akanyakirana ubwuzu cyane nkamubaza ikimubesheje aho kuko numvaga bitanshimishije akabica ku ruhande, akambwira ngo ahari kubwo bamubeshyera ngo yishe mama namubaza icyabimuteye akambwira ngo siko byagenze ahubwo ngo bateye urugo rwe yagiye.&#8221;<\/p>\n<p>Ingabire Patience na Musaza we bari mu gihirahiro kuko n\u2019imitungo nyina yasize babuze irengero ryayo, kuko aho bari batuye hamaze kugurishwa.<\/p>\n<p>Nyamara aho se afungiye muri gereza yabahaye urwandiko asaba abahagarariye umuryango we kubagabanya imitungo ye, icyo bifuza ni uko yavugisha kuri ku bwicanyi yakoze.<\/p>\n<p>Kayombya Medardi ni Se Bukwe wa Ntakaveve wihekuye, avuga ko mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi, uyu mukwe we akimara kwica umugore we nabo yahise abahukamo abica urw\u2019agashinyaguro harokoka uyu musaza gusa.<\/p>\n<p>&#8220;Amukubita agashoka afite inda, ubwo yamaze kumwica aragenda ashaka mushiki wanjye ariwe mu gore wa Rwaburindi aramwica, urumva yishe umugore we yica na nyirasenge, arangije yica na mubyara wa data, ubu nyirasenge niwe twataburuye, ikindi ukuntu ari na mubi yanze kunyereka aho umwana wanjye bamushyinguye, Ntakaveve ibyo yakoze mu muco nyarwanda ntibibaho.&#8221;<\/p>\n<p>Bamwe mu barokotse Jenoside barimo n\u2019abasangiraga akabisi n\u2019agahiye n\u2019uyu Athanase bavuga ko akimara kwica umugore we utwite, yahise yereka abicanyi bari kumwe ko nta mututsi ugomba gusigara n\u2019abari barashakanye n\u2019abatutsi barabatanga baricwa, kuko ngo bari babonye urugero rwiza.<\/p>\n<p>Muri uyu Murenge wa Mutete, Abagizweho ingaruka n&#8217;amateka mabi ya jenoside bashyize imbere ubumwe n&#8217;ubwiyunge no gukora bakiteza imbere.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Mutete, Deogratias Mwanafunzi, yatangarije RBA  ko &#8220;Bashyize imbaraga mu kurwanya no gukumira ingengabiteketrezo ya jenoside, amacakubiri no kubiba urwango kandi  abarokotse Jenoside bagafashwa muri gahunda z&#8217; isanamitima.&#8221;<\/p>\n<p>Umurenge wa Mutete urimo urwibutso rwa Jenoside rushyinguyemo imibiri isaga 1000, biteganijwe ko ari rwo rwibutso ruzagurwa rugahurizwamo izindi nzibutso zo mu karere ka Gicumbi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu bafite ababyeyi bishe abo bashakanye babaziza ko bari Abatutsi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuga ko bafite intimba n\u2019agahinda ko kumva ko umugabo cyangwa umugore yakwica uwo bashakanye cyangwa babyaye amuziza ko ari umututsi. Mu murenge wa Mutete w\u2019Akarere ka Gicumbi, umugabo witwa Ntakaveve Athanase, afungiwe burundu icyaha cyo gukora Jenoside yakorewe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-46718","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu bafite ababyeyi bishe abo bashakanye babaziza ko bari Abatutsi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuga ko bafite intimba n\u2019agahinda ko kumva ko umugabo cyangwa umugore yakwica uwo bashakanye cyangwa babyaye amuziza ko ari umututsi. Mu murenge wa Mutete w\u2019Akarere ka Gicumbi, umugabo witwa Ntakaveve Athanase, afungiwe burundu icyaha cyo gukora Jenoside yakorewe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-04-14T14:39:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46718#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46718\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe\",\"datePublished\":\"2022-04-14T14:39:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46718\"},\"wordCount\":488,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46718#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46718\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46718\",\"name\":\"Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-04-14T14:39:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46718#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46718\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46718#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe - BWIZA","og_description":"Bamwe mu bafite ababyeyi bishe abo bashakanye babaziza ko bari Abatutsi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuga ko bafite intimba n\u2019agahinda ko kumva ko umugabo cyangwa umugore yakwica uwo bashakanye cyangwa babyaye amuziza ko ari umututsi. Mu murenge wa Mutete w\u2019Akarere ka Gicumbi, umugabo witwa Ntakaveve Athanase, afungiwe burundu icyaha cyo gukora Jenoside yakorewe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-04-14T14:39:50+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe","datePublished":"2022-04-14T14:39:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718"},"wordCount":488,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46718#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718","name":"Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-04-14T14:39:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46718"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46718#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kwibuka28: Uko Ntakaveve yiyiciye umugore we utwite amukubise ishoka ndetse akica na nyirabukwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46718","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=46718"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46718\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=46718"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=46718"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=46718"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}