{"id":46721,"date":"2022-04-14T10:29:31","date_gmt":"2022-04-14T10:29:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/04\/14\/gen-kabarebe-yavuze-ko-perezida-kagame-ari-we-wenyine-wabujije-inkotanyi\/"},"modified":"2022-04-14T10:29:31","modified_gmt":"2022-04-14T10:29:31","slug":"gen-kabarebe-yavuze-ko-perezida-kagame-ari-we-wenyine-wabujije-inkotanyi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721","title":{"rendered":"Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by\u2019umutekano, General James Kabarebe, yavuze ko Umukuru w\u2019Igihugu wari umuyobozi mukuru w\u2019umutwe w\u2019ingabo wa RPF Inkotanyi (RPA) ari we wenyine wabujije abasirikare bawo kudahorera Abatutsi bishwe muri jenoside.<\/strong><\/p>\n<p>Yabivugiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 abazize jenoside yakorewe Abatutsi cyitabiriwe n\u2019abakozi mu rwego rw\u2019imisoro n\u2019amahoro (RRA), komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora (NEC) n\u2019abo mu biro by\u2019Umugenzuzi Mukuru w\u2019imari ya Leta (OAG) cyabaye ku wa 12 Mata 2022.<\/p>\n<p>Uyu musirikare wari umushyitsi mukuru muri iki gikorwa cyabereye mu cyumba cy\u2019inama cy\u2019urwego rw\u2019imisoro n\u2019amahoro, yasobanuriye abitabiriye byinshi ku rugamba rwa RPA rwo guhagarika jenoside.<\/p>\n<p>Ashingiye ku buhamya bwatanzwe n&#8217;uwitwa Albert, Gen. Kabarebe yagize ati: \u201cNi umuntu umwe gusa watumye u Rwanda rumera uku nguku, uko rumeze. Ni umuntu umwe gusa wanze bya bindi Albert yavugaga ati \u2018icyo numvaga kwari ugukora uburyo nakwihorera, nkamara abatwiciye.\u201d<\/p>\n<p>Gen. Kabarebe yatanze ubuhamya bwo mu rugamba rwo guhagarika jenoside, ubwo umunyamakuru w&#8217;umuzungu yasangaga Paul Kagame aho yaganiraga n\u2019itsinda ry&#8217;abasirikare ba RPA, maze amusaba uburenganzira bwo kubabaza ababa bariciwe muri jenoside.<\/p>\n<p>Ati: \u201cUwo muzungu arababaza ati \u2018Ni bande muri mwebwe biciwe, basanze iwabo barabishe?\u2019 Ngira ngo ni bibiri bya gatatu cyangwa barenze kimwe cya kabiri, bose bamanika amaboko. Ahindukira abaza His Excellence ati \u2018Ese ibi bintu ubishobora ute? Ushobora ute kuyobora aba bantu bameze gutya, biciwe gutya, ukabayobora mu guhagarika jenoside, bakabishobora, bagakomeza, badakoze amahano?\u201d<\/p>\n<p>Uyu musirikare yavuze ko Perezida Kagame yasubije uyu muzungu ko ibyo guhana abakoze ibyaha bireba urwego rw\u2019ubutabera. Ati: \u201cNiba nibuka neza, yaramusubije ati \u2018Ibintu byo guhana uwakoze ibyaha tubona ari uruhare rw\u2019ubutabera, ntabwo ari urwa buri muntu kwihorera.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje ati: \u201cAriko uwashoboraga kubikora, uwashoboraga guhagarara imbere y\u2019imitwe y\u2019ingabo yose ya RPA, ukayihera mu burasirazuba ukayigeze mu burengerazuba akayibwira ngo \u2018ibyo turwanira ni ukubaka igihugu, ni uguhindura amateka y\u2019iki gihugu, ntitugomba gukora ibyo abo turwanya bakora, hagomba kubaho itandukaniro\u2019, agatanga order (ibwiriza) kugeza n\u2019abo ngabo bose babonye ibyo imiryango yabo yakorewe bose bajya mu murongo umwe, nta muntu n\u2019umwe washoboraga gutanga iyo order ngo yumvikane atari umuntu umwe. Ni ibintu bidashoboka.\u201d<\/p>\n<p>Gen. Kabarebe yavuze ko n\u2019ubwo we na bagenzi be bari abayobozi muri RPA, bo batashoboraga gutanga iri bwiriza ngo abasirikare bari bayoboye baryumve. Ati: \u201cKo twese hari aho wageraga ugasanga ubaye nka ba bana batoya badatekereza kujya kurya ariko ukibuka cya gitsure, ya order yatanzwe. Order abantu bubahaga nk\u2019abubaha ijambo ry\u2019Imana ku bantu basenga. Icyo ni cyo cyunamuye, ni cyo cyakijije iki gihugu, nta kindi.\u201d<\/p>\n<p>Amahitamo yo kutihorera Perezida Kagame aherutse kuyavugaho ubwo yatangizaga icyumweru cyo kunamira n\u2019iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 28 abazize jenoside yakorewe Abatutsi, tariki ya 7 Mata 2022.<\/p>\n<p>Soma inkuru irambuye hano https:\/\/www.bwiza.com\/?Perezida-Kagame-yavuze-ko-byari-korohera-Inkotanyi-guhorera-Abatutsi-ariko<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by\u2019umutekano, General James Kabarebe, yavuze ko Umukuru w\u2019Igihugu wari umuyobozi mukuru w\u2019umutwe w\u2019ingabo wa RPF Inkotanyi (RPA) ari we wenyine wabujije abasirikare bawo kudahorera Abatutsi bishwe muri jenoside. Yabivugiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 abazize jenoside yakorewe Abatutsi cyitabiriwe n\u2019abakozi mu rwego rw\u2019imisoro n\u2019amahoro (RRA), [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,131],"class_list":["post-46721","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by\u2019umutekano, General James Kabarebe, yavuze ko Umukuru w\u2019Igihugu wari umuyobozi mukuru w\u2019umutwe w\u2019ingabo wa RPF Inkotanyi (RPA) ari we wenyine wabujije abasirikare bawo kudahorera Abatutsi bishwe muri jenoside. Yabivugiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 abazize jenoside yakorewe Abatutsi cyitabiriwe n\u2019abakozi mu rwego rw\u2019imisoro n\u2019amahoro (RRA), [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-04-14T10:29:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46721#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46721\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside\",\"datePublished\":\"2022-04-14T10:29:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46721\"},\"wordCount\":476,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46721#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46721\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46721\",\"name\":\"Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-04-14T10:29:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46721#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46721\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46721#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside - BWIZA","og_description":"Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by\u2019umutekano, General James Kabarebe, yavuze ko Umukuru w\u2019Igihugu wari umuyobozi mukuru w\u2019umutwe w\u2019ingabo wa RPF Inkotanyi (RPA) ari we wenyine wabujije abasirikare bawo kudahorera Abatutsi bishwe muri jenoside. Yabivugiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 abazize jenoside yakorewe Abatutsi cyitabiriwe n\u2019abakozi mu rwego rw\u2019imisoro n\u2019amahoro (RRA), [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-04-14T10:29:31+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside","datePublished":"2022-04-14T10:29:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721"},"wordCount":476,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46721#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721","name":"Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-04-14T10:29:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46721"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46721#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gen. Kabarebe yavuze ko Perezida Kagame ari we wenyine wabujije Inkotanyi guhorera abishwe muri jenoside"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46721","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=46721"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46721\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=46721"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=46721"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=46721"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}