{"id":4685,"date":"2017-01-26T13:32:15","date_gmt":"2017-01-26T13:32:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/26\/gen-kayumba-yunze-mu-ry-abayobozi-b-u-rwanda-ati-ikibazo-cy-u-burundi\/"},"modified":"2025-02-12T17:09:22","modified_gmt":"2025-02-12T15:09:22","slug":"gen-kayumba-yunze-mu-ry-abayobozi-b-u-rwanda-ati-ikibazo-cy-u-burundi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685","title":{"rendered":"Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe ikibazo cy\u2019u Burundi kikiri ihurizo mu ruhando mpuzamahanga bamwe mu bayobozi barimo n\u2019ab\u2019u Rwanda bashimangira ko ikibazo cyabo kizakemurwa nabo ubwabo by\u2019umwihariko na Gen Kayumba ubu urwanya leta y\u2019u Rwanda yahoze akorera yunze muri iri jambo.<\/em> <\/strong><br \/>\nMu kiganiro yagiranye n\u2019Ijwi rya Amerika, Gen Kayumba Nyamwasa yabajijwe byinshi ku Rwanda ndetse anabazwa icyo yaba atekerezo ku mpunzi z\u2019Abarundi ziri mu Rwanda n\u2019ahandi n\u2019uburyo zishobora gutahamo.<br \/>\nKayumba yabajijwe igihe impunzi zishobora gufata intwaro zikarwana mu gihe zishaka gutaha mu gihugu zikomokamo, yasubije avuga ko bishoboka cyane ko impunzi zataha urusasu ruvuga mu gihe izindi nzira z\u2019amahoro zanze.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAti: \u201cZishobora gutaha binyuze mu nzira y\u2019imishyikirano, igihe ari amaleta wenda yumvikana kandi ubutegetsi bw\u2019impunzi bwahungiyemo bwumva neza ko buri munyagihugu afite uburenganzira, ariko igihe ibyo binaniranye, kenshi na kenshi impunzi zishobora gufata imbunda kugirango zisubire mu gihugu cyabo\u201d.<br \/>\nUbwo umunyamakuru wa VOA mu Kinyarwanda n\u2019Ikirundi yatangaga umurongo wa telefone abari bakurikiye ikiganiro bahamagaraho bakagira ibyo babaza cyangwa bagatanga ibitekerezo, uwitwa Ikibasumba Blaise yohereje ubutumwa bugira buti: \u201cEse Gen Kayumba Nyamwasa we abona ikibazo cyakemuka gite, binyuze mu zihe nziza, ni iyihe nama yagira Abarundi\u201d?<br \/>\nMu kumusubiza Kayumba yagize ati: \u201cNjyewe ntabwo naba nzi umuti w\u2019ikibazo cy\u2019u Burundi, kwaba ari ugutandukira cyane, njyewe icyo ntekereza ndibwira ko icya mbere ari uko Abarundi bakomeza bakicara bakaganira, kuko ibibazo byo birahari, ntawahakana ko mu Burundi hatabaye ibibazo kuva 2015, ibibazo birahari kandi mpamya ko n\u2019abarundi batabihakana(\u2026)\u201d.<br \/>\nMu gihe Leta y\u2019u Burundi yagiye igaragaza ko ibibazo ifite ahanini ari u Rwanda rubiri inyuma, iki nacyo cyagarutsweho muri iki kiganiro, batanga umurongo abari bakurikiye ikiganiro bagitangaho ibitekerezo.<br \/>\nUwitwa Christiane, umurundikazi uri mu Burundi yagize ati: \u201cNjye ntabwo nemera ko u Rwanda rutoza izo mpunzi, njye ndibaza ko ibyo bavuga ko impunzi ziri mu Rwanda bariko bariga ibintu kugirango baze batere u Burundi, ndibaza ahubwo barababajwe (Leta y\u2019u Burundi) nuko babahaye indaro bataciye babirukana\u201d.<br \/>\nUndi nawe witwa Lionel yagize ati: \u201cnjye ndi mu Rwanda, ndibaza ko bashakaga ko tujya mu bihugu bidafite umutekano nko mu Buganda na Tanzania, aho bazajya badusanga bakaza kudutwara, Imbonerakure zirava i Bujumbura zikajya i Kampala kwica impunzi, njyewe ntabwo mbyemera ko u Rwanda rutoza impunzi, abo baba bafashe ni Imbonerakure zifatwa zikabeshya ko zivuye mu Rwanda\u201d.<br \/>\n <strong>Abarundi nibo ubwabo bagomba kwikemurira ibibazo byabo:<\/strong><br \/>\nMu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na Francois Soudan, umuyobozi w\u2019ikinyamakuru Jeune Afrique, mu byo baganiriye bagarutse ku kibazo cy\u2019u Burundi, Perezida Kagame yibukije aho ikibazo cyaturutse, aho Nkurunziza yafashe icyemezo cyo kwiyamamaza atabyumvikanyeho na bagenzi be basangiye urugamba.<br \/>\nPerezida Kagame yaboneyeho kwibutsa ko ibibazo by\u2019u Burundi byatewe n\u2019Abarundi ubwabo ko aribo bagomba kubishakira ibisubizo, yongeyeho ko no kutamenya aho ibibazo biva cyangwa kutabyemera aricyo kibazo gikuru.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu kiganiro Minisitiri Louise Mushikiwabo yagiranye n\u2019Abasenateri, abagaragariza uko u Rwanda rubanye n\u2019amahanga, avuga ko ibibazo akarere gafite muri iki gihe biterwa n\u2019amateka arimo ay\u2019ubukoloni kuko agikomeza kugira ingaruka zayo, n\u2019inyungu z\u2019ibihugu bikomeye bihanganye muri aka karere.<br \/>\nAha yatanze urugero rw\u2019ibibazo biri mu karere ko ahanini bikururwa na politiki z\u2019ibihugu, atanga urugero rw\u2019u Burundi, yavuze kandi ko ibibazo byatewe na politiki y\u2019abayobozi b\u2019u Burundi bigomba kubonerwa ibisubizo, kugira ngo amahoro yongere agaruke mu karere.<br \/>\nMinisitiri Mushikiwabo yavuze ko kugira ngo iki kibazo kizacike mu Burundi bisaba ko inzego zose zishyira ingufu mu kugishakira umuti.<br \/>\nUretse perezida Kagame, Minisitiri Louise Mushikiwabo w\u2019ububanyi n\u2019amahanga n\u2019ubutwererane na Kayumba Nyamwasa wahoze muri Leta y\u2019u Rwanda ubu akaba ari mu bayirwanya, bashimangira ko igisubizo cy\u2019ibibazo by\u2019u Burundi kiri mu biganza byabo.<br \/>\nAgathon Rwasa, Visi Perezida w\u2019Inteko Nshingamategeko y\u2019u Burundi, nawe ahamya ko ikibazo kiri mu Burundi kizakemurwa n\u2019ibiganiro bihuza Abarundi ubwabo, agashimangira ko umuhuza atari we uzakemura ikibazo ahubwo ko azahuza Abarundi bakikemurira ikibazo.<br \/>\nKugeza magingo aya ibiganiro bikaba bigikomeje, umuti utaraboneka ngo u Burundi bwongere butekane nyuma y\u2019umwijima bumazemo imyaka igera kuri ibiri, kuva ubwo Nkurunziza yemezaga ko agiye kwiyamamaza kuri manda ya gatatu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>Itangishatse Th\u00e9oneste\/bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe ikibazo cy\u2019u Burundi kikiri ihurizo mu ruhando mpuzamahanga bamwe mu bayobozi barimo n\u2019ab\u2019u Rwanda bashimangira ko ikibazo cyabo kizakemurwa nabo ubwabo by\u2019umwihariko na Gen Kayumba ubu urwanya leta y\u2019u Rwanda yahoze akorera yunze muri iri jambo. Mu kiganiro yagiranye n\u2019Ijwi rya Amerika, Gen Kayumba Nyamwasa yabajijwe byinshi ku Rwanda ndetse anabazwa icyo yaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4685","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe ikibazo cy\u2019u Burundi kikiri ihurizo mu ruhando mpuzamahanga bamwe mu bayobozi barimo n\u2019ab\u2019u Rwanda bashimangira ko ikibazo cyabo kizakemurwa nabo ubwabo by\u2019umwihariko na Gen Kayumba ubu urwanya leta y\u2019u Rwanda yahoze akorera yunze muri iri jambo. Mu kiganiro yagiranye n\u2019Ijwi rya Amerika, Gen Kayumba Nyamwasa yabajijwe byinshi ku Rwanda ndetse anabazwa icyo yaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-26T13:32:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:09:22+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4685#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4685\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d\",\"datePublished\":\"2017-01-26T13:32:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4685\"},\"wordCount\":714,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4685#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4685\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4685\",\"name\":\"Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-26T13:32:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4685#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4685\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4685#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d - BWIZA","og_description":"Mu gihe ikibazo cy\u2019u Burundi kikiri ihurizo mu ruhando mpuzamahanga bamwe mu bayobozi barimo n\u2019ab\u2019u Rwanda bashimangira ko ikibazo cyabo kizakemurwa nabo ubwabo by\u2019umwihariko na Gen Kayumba ubu urwanya leta y\u2019u Rwanda yahoze akorera yunze muri iri jambo. Mu kiganiro yagiranye n\u2019Ijwi rya Amerika, Gen Kayumba Nyamwasa yabajijwe byinshi ku Rwanda ndetse anabazwa icyo yaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-26T13:32:15+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:09:22+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d","datePublished":"2017-01-26T13:32:15+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685"},"wordCount":714,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4685#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685","name":"Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-26T13:32:15+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4685"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4685#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gen Kayumba yunze mu ry\u2019abayobozi b\u2019u Rwanda, ati \u201d ikibazo cy\u2019u Burundi kizakemurwa na bo ubwabo\u201d"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4685","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4685"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4685\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4685"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4685"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4685"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}