{"id":46911,"date":"2022-04-19T15:05:56","date_gmt":"2022-04-19T15:05:56","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/04\/19\/rwamagana-hari-abaturage-10-bavuga-bumiwe-ubwo-bahamagarwaga-na-sacco-ibishyuza\/"},"modified":"2022-04-19T15:05:56","modified_gmt":"2022-04-19T15:05:56","slug":"rwamagana-hari-abaturage-10-bavuga-bumiwe-ubwo-bahamagarwaga-na-sacco-ibishyuza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911","title":{"rendered":"Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni"},"content":{"rendered":"<p><strong>Abaturage 10 bo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana, baravuga ko baguye mu kantu nyuma y\u2019uko ubuyobozi bwa SACCO bubahamagaye bubishyuza inguzanyo ya Miliyoni 1.3 Frw nyamara bose nta n\u2019umwe uzi igihe yakiwe.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Uko ari bantu 10, bose bavuga ko amakuru y\u2019iyi nguzanyo bari kwishyuzwa na SACCO-Munyaga bayamenye ubwo bahamagarwaga bayishyuzwa.<\/p>\n<p>Umwe muri aba baturage witwa Mukamisha, yabwiye RADIOTV10 dukesha iyi nkuru,  ko mu gitondo kimwe yabyutse ahamagarwa n\u2019ubuyobozi bwa SACCO bumubwira ko ari mu bagomba kwishyura iyi nguzanyo.<\/p>\n<p>Yahise afata inzira ajya kubaza iby\u2019iyi nguzanyo kuko ari ubwa mbere byari bimuguye mu gutwi, akizamuka ahura n\u2019abandi baje kumureba ngo bajyane kubaza iby\u2019iki kibazo.<\/p>\n<p>Aba baturage bavuga ko bahamagawe babwirwa ko bagiye guterezwa cyamunara kubera kutishyura iyi nguzanyo, nyamara ku myirondoro y\u2019abatse iyi nguzanyo harashyizweho amakuru yabitiriwe batazi.<\/p>\n<p>Umwe ati \u201cNabonyeho nimero ya telephone ntigeze ntunga, baransinyiye na sinya si iyanjye, ikintu kiriho nemera ni nimero y\u2019irangamuntu kuko ndi umunyamuryango wa SACCO, niba barabikuye hano muri SACCO ntabwo mbizi.\u201d<\/p>\n<p>Uyu muturage avuga ko kuva yabaho ataraka inguzanyo n\u2019imwe. Ati \u201cSindafata amafaranga ya Leta wenda ngo nguze ngo mbure ubwishyu ariko nanayagujije.\u201d<\/p>\n<p>Aba baturage basabwa kwishyura Miliyoni 1,3 bafatanyije, bavuga ko barambiwe gusiragira bajya gusobanura iby\u2019iki kibazo cy\u2019umwenda batariye, bibahangayikishije.<\/p>\n<p>Bavuga ko aya mafaranga yahawe umuntu umwe witwa Jeannette, bakanenga ubuyobozi bwa SACCO bwemeye kuyamuha mu izina ry\u2019aba bantu 10 butababona.<\/p>\n<p>Undi muturage ati \u201cUwo muntu Jeannette ngo yafashe amafaranga ayaha Jules, narabajije ngo \u2018ko wayafashe ukayaha Jules, yari yanditse muri urwo rutonde?\u2019 ati \u2018Oya\u2019 ati \u2018Yarantegetse ngo nyamuhe\u2019.\u201d<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Munyaga, Mukashyaka Chantal avuga ko bagiye gukurikirana iki kibazo kugira ngo niba harimo uwakoze uburiganya abiryozwa. Ati \u201cNtabwo dushobora kwemera ko hari ugira icyo yitwaza ngo arenganye umuturage.\u201d<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko uwahawe aya mafaranga witwa Jules ashobora kuba yaramaze no kuva mu Rwanda akaba yarahungiye muri kimwe mu Bihugu bihana imbibi n\u2019u Rwanda.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage 10 bo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana, baravuga ko baguye mu kantu nyuma y\u2019uko ubuyobozi bwa SACCO bubahamagaye bubishyuza inguzanyo ya Miliyoni 1.3 Frw nyamara bose nta n\u2019umwe uzi igihe yakiwe. Uko ari bantu 10, bose bavuga ko amakuru y\u2019iyi nguzanyo bari kwishyuzwa na SACCO-Munyaga bayamenye ubwo bahamagarwaga bayishyuzwa. Umwe muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-46911","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage 10 bo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana, baravuga ko baguye mu kantu nyuma y\u2019uko ubuyobozi bwa SACCO bubahamagaye bubishyuza inguzanyo ya Miliyoni 1.3 Frw nyamara bose nta n\u2019umwe uzi igihe yakiwe. Uko ari bantu 10, bose bavuga ko amakuru y\u2019iyi nguzanyo bari kwishyuzwa na SACCO-Munyaga bayamenye ubwo bahamagarwaga bayishyuzwa. Umwe muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-04-19T15:05:56+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46911#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46911\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni\",\"datePublished\":\"2022-04-19T15:05:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46911\"},\"wordCount\":330,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46911#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46911\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46911\",\"name\":\"Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-04-19T15:05:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46911#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46911\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=46911#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni - BWIZA","og_description":"Abaturage 10 bo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana, baravuga ko baguye mu kantu nyuma y\u2019uko ubuyobozi bwa SACCO bubahamagaye bubishyuza inguzanyo ya Miliyoni 1.3 Frw nyamara bose nta n\u2019umwe uzi igihe yakiwe. Uko ari bantu 10, bose bavuga ko amakuru y\u2019iyi nguzanyo bari kwishyuzwa na SACCO-Munyaga bayamenye ubwo bahamagarwaga bayishyuzwa. Umwe muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-04-19T15:05:56+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni","datePublished":"2022-04-19T15:05:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911"},"wordCount":330,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46911#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911","name":"Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-04-19T15:05:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=46911"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=46911#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Hari abaturage 10 bavuga bumiwe ubwo bahamagarwaga na SACCO ibishyuza Frw asaga miliyoni"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46911","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=46911"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/46911\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=46911"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=46911"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=46911"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}