{"id":4693,"date":"2017-01-27T06:39:05","date_gmt":"2017-01-27T06:39:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/27\/reb-yasobanuye-inkomoko-y-abarimu-ba-baringa-bahembwa-na-leta\/"},"modified":"2025-02-12T17:09:19","modified_gmt":"2025-02-12T15:09:19","slug":"reb-yasobanuye-inkomoko-y-abarimu-ba-baringa-bahembwa-na-leta","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693","title":{"rendered":"REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta"},"content":{"rendered":"<p>Ukurikije ibisobanuro bitangwa n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe uburezi (REB), ikibazo cy\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta cyana gishingiye uri ruswa iri hagati y\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri n\u2019abashinzwe uburezi mu turere kuko ari bo bohereza abarimu ku bigo by\u2019amashuri rimwe na rimwe bakanohereza abarimu badakenewe ari nabyo biurura Abarimu ba baringa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nREB yabwiye abadepite ko kuri ubu Abarimu bo mu Rwanda babigize umwuga bagiye kujya bandikwa kugira ngo harwanywe ikibazo cy\u2019abarimu babaringa bagarara mu mashuri  aho usanga hari umubare munini w\u2019abarimu bagenerwa imishahara ariko batari mu kazi.<br \/>\nIbi ni bimwe mu byo umuyobozi w\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe uburezi (REB) yasobanuriye abadepite bagize komisiyo y\u2019imibereho y\u2019abaturage, kuri raporo ya komisiyo y\u2019abakozi ba leta y\u2019umwakawa 2015-2016.<br \/>\nMuri raporo ya komisiyo y\u2019abakozi ba letay\u2019umwaka wa 2015-2016, hagaragaye ikibazo cy\u2019barimu ba baringa mu mashuri. Iki kibazo cyagaragaye cyane mu karereka Nyagatare ahagaragaye abarimu bahembwa nk\u2019abafite icyiciro cya mbere cyangwa icya 2 cya kaminuza kandi barize amashuri 6 yisumbuye.<br \/>\nIbi bikaba byaratumye Ministeri y\u2019imari n\u2019igenamigambi itanga amafranga y\u2019umurengera yahembwe imishahara abo barium ba baringa.<br \/>\nImibare igaragaza ko muri Nyagatare honyine, abarimu bari mu myanya ari abagera ku 1590 nyamara abagenerwa imishahara ngo ni 1719,, bivuze ko abagera ku 129 bahembwa badakora.<br \/>\nHari n\u2019abandi barium bagera kuri 72 usanga bari mu bigo kandi badafite amasaha yo kwigishamo amasomo. Aha, abadepite bakaba basanga hari imikorere idahwitse hagati ya REB, urwego rushinzwe uburezi ku karere ndetse n\u2019ibigo by\u2019amashuri nk\u2019uko byagarutsweho na Depite Rwaka Pierre Claver<br \/>\nDepite Rwaka yagize ati \u201c Abadirecteur bavugango akarere kabaha abarimu ngo nibabahe akazi kandi bazi ko batabakeneye, nabo bakemera, iyo bemeye babashyira he?  Umudirecteur w\u2019ikigo wemera umwarimu adafite icyo azamukoresha kandi azahembwa amafarnga ya leta we dukwiye kumugira umwere? Twemere ngo ni amategeko yahawe n\u2019akarere?\u201d<br \/>\nAha umuyobozi mukuru wa REB, Gasana Janvier Ismael yavuze ko abagize uruhare bose muri aya manyanga batangiye gukurikiranwa<br \/>\nGasana ati \u201cUmuzi w\u2019iki kibazo uri mu mikorere mibi. Biraboneka ko harimo ikibazo cya ruswa. Haraboneka ko hari abantu bahawe ibyo batagomba guhabwa, hari abatarahawe ibyo bagomba guhabwa, harimo akarengane\u2026 ibyo rero iyo tumaze kubibona hari inzego tugomba kwitabaza kugirango dufatanye turebe level of responsibility. Bive mu bintu bya rusange bijye ku bantu ku giti cyabo.  Niba iki kibazo cyo gushyira abarimu mu myanya cyaragenze nabi tumenye ngo ninde wari ubishinzwe ku rwego rw\u2019akarere. Ese niba uwari ubishinzwe yarahaye umwarimu umuyobozi w\u2019ishuri azi ko atamukeneye kuki yamwemeye? Kuki atabivuze?\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nGusa ariko si muri aka karere ka Nyagatare konyine ahubwo hashyizweho n\u2019ingamba zizatuma ikikibazo cy\u2019abarimu ba baringa gicika burundu mu gihugu hose. Muri izo ngamba harimo kwiyandikisha ku barimu b\u2019umwuga nk\u2019uko bikorwa mu zindi nzego<br \/>\nGasana akomeza agira ati \u201cDufite status yihariye y\u2019abarimu yemejwe ejo bundi yashyizwe mu igazeti ya leta tugiye gutangira gushyira mu bikorwa. Igikubiye muri iyo statut mu buryo bw\u2019umwihariko, kizadufasha gukemura ibibazo ni uko ubu noneho mu Rwanda hagiye kubaho kwandukura(Registration and licencing) abarimu babigize umwuga.Ubwarimu nabwo bukaba umwuga nka kwakundi aba ingenieurs bishyira hamwe ntihagire ukora uwo mwuga adafite icyangombwa cyatanzwe n\u2019urugaga rwabo, cg se abaganga cg se n\u2019abandi. Tuzajya dushyira umwarimu mu ishuri ari uko twabonye ko afite ubunyamwuga kandi abishoboye kandi abikunze\u201d<br \/>\nKu bijyanye n\u2019imikoranire n\u2019izindi nzego mu bijyanye n\u2019uburezi, umuyobozi wa REB  yavuze ko bifuza ko abashinzwe uburezi ku rwego rw\u2019umurenge bajya bagira ibiro ku bigo by\u2019amashuri bakaba ari ho bakorera akazi kabo ka buri munsi, kuko byajya byoroshya igenzura ndetse n\u2019abafite aho bahuriye n\u2019uburezi bakabasha gukora nk\u2019ikipe imwe<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<a href=\"https:\/\/web.facebook.com\/niyoschady\"> <strong>Schadrack@bwiza.com<\/strong> <\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ukurikije ibisobanuro bitangwa n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe uburezi (REB), ikibazo cy\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta cyana gishingiye uri ruswa iri hagati y\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri n\u2019abashinzwe uburezi mu turere kuko ari bo bohereza abarimu ku bigo by\u2019amashuri rimwe na rimwe bakanohereza abarimu badakenewe ari nabyo biurura Abarimu ba baringa. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] REB yabwiye abadepite ko kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4693","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ukurikije ibisobanuro bitangwa n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe uburezi (REB), ikibazo cy\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta cyana gishingiye uri ruswa iri hagati y\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri n\u2019abashinzwe uburezi mu turere kuko ari bo bohereza abarimu ku bigo by\u2019amashuri rimwe na rimwe bakanohereza abarimu badakenewe ari nabyo biurura Abarimu ba baringa. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] REB yabwiye abadepite ko kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-27T06:39:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:09:19+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4693#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4693\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta\",\"datePublished\":\"2017-01-27T06:39:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4693\"},\"wordCount\":627,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4693#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4693\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4693\",\"name\":\"REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-27T06:39:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4693#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4693\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4693#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta - BWIZA","og_description":"Ukurikije ibisobanuro bitangwa n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe uburezi (REB), ikibazo cy\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta cyana gishingiye uri ruswa iri hagati y\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri n\u2019abashinzwe uburezi mu turere kuko ari bo bohereza abarimu ku bigo by\u2019amashuri rimwe na rimwe bakanohereza abarimu badakenewe ari nabyo biurura Abarimu ba baringa. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] REB yabwiye abadepite ko kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-27T06:39:05+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:09:19+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta","datePublished":"2017-01-27T06:39:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693"},"wordCount":627,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4693#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693","name":"REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-27T06:39:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4693"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4693#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"REB yasobanuye inkomoko y\u2019abarimu ba baringa bahembwa na leta"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4693","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4693"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4693\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4693"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4693"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4693"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}