{"id":4694,"date":"2017-01-27T08:18:10","date_gmt":"2017-01-27T08:18:10","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/27\/polisi-ikomeje-kurwanya-iyinjizwa-ry-ibiyobyabwenge-n-ikoreshwa-ryabyo\/"},"modified":"2025-02-12T17:09:18","modified_gmt":"2025-02-12T15:09:18","slug":"polisi-ikomeje-kurwanya-iyinjizwa-ry-ibiyobyabwenge-n-ikoreshwa-ryabyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694","title":{"rendered":"Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo"},"content":{"rendered":"<div>\n<p>Polisi y\u2019u Rwanda yashyize imbaraga mu kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge mu gihugu yongera ibikorwa by\u2019ubukangurambaga bigamije gusobanurira abaturarwanda ububi bwabyo; ibyo bikajyana ariko no gufata abavunira ibiti mu matwi bagakomeza kubitunda, kubicuruza cyangwa kubikoresha.<\/p>\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nImikwabu ikorwa hirya no hino mu gihugu ifatirwamo ibiyobyabwenge by\u2019amoko atandukanye. Ibifashwe birangizwa; naho ababifatanywe bakorerwa dosiye igashyikirizwa ubushinjacyaha.<br \/>\nKu itariki 25 uku kwezi, mu turere twa Gicumbi  na Musanze habaye ibikorwa byo kwangiza ibiyobyabwenge byafashwe mu bihe bishize.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nMuri Gicumbi hangijwe ibifite agaciro ka Miliyoni 23 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda; ari byo: litiro 2106 za Kanyanga, amasashe 34, 223 ya Chief Warage, amasashe 9, 780 ya Zebra Warage, Uducupa 17, 087 twa African Gin, uducupa 2, 214 twa Real Gin, amasashe 4, 899 ya Kick Warage, amasashe 19, 620 ya Blue Sky, amasashe 1, 452 ya Vodka, amasashe 684 ya Kitoko, bule 208 za Mayirungi na bule 85 z\u2019urumogi.<br \/>\nIbiyobyabwenge byangijwe mu karere ka Musanze bifite agaciro k\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda  21, 911, 800 ; ibyo akaba ari: litiro 400 za Kanyanga, bule 236 z\u2019urumogi n\u2019amaduzeni  6, 900 y\u2019inzoga zo mu masashe z\u2019amoko atandukanye zitemewe mu Rwanda zirimo Kitoko, Chief Warage na Blue Sky.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nUsibye ibyo biyobyabwenge, hangijwe kandi amavuta yo kwisiga y\u2019amoko atandukanye atujuje ubuziranenge afite agaciro k\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda 626, 500.<br \/>\nUmuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Gicumbi, Chief Superintendent of Police (CSP) Dan Ndayambaje yabwiye amagana y\u2019abatuye Umurenge wa Kageyo wabereyemo igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge byafatiwe muri aka karere ati,&#8221; Ibiyobyabwenge birakenesha, kubera ko iyo bifashwe birangizwa. Muribonera ubwanyu ko amafaranga abishorwamo apfa ubusa, nyamara yakabaye ashorwa mu bindi byemewe n\u2019amategeko bibyara inyungu.&#8221;\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nYakomeje ababwira ati,&#8221; Ababinyoye bakora ibikorwa binyuranije n\u2019amategeko bihungabanya ituze rya rubanda birimo gukubita no gukomeretsa, gufata ku ngufu n\u2019ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Murasabwa kunywa no gucuruza ibyemewe n\u2019amategeko, kandi bidafite ingaruka mbi ku buzima bwanyu.&#8221;<br \/>\nCSP Ndayambaje yashimye abatanze amakuru yatumye ibyo biyobyabwenge bifatwa, kandi asaba abatuye aka karere muri rusange kwirinda ibyaha aho biva bikagera no kugira uruhare mu kubirwanya batungira agatoki Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019izindi nzego zibishinzwe abo babicyekaho.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nMu butumwa yagejeje ku bari ahabereye igikorwa cyo kwangiza ibyafatiwe mu karere ka Musanze, cyabereye mu murenge wa Muhoza, Umuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda muri aka karere, Chief Inspector of Police (CIP) Jean Claude Kabandana yagize ati, &#8220;Abishora mu biyobyabwenge by\u2019amoko yose turabagira inama yo kubireka kuko nta cyiza cyabyo; kandi ababitunda n\u2019ababicuruza bamenye ko isaha iyo ari yo yose bazafatwa kuko tuzi amayeri bakoresha babyinjiza mu gihugu ndetse n\u2019aho babicisha.&#8221;<br \/>\nYagize kandi ati,&#8221;Usibye gutera ababinywa gukora ibyaha bihanishwa igifungo no gucibwa ihazabu; binabatera uburwayi butuma badakora ngo biteze imbere; muri make, bidindiza iterambere ry\u2019ubyishoramo. Mubyirinde, kandi mugire uruhare mu kurwanya itundwa n&#8217;ikoreshwa ryabyo mutanga amakuru atuma hafatwa ababikora.&#8221;\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nNa none imikwabu yakozwe na Polisi y\u2019u Rwanda mu turere twa Kirehe, Karongi  na Burera ku itariki 24 uku kwezi yayifatiyemo ibiyobyabwenge by\u2019amoko atandukanye.<br \/>\nMu karere ka Kirehe yahafatiye uwitwa Nsabiyebose Justin afite ibiro 10 by\u2019urumogi. Yafatiwe mu kagari ka Kiremera, ho mu murenge wa Kigarama.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nMuri Burera hafatiwe amasashe 504 y\u2019inzoga itemewe mu Rwanda  yitwa Blue Sky na litiro 20 za Kanyanga. Byafatiwe mu kagari ka Kamanyana, ho mu murenge wa Cyanika.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmukwabu wakozwe mu karere ka  Karongi wafatiwemo  litiro 450 z\u2019inzoga y\u2019inkorano yitwa Marokeri, ikorwa mu mazi, ifu y\u2019amasaka, isukari, umusemburo witwa Pakmaya, n\u2019amatafari aseye.\n<\/div>\n<div>\n<p>Izi litiro 450 za Marokeri zafatiwe  mu kagari ka Kabirizi, ho mu murenge wa Rubengera; zikaba zarahise zimenwa zikimara gufatwa; icyo gikorwa kikaba cyaritabiriwe n\u2019abatuye aho cyabereye bagera ku 150; bakaba barasabwe kubyirinda.<\/p>\n<\/div>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda yashyize imbaraga mu kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge mu gihugu yongera ibikorwa by\u2019ubukangurambaga bigamije gusobanurira abaturarwanda ububi bwabyo; ibyo bikajyana ariko no gufata abavunira ibiti mu matwi bagakomeza kubitunda, kubicuruza cyangwa kubikoresha. Imikwabu ikorwa hirya no hino mu gihugu ifatirwamo ibiyobyabwenge by\u2019amoko atandukanye. Ibifashwe birangizwa; naho ababifatanywe bakorerwa dosiye igashyikirizwa ubushinjacyaha. Ku itariki 25 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4694","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda yashyize imbaraga mu kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge mu gihugu yongera ibikorwa by\u2019ubukangurambaga bigamije gusobanurira abaturarwanda ububi bwabyo; ibyo bikajyana ariko no gufata abavunira ibiti mu matwi bagakomeza kubitunda, kubicuruza cyangwa kubikoresha. Imikwabu ikorwa hirya no hino mu gihugu ifatirwamo ibiyobyabwenge by\u2019amoko atandukanye. Ibifashwe birangizwa; naho ababifatanywe bakorerwa dosiye igashyikirizwa ubushinjacyaha. Ku itariki 25 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-27T08:18:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:09:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4694#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4694\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo\",\"datePublished\":\"2017-01-27T08:18:10+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4694\"},\"wordCount\":601,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4694#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4694\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4694\",\"name\":\"Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-27T08:18:10+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4694#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4694\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4694#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda yashyize imbaraga mu kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge mu gihugu yongera ibikorwa by\u2019ubukangurambaga bigamije gusobanurira abaturarwanda ububi bwabyo; ibyo bikajyana ariko no gufata abavunira ibiti mu matwi bagakomeza kubitunda, kubicuruza cyangwa kubikoresha. Imikwabu ikorwa hirya no hino mu gihugu ifatirwamo ibiyobyabwenge by\u2019amoko atandukanye. Ibifashwe birangizwa; naho ababifatanywe bakorerwa dosiye igashyikirizwa ubushinjacyaha. Ku itariki 25 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-27T08:18:10+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:09:18+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo","datePublished":"2017-01-27T08:18:10+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694"},"wordCount":601,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4694#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694","name":"Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-27T08:18:10+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4694"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4694#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi ikomeje kurwanya iyinjizwa ry\u2019ibiyobyabwenge n\u2019ikoreshwa ryabyo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4694","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4694"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4694\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4694"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4694"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4694"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}