{"id":4711,"date":"2017-01-28T07:44:03","date_gmt":"2017-01-28T07:44:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/01\/28\/ababyeyi-n-abayobozi-b-ibigo-by-amashuri-barasabwa-kwita-ku-mutekano-w-abana-mu\/"},"modified":"2025-02-12T17:09:10","modified_gmt":"2025-02-12T15:09:10","slug":"ababyeyi-n-abayobozi-b-ibigo-by-amashuri-barasabwa-kwita-ku-mutekano-w-abana-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711","title":{"rendered":"Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri"},"content":{"rendered":"<div>\nIshami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda rirasaba Ababyeyi n\u2019Abayobozi b\u2019Ibigo by\u2019Amashuri gukurikirana ko imodoka zijyana abana ku ishuri zikanabacyura ko ba nyirazo bujuje ibyangombwa bibemerera gukora iyi mirimo.\n<\/div>\n<div>\nUbu butumwa butanzwe nyuma y\u2019aho hagaragaye bamwe mu batwara izi modoka batujuje ibisabwa  birimo ubwishingizi no gusuzumisha ubuziranenge bwazo.<br \/>\nHari ubwo bamwe mu bazitwara bafatwa basinze ku buryo iyo Polisi ibahagaritse, ikabasaba kuvamo, badandabirana benda kugwa hasi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nUmuvugizi w\u2019iri Shami, Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kabanda yavuze ko iyo myitwarire n\u2019imigirire idashobora kwihanganirwa kuko, usibye kuba inyuranije n\u2019amategeko; ishyira mu kaga ubuzima bw\u2019abanyeshuri batwarwa muri izo modoka.&#8221;<br \/>\nYakomeje agira ati,&#8221;Umuntu utwara bene izo modoka agomba kuba afite icyangombwa kigaragaza ko zakorewe isuzuma ry\u2019ubuziranenge. Zigomba kandi kuba zifite ubwishingizi. Gutwara abana mu modoka idafite ubwishingizi, kandi itameze neza (Ifite ubupfu runaka) ni ubwicanyi nk\u2019ubundi.&#8221;\n<\/div>\n<div>\nCIP Kabanda yongeyeho ati,&#8221;Ababyeyi n\u2019Abayobozi b\u2019Ibigo by\u2019Amashuri bafite inshingano zo gukurikirana umutekano w\u2019abana bagenda muri izo modoka. Bakwiye kugenzura ko  igihe batwawe ku ishuri ndetse n\u2019igihe bavanwayo badatwawe n\u2019umuntu wasinze.&#8221;<br \/>\nYagize kandi ati,&#8221;Kurinda umutekano w\u2019abo bana bisaba uruhare rwa buri wese mu bo bireba. Mu bigomba kwitabwaho harimo guhitamo Kompanyi yujuje ibyangombwa; ariko na none ibyo bigomba kujyana no gukurikirana ko zubahiriza ibyo zisabwa.&#8221;<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nYavuze ko Polisi izamo mu rwego rwo gucyebura no guhana abatwara izo modoka bishe amategeko y\u2019umuhanda; ariko yongeraho ko bitakabaye ngombwa mu gihe abo bireba bose bubahirije inshingano zabo.<br \/>\nCIP Kabanda yibukije kandi ko kubungabunga umutekano wo mu muhanda bitavuga gusa gutwara ikinyabiziga ku muvuduko wemewe n\u2019amategeko no kutabitwara wasinze; ahubwo ko ibyo byunganirwa no kuvana mu muhanda ibintu byose bishobora guteza impanuka birimo amabuye, umucanga, n\u2019imyanda itandukanye.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <em> <strong>@bwiza,com<\/strong> <\/em>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda rirasaba Ababyeyi n\u2019Abayobozi b\u2019Ibigo by\u2019Amashuri gukurikirana ko imodoka zijyana abana ku ishuri zikanabacyura ko ba nyirazo bujuje ibyangombwa bibemerera gukora iyi mirimo. Ubu butumwa butanzwe nyuma y\u2019aho hagaragaye bamwe mu batwara izi modoka batujuje ibisabwa birimo ubwishingizi no gusuzumisha ubuziranenge bwazo. Hari ubwo bamwe mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-4711","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda rirasaba Ababyeyi n\u2019Abayobozi b\u2019Ibigo by\u2019Amashuri gukurikirana ko imodoka zijyana abana ku ishuri zikanabacyura ko ba nyirazo bujuje ibyangombwa bibemerera gukora iyi mirimo. Ubu butumwa butanzwe nyuma y\u2019aho hagaragaye bamwe mu batwara izi modoka batujuje ibisabwa birimo ubwishingizi no gusuzumisha ubuziranenge bwazo. Hari ubwo bamwe mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-01-28T07:44:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:09:10+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4711#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4711\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri\",\"datePublished\":\"2017-01-28T07:44:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4711\"},\"wordCount\":331,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4711#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4711\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4711\",\"name\":\"Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-01-28T07:44:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:09:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4711#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4711\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=4711#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri - BWIZA","og_description":"Ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda rirasaba Ababyeyi n\u2019Abayobozi b\u2019Ibigo by\u2019Amashuri gukurikirana ko imodoka zijyana abana ku ishuri zikanabacyura ko ba nyirazo bujuje ibyangombwa bibemerera gukora iyi mirimo. Ubu butumwa butanzwe nyuma y\u2019aho hagaragaye bamwe mu batwara izi modoka batujuje ibisabwa birimo ubwishingizi no gusuzumisha ubuziranenge bwazo. Hari ubwo bamwe mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-01-28T07:44:03+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:09:10+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri","datePublished":"2017-01-28T07:44:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711"},"wordCount":331,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4711#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711","name":"Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-01-28T07:44:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:09:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=4711"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=4711#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ababyeyi n\u2019abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri barasabwa kwita ku mutekano w\u2019abana mu modoka zibajyana ku ishuri"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4711","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=4711"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/4711\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=4711"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=4711"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=4711"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}