{"id":47169,"date":"2022-04-27T11:25:39","date_gmt":"2022-04-27T11:25:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/04\/27\/perezida-kagame-yasobanuye-uko-yemereye-umunyamahanga-wifuzaga-gukorera-mu\/"},"modified":"2022-04-27T11:25:39","modified_gmt":"2022-04-27T11:25:39","slug":"perezida-kagame-yasobanuye-uko-yemereye-umunyamahanga-wifuzaga-gukorera-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169","title":{"rendered":"Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yasobanuriye abadipolomate uko yigeze kwemerera umuganga ukomoka muri Cameroon wifuzaga gukorera muri iki gihugu, kumuzana mu ndege ye.<\/strong><\/p>\n<p>Umukuru w\u2019igihugu yavuze ko uyu muganga wabaga mu Bubiligi yabimusabye mu 2014 ubwo yari mu munsi mukuru wahariwe u Rwanda (Rwanda Day) i Amsterdam mu Buholandi.<\/p>\n<p>Ati: \u201cNagezaga ijambo ku Banyarwanda, hari kuri Rwanda Day. Hari haje Abanyarwanda bagera mu 5000 bari baturutse ku mugabane w\u2019Uburayi, maze mbabaza uko baje i Burayi.\u201d<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko yabwiye bamwe muri aba Banyarwanda bageze i Burayi babeshya ko ubuzima bwabo mu Rwanda bwari mu kaga. Ati: \u201cAriko ndatekereza i Burayi na ho batera urujijo kubera ko umuntu uvuze ati: \u2018nari ngiye gupfa, Kagame yari agiye kunyica\u2019 baravuga ngo \u2018hano ni muri demukarasi, mu bwisanzure, tumutabare\u2019.\u201d<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019Igihugu yasobanuye ko muri aba bantu harimo abasize bishe. Ati: \u201cAriko uyu muntu mu by\u2019ukuri yishe abantu mu Rwanda, none arimo kubeshya kugira ngo yemererwe kuba i Burayi. Icyo gihe mu 2014 narababwiye \u2018umunsi umwe Uburayi buzamenya uku kuri ndabibabwiye, kandi buzaza kuri buri umwe muri mwe, bumubaze ngo \u2018wageze hano ute?\u2019. Bazamenya ukuri, babapakire muri kontineri cyangwa ikindi kintu, babasubizeyo.\u201d<\/p>\n<p>Yavuze ko kuri uyu munsi, harimo abakomoka muri Mali, Burkina Faso, Senegal na Cameroon, maze bamusobanurira uko babayeho ku mugabane w\u2019u Burayi.<\/p>\n<p>Ubwo umuganga umwe yaje kumubaza uko yagera mu Rwanda akahakorera. Ati: \u201cIcyo gihe undi muntu ukomoka muri Cameroon, yari Dogiteri, maze ambwira ko yaturutse mu Bubiligi maze aravuga ati \u2018Numvise byinshi ku Rwanda, ndashaka kuza nkahakorera, ndi umuganga\u2019.\u201d<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko yamwemereye kumwishyurira ikiguzi cy\u2019urugendo, cyangwa akamutwara mu ndege ye. Ati: \u201cNaramubwiye nti \u2018Ndagusigira itike cyangwa se nkutware mu ndege yanjye, ujye mu rugo\u2019.\u201d<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019igihugu avuga ko uyu muganga yaje mu Rwanda, akaba akorera i Kigali mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal (King Faisal Hospital).<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yasobanuriye abadipolomate uko yigeze kwemerera umuganga ukomoka muri Cameroon wifuzaga gukorera muri iki gihugu, kumuzana mu ndege ye. Umukuru w\u2019igihugu yavuze ko uyu muganga wabaga mu Bubiligi yabimusabye mu 2014 ubwo yari mu munsi mukuru wahariwe u Rwanda (Rwanda Day) i Amsterdam mu Buholandi. Ati: \u201cNagezaga ijambo ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,132],"class_list":["post-47169","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-featured-post"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yasobanuriye abadipolomate uko yigeze kwemerera umuganga ukomoka muri Cameroon wifuzaga gukorera muri iki gihugu, kumuzana mu ndege ye. Umukuru w\u2019igihugu yavuze ko uyu muganga wabaga mu Bubiligi yabimusabye mu 2014 ubwo yari mu munsi mukuru wahariwe u Rwanda (Rwanda Day) i Amsterdam mu Buholandi. Ati: \u201cNagezaga ijambo ku [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-04-27T11:25:39+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47169#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47169\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye\",\"datePublished\":\"2022-04-27T11:25:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47169\"},\"wordCount\":317,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"Featured Post\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47169#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47169\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47169\",\"name\":\"Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-04-27T11:25:39+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47169#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47169\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=47169#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye - BWIZA","og_description":"Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda, Paul Kagame, yasobanuriye abadipolomate uko yigeze kwemerera umuganga ukomoka muri Cameroon wifuzaga gukorera muri iki gihugu, kumuzana mu ndege ye. Umukuru w\u2019igihugu yavuze ko uyu muganga wabaga mu Bubiligi yabimusabye mu 2014 ubwo yari mu munsi mukuru wahariwe u Rwanda (Rwanda Day) i Amsterdam mu Buholandi. Ati: \u201cNagezaga ijambo ku [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-04-27T11:25:39+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye","datePublished":"2022-04-27T11:25:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169"},"wordCount":317,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","Featured Post"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47169#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169","name":"Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-04-27T11:25:39+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=47169"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=47169#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47169","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=47169"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/47169\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=47169"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=47169"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=47169"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}